Congo Nobel laureate doctor Mukwege announces presidency bid
Democratic Republic of Congo’s Nobel Peace Prize-winning gynaecologist Denis Mukwege said on Monday he would run for president in December elections. Mukwege, who won the award in 2018 for his nearly two-decade fight against sexual violence, made the announcement to a jubilant crowd of supporters at a conference centre in the capital Kinshasa. Nicknamed the […]
Kituo cha kufua umeme cha Rusumo kitazinduliwa hivi karibuni
Mkutano wa 15 wa Mawaziri ambao wana umeme miongoni mwa nchi zao kutoka Tanzania, Rwanda na Burundi wametangaza Desemba kuwa tarehe ya mwisho ya kuzindua mtambo wa kuzalisha umeme wa megawati 80 wa Rusuko. Katika kutembelea kiwanda hicho, Septemba 30, mawaziri hao walielezwa kuwa kazi hiyo kwa sasa imefikia 99.7% ya kukamilika, ambayo kwa sasa […]
Mukwege yiyongereye mu bazahatanira na Tshisekedi kuyobora RDC
Umunyapolitiki Dénis Mukwege wigeze gutwara igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel, yemeje ko aziyamamariza kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu matora ateganyijwe mu Ukuboza uyu mwaka. Mukwege yemeje ko aziyamamaza, ubwo kuri uyu wa Mbere yaganiriraga n’itangazamakuru i Kinshasa. Uyu mugabo usanzwe ari n’umuganga w’indwara z’imyanya myibarukiro y’abagore, yavuze ko aziyamamaza nk’umukandida wigenga, gusa kandidatire ye […]
Kuri uyu wa Kabiri Antony wa Manchester United aragaruka mu kibuga nyuma yo gushinjwa ihohotera

Umutoza Erik ten Hag yavuze ku cyemezo cye cyo kugarura Antony mu ikipe ya Manchester United nyuma yo guhagarikwa muri iyi kipe aho yaashinjwaga guhohotera uwahoze ari umukunzi we. Ibi yabigarutseho ubwo yari abajijwe kuri uyu musore niba azongera kugaragara mu kibuga, maze nawe atazuyaje avuga ko ashobora gukina kuri uyu wa kabiri nyuma y’uko […]
Iminsi 10 ya mbere y’Ukwakira izarangwa n’imvura yiganjemo inkuba n’imiyaga – Meteo

Ikigo cy’Igihugu cy’iteganyagihe kiremeza ko kuva taliki ya 1 kugeza kuya 10 Ukwakira 2023, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 0 na 75 ikazaba iri hasi y’ ikigero cy’impuzandengo y’imvura isanzwe igwa mu gihugu mu gice cya mbere cy’Ukwakira. Imvura iteganyijwe izajya igwa ahantu hamwe na hamwe ntigere hose icyarimwe naho iminsi iteganyijwe […]
Nyamasheke: Abantu 10 bagwiriwe n’umukingo
Abantu 10 bo mu karere ka Nyamasheke bagwiriwe n’umukingo babiri bahita bapfa, ubwo barimo barubaka urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi. Byabereye mu murenge wa Gihombo kuri uyu wa Mbere tariki ya 02 Nzeri 2023. Umuyobozi w’agateganyo w’akarere ka Nyamasheke, Muhayeyezu Joseph Desiré, yavuze ko iyi mpanuka yabaye ahagana saa 10:30. Yavuze ko bariya bantu bagwiriwe […]
Intambara ishobora kurota hagati ya Sudani y’Epfo na Uganda
Umuvugizi w’inteko ishinga amategeko ya Sudani y’Epfo yihanangirije Uganda avuga ko igihugu cye kitazemera ko haba na santimetero imwe y’ubutaka bwacyo yomekwa kuri Uganda mu gihe amakimbirane ku mupaka akomeje hagati y’abaturanyi bombi. John Agany yavuze amagambo avuga ko ari ubutumwa bugenewe Perezida Yoweri Museveni nyuma y’iminsi mike ingabo za Uganda zivuzweho kwinjira muri Sudani […]
Une délégation de l’armée zambienne au Rwanda pour un voyage d’étude

Aujourd’hui, une délégation composée de 20 professeurs et officiers étudiants du Collège de commandement et d’état-major des services de défense de Zambie a visité le quartier général des Forces de défense rwandaises (RDF). La délégation conduite par le Col CM Munachilemba est au Rwanda pour un voyage d’étude du 1er au 7 octobre 2023. Le […]
Burundi: Inyandiko z’abiyise abasirikare n’abapolisi baharanira impinduka zateje urujijo
Mu gitondo cy’uyu wa 2 Ukwakira 2023, mu bice bitandukanye by’u Burundi hatoraguwe kopi z’itangazo ry’iyiyise ‘komite y’abasirikare n’abapolisi iharanira impinduka’ bigaragara ko ryanditswe tariki ya 30 Nzeri. Mu gika kibanza cy’iri tangazo, iyi komite yahawe izina ry’impine rya ‘CMPCB’ iravuga ko mu bigo by’igisirikare n’igipolisi hamaze iminsi umugambi wo guhirika ubutegetsi buriho, gusa yo […]
IMIRWANO IKAZE HAGATI YA M23 NA FARDC YATANGIYE i BUSUMBA, KIRUMBU, KIBARIZO, KILORERWE
👮ðŸ¿â€â™‚ï¸BATAYO 6 Z’INGABO Z’U BURUNDI ZOHEREJWE DRC KURASA M23!👨ðŸ¿â€ðŸŽ¨URUGAMBA RUGIYE GUHINDURA ISURA !ðŸ¹ðŸ¥·ðŸ¿
FARDC YASABWE KWIRUKANA M23 MURI NYIRAGONGO MU GIHE CYA VUBA\ GEN CIRIMWAMI YAZANYE ABANDI MUSHAKI
Abantu 10 bagwiriwe n’igisenge mu mubatizo barapfa

Nibura abantu 10, barimo abana batatu bapfiriye mu mubatizo ubwo bagwirwaga n’igisenge cy’itorero babatirizwagamo mu majyaruguru ya Mexico.Isenyuka ryabaye ku cyumweru nyuma ya saa sita ku isaha yaho, ubwo abantu bagera ku 100 bitabiraga umubatizo ku rusengero rwa Santa Cruz muri Ciudad Madero. Abaturage baho bihutiye kujya mu nyubako bafite amasuka na mapiki kugira ngo […]
Hamisa Mobetto ari ku gitutu cyo kurongorwa

Umuhanzikazi akaba n’umushabitsi Hamisa Hassan Mobetto yatangaje ko ari ku gitutu cyo gushakana n’umukunzi we mushya Kevin Sowax, aho abantu bakomeje kumubaza igihe bazarushingira.Mu kiganiro aherutse kugirana n’igitangazamakuru kimwe , Hamisa yemeye ko akomeje kotswa igitutu n’umuryango we ngo ashake umugabo. Ati: “ Gushaka biri muri gahunda yImana kandi biba mu gihe nyacyo. Nahisemo kwibanda […]
Mali: Inyeshyamba za CMA zigaruriye ikindi kigo cya gisirikare
Kuri iki Cyumweru, inyeshyamba z’Aba-Tuareg zo mu majyaruguru ya Mali zavuze ko zafashe ikindi kigo cya gisirikare zicyambuye Ingabo za Mali nyuma y’imirwano yabereye mu majyaruguru y’igihugu. Iki kigo cya gisirikare ni icya kane cyafashwe mu bitero byinshi by’urugamba rw’inyeshyamba zo mu mutwe wa Coordination of Azawad Movements (CMA), rwatangiye kuva muri Kanama nyuma yo […]
M23 yaba yahaye isomo FARDC
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko yatakarije abasirikare benshi mu mirwano yahuje Ingabo za Guverinoma yayo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Ni imirwano yabereye mu duce twa Teritwari ya Masisi ku Cyumweru tariki ya 01 Ukwakira 2023. M23 ni yo yabanje gutanga impuruza y’iyi mirwano, mu butumwa Perezida wayo, Bertrand Bisimwa yanditse ku […]
REB yahaye amahirwe ya kabiri abarimu bakoze ibizamini bakabura amanota 70%
Urwego rushinzwe Uburezi bw’Ibanze mu Rwanda (REB), rwatanze amahirwe ya kabiri ku barimu bakoze ibizamini byo kwigisha ariko bakananirwa kugira amanota 70% yasabwaga. REB yatanze amahirwe ya kabiri kuri aba barimu, mu gihe hari abasaga 4,000 bari basabye akazi k’uburezi muri 2022 bari ku rutonde rw’abategeje kugahabwa. Aba bamaze igihe byumvikana babaza impamvu badahabwa akazi, […]
Austin nawe yibiwe telephone i Bujumbura,The Ben asuka amarira!Ibyaranze igitaramo cye

Mu gitaramo umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yakoreye i Burundi mu mpera z’icyumweru gishize cyaranzwe n’udushya twinshi harimo kwibwa telephone no gusuka amarira. Mu ijoro ryo kuwa gatanu ubwo habaga ibirori byo guhura n’abakunzi be mu cyiswe Meet and Greet, The Ben yibwe telephone ye ubwo yari ayirambitse ku meza agiye ku rubyiniro […]
RDC irashinja u Rwanda kudashaka ko ikibazo cy’impunzi gikemuka
Ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo buravuga ko ubw’u Rwanda budashaka gutanga umusanzu wabwo mu gukemura ikibazo cy’impunzi, zaba iz’Abanyekongo ndetse n’iz’Abanyarwanda. Ibi yabibwiye akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano tariki ya 28 Nzeri 2023 ubwo kagezwagaho raporo y’Umunyamabanga Mukuru ku mutekano wo mu burasirazuba bwa RDC. Yagize ati: “Ikibazo cy’impunzi zituruka mu Rwanda n’impunzi […]
Burera:Impuruza ku baturage barembejwe n’ Abatalibani batema abashinzwe umutekano

Hakomeje gutanga impuruza ku batuye mu murenge wa Rugengabare mu karere ka Burera,nyuma y’aho abiyita Abatalibani ngo bigabiza abashinzwe umutekano bakabakubita abandi bakanabatema kugirango babone uko birara mu birombe by’amabuye y’agaciro. Ni agatsiko k’insoresore ziba muri aka gace aho zigabiza ibyo birombe zikiba amabuye, gusa ikindi kibabaje n’uko zinasanga abashinzwe umutekano zikabagabaho ibitero zikoresheje intwaro […]
Hagati ya M23 na FARDC ni nde watangije imirwano ko bitana ba mwana?

Umutwe wa M23 urashinja Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kuyigabaho ibitero kuri iki Cyumweru, itariki ya 1 Ukwakira, mu gihe ku rundi ruhande leta na yo ishinja M23 kuba ari yo yarenze ku mabwiriza yo guhagarika intambara ikabagabaho ibitero. Kuri iki Cyumweru mu ma saa cyenda nibwo Umuyobozi wa M23 ndetse n’umuvugizi […]
U Rwanda ruritegura gushyira ahagaragara gahunda y’isoko rya karubone
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga (MINAFFET) n’Ikigo cy’ubutwererane cya Singapore (SCE) mu mpera z’ukwezi gushize byashyize umukono ku masezerano y’ubwumvikane (MoU) yo kuvugurura no kurushaho gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi ndetse n’iterambere ry’imibereho myiza n’ubukungu. Amasezerano y’imyaka itanu yashyizweho umukono mu izina rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda na Jean de Dieu Uwihanganye, Uhagarariye u Rwanda […]
Hongeye gututumba umwuka mubi hagati ya Cindy na Sheebah
Nyuma y’iminsi mike Sheebaha na Cindy bahataniye urugamba rwo gushaka kumenya ninde mwamikazi w’umuziki muri Uganda, kuri ubu ishyamba siryeru hagati y’aba bombi. Sheebah Karungi abinyujije ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhatana, yashimiye Cindy kuba yaritabiriye kandi agashyira ingufu muri icyo gikorwa kuko ngo hari itafari byongeye ku muziki w’abagande. Nyuma rero icyakurikiyeho n’uko benshi […]
RDF yipimye na FADM, iratsindwa
Ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu butumwa bwo kugarura amahoro i Cabo Delgado, zatsinzwe na bagenzi babo ba Mozambique ibitego 3-1 mu mukino wa gicuti wahuje impande zombi ku wa Gatandatu. Ni umukino wabereye ku kibuga cya BG-3 i Mocimboa da Praia, ukaba wari mu rwego rwo gukomeza kwishimira isabukuru y’imyaka 59 Igisirikare cya Mozambique (FADM) […]
Imirwano ikaze yubuye hagati ya FARDC na M23
Ubuyobozi bw’umutwe witwaje intwaro wa M23 buremeza ko igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, n’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo byatangiye kugaba ibitero mu duce dutandukanye two muri teritwari ya Masisi. Perezida w’uyu mutwe, Bertrand Bisimwa, mu butumwa yatangarije ku rubuga X kuri uyu wa 1 Ukwakira 2023, yatangaje ko FARDC yasohoje isezerano ryayo ryo […]
Abaswa bo mu burengerazuba baradusunikira mu Ntambara ya III y’Isi – Medvedev
Uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, yatangaje ko amakimbirane yo muri Ukraine ashobora gutera Intambara ya Gatatu y’Isi yose kubera abo yise “ibigoryi” bari mu buyobozi bwo hejuru mu Burengerazuba. Kuri iki Cyumweru, yanditse kuri Telegram ati: “Umubare w’abaswa bo ku rwego rwo hejuru uragenda wiyongera mu bihugu bigize Umuryango wa NATO.” Medvedev usanzwe […]