U Burundi bwatangaje intambara, tuzirwanaho: Major Willy Ngoma

Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 ku rwego rwa gisirikare, Major Willy Ngoma, yatangaje ko u Burundi bwabashojeho intambara mu buryo buziguye, bityo ko biteguye kwirwanaho. Ibi yabitangarije TĂ©lĂ© Renaissance nyuma y’aho igisirikare cy’u Burundi gisohoye itangazo kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2023 riteguza abasirikare b’iki gihugu bari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba […]

P. Kagame yagiranye ibiganiro na Abiy Ahmed

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed. Ibiganiro by’abayobozi bombi byabereye i Riyadh muri Arabie Saoudite, aho bitabiriye inama ihuza iki gihugu n’umugabane wa Afurika. Abiy yemeje ko yahuye na Perezida Paul Kagame mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Yavuze ko kimwe n’abarimo […]

‘Ntitugomba gutsimbarara mu bihe byashize ‘Perezida Kagame mu nama muri Soudi Arabia

Kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Ugushyingo 2022 Perezida Paul Kagame yageze i Riyadh aho yitabiriye itangizwa ry’inama ihuza Arabia Saoudite na Afurika. Ubwo hafungurwaga iyi nama Perezida Kagame mu ijambo yagejeje ku bari muri iyo nama yavuze ko bidakwiye ko hakwiye kwibandwa ku gutandukana n’ibibazo mu rwego rwo gutegura ejo hazaza. Ati”Ntidushobora gukomeza gutsimbarara […]

Uganda:Prophete wigiye guhanura mu nda y’intare yavuze uko yamumize bunguri

William Ssozi umuhanuzi umaze kubaka izina mu mujyi wa Kampala muri Uganda, yasangije abakunzi be uburyo ki intare yamumize akamara mu nda yayo nibura hagati y’iminota 45 n’isaha bikarangira yigiyemo guhanura. Mu kiganiro na UBC cyatambutse ku ya 27 Ukwakira 2023, Intumwa Ssozi asobanura avuga ko yamizwe n’Intare mu gihe yari akiri muto ubwo yari […]

Ingabo z’u Burundi zahungiye mu matware ya FDLR nyuma yo kuva i Kitshanga

Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu butumwa bwa EAC bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahungiye mu gace ka Lushebere nyuma yo kuva i Kitshanga. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo izi ngabo zatwitse ibirindiro zavagamo i Kitshanga mbere yo kubivamo zikerekeza ahantu hatahise hamenyekana. Izi ngabo zavuye muri uyu mujyi kuri […]

Kivu zombi biyemeje gutangira imyigaragambyo ihoraho nyuma y’aho Leta ya RDC inaniwe M23

Sosiyete sivile yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iyo muri Kivu y’Amajyepfo zatangaje ko guhera kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2023 ziratangira imyigaragambyo ihoreho nyuma y’aho nyiratarengwa zari zahaye ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo ngo bube bwamaze gutsinda umutwe witwaje intwaro wa M23 ntacyo itanze. Iyi miryango mu itangazo rihuriweho yashyize hanze kuri […]

Somalia could be admitted to the East African community this month

East African Community (EAC) Secretary-General Peter Mathuki says Somalia could be admitted to the bloc this month, The East African reports. An Ordinary Heads of State Summit is scheduled for November 23-24 in Arusha, and the region’s presidents are expected to endorse Somalia’s accession. Dr Mathuki told a panel at the Africa Investment Forum in […]

Darfur: RSF iravugwaho kwica abantu hafi 1500 mu gisa nka jenoside

Ku itariki ya 2 Ugushyingo, ingabo z’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) zagose inkambi y’abavanywe mu byabo nyuma yo gutera ikigo cy’ingabo za leta cyari hafi yaho mu burengerazuba bwa Darfur. Mu minsi itatu yakurikiyeho, uyu mutwe witwara gisirikare wakoze ibishobora kuba ubwicanyi bwakorewe abantu benshi mu gihe gito kuva intambara y’abenegihugu yatangira muri Mata. […]

Miss Bahati Grace aritegura ubuheta

Bahati arikumwe na Pacifique ndetse n'imfura ye yabyaranye na K8 Kavuyo

Nyampinga w’u Rwanda 20009, Bahati Grace aritegura kwibaruka umwana w’ubuheta nyuma y’uko imfura ye yabyaranye n’umuhanzi K8 Kavuyo nawe amaze kwigira imbere haba mu myaka no mugihagararo. Uyu Bahati abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze amafoto agaragaza ko akuriwe ndetse ko ari mu myiteguro yo kubyara undi mwana wa kabiri arikumwe n’umugabo we […]

Yami Alade arembejwe n’igitutu cyo kurongorwa

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nijeriya, Yemi Eberechi Alade, yatangaje ibyiyumvo bye ku gitutu ahabwa n’umuryango we n’incuti aho bakomeje kumubuza amahwemo ngo ashake umugabo . Uyu muhanzikazi, mu kiganiro aheruka kugirana na Cool FM, yinubira ko afite igitutu cyo gushaka no kubyara mu gihe we ngo abona nta mpamvu yo kumwihutisha bitewe n’uko ariwe wiyoborera […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU

Itangazo ry'ubuyobozi bwa gasutamu kuri iyi cyamunara

Ubuyobozi bwa gasutamu buratangaza ko tariki ya 7 Ukuboza 2023 i Huye na MAGERWA hazaba cyamunara y’ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu, biherereye i Rusizi, Huye na MAGERWA. Urutonde rw’ibucuruzwa byose birebwa n’iri tangazo

Tity Brown wari umaze imyaka 2 afunzwe yagizwe umwere

Icyemezo cy'urukiko kigira Ishimwe umwere

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere umubyinnyi Ishimwe Thierry wamamaye nka Tity Brown wari umaze iyaka ibiri afunzwe. Ni umwanzuro wafashwe kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2023 mbere y’igihe kuko byari byateganyijwe ko usomwa saa saba. Utesha agaciro ikirego cy’Ubushinjacyaha bwashinjaga Ishimwe gusambanya umwana w’umukobwa. Uru rukiko kandi rwategetse ko Ishimwe ahita afungurwa uyu mwanzuro […]

Birababaje kuba umuntu amara imyaka 20 ari umuyede, umunyonzi: Umuyobozi muri RIB

Umuyobozi w’urwego rw’ubugenzacyaha mu ntara y’Iburasirazuba, Rutaro Herbert, yatangaje ko bibabaje kuba umuntu amara imyaka 20 cyangwa irenga ari umuyede ufasha abafundi, cyangwa ari umunyonzi w’igare. Ibi yabibwiye urubyiruko mu kiganiro cyateguwe na Minisiteri y’urubyiruko cyari gikubiyemo impanuro z’uko rwakwitwara ku isoko ry’umurimo, amahirwe ahari n’ukuntu rwayabyaza umusaruro. Rutaro yagize ati: “Ngiye kubaha urugero rumwe […]

Umukuru w’Ingabo za Burkina Faso mu Rwanda gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare

f-g3latxeaamccd.jpg

Umugaba mukuru w’ingabo za Burkina Faso, Brig. Gen CĂ©lestin SIMPORE n’intumwa ze bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi kuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Ugushyingo 2023. Ku gicamunsi, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali kandi yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse anasura Ingoro Ndangamurage y’ubukangurambaga bwo kurwanya Jenoside ku nyubako […]

Ngororero:Umugore yafashwe ahetse imwana imbere ashyiramo urumogi

Mu Burengerazuba bw’u Rwanda mu karere ka Ngororero haravugwa umugore w’imyaka 23 wafashwe na Polisi atwaye urumogi akoresheje amayeri yo kuruheka mu mugongo no kunda maze akarenzaho umwana. Bivugwa ko ngo uyu mugore utu dupfunyika tw’urumogi tugera ku 1018 yari atuvanye mu Karere ka Rubavu.Polisi ivuga ko yamufashe ku bufatanye n’abaturage batanze amakuru maze nawe […]

Abanyamakuru ntibemerewe kwinjirana ibifata amajwi n’amashusho mu rubanza rwa Gasana

Urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rwabujije abantu bose kwinjirana ibikoresho bifata amajwi n’amashusho mu rubanza rwa CG (Rtd) Gasana Emmanuel wabaye Guverineri w’intara y’Iburasirazuba n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda. Mbere y’uko uru rubanza rw’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rutangira kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2023, umwanditsi mukuru w’uru rukiko, Komeza Anastase yamanitse itangazo rigira riti: “Nta muntu […]

Israel yateguje agahenge k’amasaha ane buri munsi muri Gaza

Israel igiye gutangira gutanga aga ahgahenge k’amasaha ane buri musi mu turere two mu mu Burasirazuba bwa Gaza, nk’uko bitangazwa n’umuvugizi w’inama y’igihugu y’umutekano ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, John Kirby. Hagati aho, mMinisitiri w’umutekano wa Israel ashimangira ko ari ingingo zerekeye gusa “uturere kanaka, tuzwi neza mu rwego rwo kurushaho kugabanya umwuka w’intambara.Kuri […]

Corneille Nangaa yashinje Perezida Tshisekedi guteranya amoko amusaba kwegura

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Kane, itariki ya 9 Ugushyingo 2023, uwahoze ari perezida wa Komisiyo Yigenga y’Amatora muri Congo (CENI) wahindutse utavuga rumwe n’ubutegetsi, Corneille Nangaa, arasaba kwegura Perezida FĂ©lix Tshisekedi ashinja gutwika intara ya Tshopo binyuze mu“guteranya abavandimwe babiri, Aba-Mbole n’Aba-Lengola ”. Aho ari mu buhungiro, Perezida w’ishyaka Action pour […]

Urukiko rw’Ikirenga rugiye gutanga umwanzuro kuri gahunda y’u Bwongereza n’u Rwanda

Urukiko rw’Ikirenga rwa London mu Bwongereza rwatangaje ko rugiye gutangaza umwanzuro kuri gahunda y’iki gihugu yo kohereza abimukira mu Rwanda. Nk’uko tubikesha ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, uru rukiko ruzatangaza uyu mwanzuro nyuma ya saa sita (ku masaha yo mu Rwanda) tariki ya 15 Ugushyingo 2023. Ni umwanzuro wa nyuma ushobora gutesha agaciro uw’urukiko rw’ubujurire wakumiraga […]

Amajyaruguru: Ubuyobozi bwiyemeje gushyira iherezo ku mwanda, Banque Lambert n’amacakubiri

Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru bwiyemeje gushyira iherezo ku bikorwa bibi bimaze igihe biyihesha isura mbi, birimo umwanda, ubusinzi ndetse n’amacakubiri amaze igihe ayirangwamo. Ni gahunda ubuyobozi bw’iyi ntara bwatangaje ku wa Kane tariki ya 9 Ugushyingo, ubwo bwagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru cyabereye mu karere ka Musanze. Intara y’Amajyaruguru imaze igihe ivugwamo uruhuri rw’ibibazo birimo umwanda, ubusinzi bukabije […]

Lt Col wa FARDC yahungiye muri M23

Umutwe wa M23 wemeje ko wakiriye Lieutenant Colonel mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), nyuma yo guhunga ‘amabi’ zikomeje gukora. Bertrand Bisimwa uyobora ishami rya Politiki muri uwo mutwe yemeje ko ku wa Kane tariki ya 9 Ugushyingo ari bwo Lt Col Yusto Kanyove yahungiye muri uriya mutwe, nyuma y’igihe akangishwa ko […]

ApĂ´tre Mutabazi yahishuye uko yahawe miliyoni 100 frw ngo areke kuvuga kuri politiki y’u Rwanda

dsc_3436.jpg

Umuvugabutimwa bwiza akaba n’intumwa (ApĂ´tre) Mutabazi Kabarira Maurice yahishuye uburyo yahawe amamiliyoni y’amafaranga y’u Rwanda harimo na miliyoni 100 frw ngo aceceke ntiyongere kuvuga kuri Politiki y’u Rwanda. Mu kiganiro uyu Muvugabutumwa yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane yavuze kuri bimwe mu bikubiye mu gitabo ari bushyire hanze kuri uyu wa Gatanu taliki 10 Ugushyingo […]

Brussels: Umutangabuhamya yabajijwe kuri Fred Rwigema, kwihangana biramunanira

Umutangabuhamya uri mu baregera indishyi baturutse mu Rwanda yananiwe kwihangana, asuka amarira ubwo Perezidante w’urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi rwamubazaga kuri Major General Fred Gisa Rwigema watangije urugamba rwo kubohora igihugu. Ni mu gihe uyu mutangabuhamya w’imyaka 51 y’amavuko yatangaga ubuhamya kuri Twahirwa SĂ©raphin uburana ibyaha bya jenoside n’iby’intambara ashinjwa gukora mbere ya […]

Ishyamba si ryeru hagati ya Israel na Brazil nyuma y’ibyatangajwe na Mossad

Kuri uyu wa Kane, itariki 9 Ugushyingo, Minisitiri w’ubutabera muri Brazil, Flavio Dino, yamaganye Israel bikomeye nyuma y’uko ikigo cy’ubutasi cya Mossad kivuze ko cyafashije guhagarika igitero cy’umutwe w’abarwanyi ba kisilamu wa Hezbollah ku Bayahudi bo muri Brazil. Dino yasubizaga amagambo adasanzwe yatangajwe ku wa Gatatu aho ikigo cya Mossad cyo muri Israel cyashimiye igipolisi […]