RDF yungutse abasirikare kabuhariwe bashya (Amafoto)

20231221_203016.jpg

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyungutse abasirikare bashya bo mu mutwe udasanzwe, nyuma yo gusoza imyitozo bari bamazemo amezi 10. Ni imyitozo bakoreraga mu kigo cy’imyitozo cy’i Nasho mu karere ka Kirehe. Umuhango wo gusoza iyi myitozo witabiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wari uwuhagarariyemo Perezida akanaba Umugaba w’Ikirenga, Paul Kagame. Gen Mubarakh […]

Amafoto: Abasirikare bakuru baherutse kuzamurwa mu ntera mu mapeti yabo mashya

gb40xdbxaaackzb.jpg

Mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF) haherutse kwandikwa amateka ubwo abasirikare 7 b’abagore bazamurwaga mu ntera bagahabwa ipeti rya Colonel, ari na bwo bwa mbere byari bibaye, mu gihe Umugaba Mukuru w’Ingabo, Mubarak Muganga nawe yazamuuwe ku ipeti rya General w’inyenyeri enye. Wasoma inkuru bifitanye isano hano hasi Ahabanza Ahabanza Dore amafoto bambaye amapeti yabo mashya

FCC ya Kabila yasabye abanye-Congo guhuza imbaraga bakirukana Tshisekedi

Impuzamashyaka Front Commun Pour le Congo (FCC) ya Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahamagariye abanye-Congo guhuza imbaraga bagashyira iherezo ku butegetsi bwa Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi uyoboye igihugu. Ni ubutumwa FCC yatanze mu itangazo yageneye abanye-Congo kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Ukuboza 2023. Ni nyuma y’amatora yabaye […]

Minisitiri Utumatwishima yavuze ku gitaramo cya Yago

Minisitiri w’Urubyiruko Utumatwishima Abdallah yemeje ko azitabira igitaramo cyo ku murika album ya Mbere ya Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago yise Suwejo. Ni nyuma y’ubutumire ya mugejejeho bumusaba ko yazitabira iki gitaramo biteganyijwe ko kizaba tariki 22.12.2023 muri Camp Kigali. Yagize Ati” Kuva Minisiteri y’Urubyiruko yakwakira Iterambere ry’ubuhanzi, umuhanzi wa mbere untumiye kwitabira igitaramo cye […]

Umuhanzi wa gospel, Eric Moyo, yapfuye nyuma yo kugwa ku rubyiniro

Umuhanzi w’indirimbo zo guhimbaza Imana, Eric Moyo, yapfuye nyuma yo kugwa hasi ari mu gitaramo mu gihugu cya Afurika y’Epfo kuri uyu wa gatatu, itariki 20 Ukuboza 2023. Uyu muririmbyi w’Umunya-Zimbabwe wavukiye muri Afurika y’Epfo w’imyaka 41 y’amavuko yari mu itsinda rizwi cyane rya gospel ryitwa Joyous Celebration. Mbere y’urupfu rwe, yakiriwe mu bitaro muri […]

Ambasaderi wa Niger muri Loni wari wanzwe yemerewe guhagararira igihugu cye

Nyuma y’amezi atatu mu gihirahiro, Komisiyo yihariye ya Loni yafashe icyemezo. Ambasaderi wa guverinoma y’inzibacyuho ya Niger yemerewe guhagararira igihugu cye i New York. Muri Nzeri, Loni yari yamubujije kwinjira mu Nteko rusange, yubahiriza amabwiriza yatanzwe n’akanama gashinzwe umutekano gakomeje kwemeza ko guverinoma ya Mohamed Bazoum ari yo yonyine yemewe. Ni igitego cy’umutwe kuri Guverinoma […]

RDC:Indege zizacana umuriro kuri M23 zirimo kongererwa ubushobozi

Mu gihugu cya Georgia harimo kongererwa ubushobozi kajugujugu esheshatu z’intambara zigera kuri 6 za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugirango zizarase abarwanyi ba M23. Africa Intelligence itangaza ko kompanyi yahawe ikiraka na RDC , yahawe amabwiriza ko ubushobozi buzongerwa kuri izi ndege buzaba buyishoboza kurasa kure cyane no gutinda mu kirere nta mbogamizi mu gihe […]

Comment la nouvelle usine d’engrais du Rwanda pourrait stimuler l’agriculture

Une usine de mĂ©lange d’engrais basĂ©e au Bugesera et lancĂ©e par le Rwanda le mercredi 20 dĂ©cembre envisage d’augmenter les rendements des cultures de 40 pour cent, selon ses propriĂ©taires et le Ministère de l’Agriculture et des Ressources animales (MINAGRI). Ils ont indiquĂ© que l’usine de mĂ©lange d’engrais du Rwanda pourrait y parvenir en mĂ©langeant […]

Nyanza: Abantu 4 barohamye mu kigega cy’amazi

Abantu bane bapfiriye mu kigega cy’amazi cy’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) giherereye mu murenge wa Kibirizi w’akarere ka Nyanza, ubwo bari bagiye kugisukura. Inkuru y’urupfu rw’aba bantu yemejwe na Meya w’akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme. Uyu muyobozi yabwiye Kigali Today ko imashini zizamura amazi yuhira imyaka mu mirima ya RAB kuri Sitasiyo ya Mututu […]

Kayonza:Hari abafite inka zirwaye uburenge banga ko zigurishwa bagashaka kubana nazo

Mu Ntara y’Iburasirazuba mu Karere ka Kayonza mu murenge wa Mwiri nyuma y’uko haherutse kugaragara inka zirwaye uburenge, hari aborozi bajya banga kuzigurisha bagashaka kubana nazo. Ibi byagarutsweho na Dr. Fabrice Ndayisenga; ushinzwe ishami ry’ubworozi muri RAB, aho avuga ko hari aborozi usanga bafite imyumvire ya cyera yo kuba badashaka kwikuraho amatungo arwaye bagashaka kubana […]

Kinshasa: Umunyamakuru wa RFI yarusimbutse ubwo yakurikiranaga amatora

Ishyirahamwe ry’abanyamakuru bahagarariye ibinyamakuru mpuzamahanga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (ACPI-RDC) ryamaganye “ihohoterwa n’ibikorwa bisenya kwishyira ukizana” byakorewe kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 20 Ukuboza i Kinshasa, umunyamakuru Pascal Mulegwa, ukorera Radio France Internationale (RFI) mu gihe yakoraga umwuga we gusa akurikirana ibikorwa by’amatora. Uyu munyamakuru aherekejwe n’umwe muri bagenzi be, yari […]

Zaire Emery wa Paris Saint Germain yasesekaye i Kigali

Umukinnyi wo hagati wa Paris Saint-Germain Warren Zaire-Emery yageze i Kigali mu ruzinduko rukubiye mu masezerano yo guteza imbere ubukerarugendo u Rwanda rufitanye n’iyi kipe. Uruzinduko rwa Zaire Emery, ruje rukurikira urwa myugariro wa Arsenal, Jurrià«n David Norman Timber wageze mu Rwanda taliki 14 uku kwezi aho nawe yaje mu buryo bwo gushimangira imikoranire iyi […]

AfDB ivanye abakozi bayo b’abanyamahanga muri Ethiopia nyuma yo guhohoterwa

Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB) yahisemo kuvana abakozi bayo mpuzamahanga muri Ethiopia ako kanya. Ibiro bizakomeza gufungura bikorwamo n’umuyobozi ubishinzwe. Izi ngamba ntizizagira ingaruka ku bakozi bahawe akazi b’Abanya-Ethiopia bazakomeza akazi kabo kandi bakaguma mu mirimo nk’abakozi buzuye ba Banki. Banki izabizeza bo n’imiryango yabo inshingano zayo zo kubitaho. Ibi byemezo bije nyuma yo kutubahiriza […]

Yahanaguweho icyaha nyuma y’uko amaze hafi 1/2 cy’ikinyejana afunzwe

Muri Leta ya Oklahoma yahanaguyeho icyaha umugabo wari umaze hafi kimwe cya kabiri cy’ikinyejana muri gereza. Uyu mugabo yari yarafunzwe mu 1974 kubera ubwicanyi yashinjwaga .Icyo kikaba ari cyo gifungo cy’akarengane kirekire kibayeho muri Amerika. Glynn Simmons, ufite imyaka 70, yarekuwe muri Nyakanga (7) uyu mwaka, ubwo umucamanza yanzuraga ko habaho urubanza rushya. Kuri uyu […]

Amb. Rugira yokejwe igitutu azira kwita Abanya-Zambia ‘abanebwe’

Leta ya Zambia yihanangirije Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu, Rugira Amandin, nyuma yo kumushinja gutangaza ko umubare munini w’abanya-Zambia ari abanebwe. Umujyanama wa Perezida Hakainde Hichilema, Joseck Kunda mu butumwa yashyize hanze yifashishije amashusho, yashinje Ambasaderi Rugira kwita Abanya-Zambia abanebwe binyuze mu kiganiro aheruka gukora yifashishije urubuga rwa YouTube. Ati: “Ubutumwa bw’amajwi yafashwe na […]

Karongi: Hari aho bagikoresha uburyo gakondo mu kugeza abarwayi kwa muganga

Bamwe mu baturage bo mu mirenge ya Murundi, Gashari n’ahandi mu Karere ka Karongi, mu Ntara y’Iburengerazuba, barinubira kuba kugeza abarwayi kwa muganga bibagora kubera ikibazo cy’ibura ry’imbangukiragutabara zabugenewe. Aha ni mu gace k’imisozi miremire, usanga binagaragara ko imihanda yagiye yangirika nk’uko umunyamakuru w’Ijwi rya Amerika wahageze abitangaza, aho yabonye bamwe mu baturage batwaye abarwayi […]

RDC:Umunyamulenge wahagarariye amatora yakubiswe agirwa intere bamwita umunyarwanda

Umunyamurenge w’umupolisi yakubiswe agirwa intere nyuma y’uko ahagarariye amatora kuri site imwe bamwita umunyarwanda. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu ubwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo habaga amatora maze uyu mupolisi agerageje kugenzura niba birimo gukorwa neza arakubitwa agirwa intere. Uyu mupoli witwa Nkurunziza Isaac yakubiswe azira guhagararira amatora kandi avuka mu Banyamulenge ariko […]

Scatec iri kugurisha imigabane yari ifite mu rugomero rw’amashanyarazi ava ku izuba i Rwamagana

Uruganda rukora amashanyarazi ashobora kuvugururwa rwo muri Norvege, Scatec ASA (OSL: SCATC) rwafashe icyemezo cyo kugurisha imigabane ingana na 54% rwari rufite muri Sitasiyo y’amashanyarazi ava ku mirasire y’izuba iherereye ku butaka bukodeshwa, mu kigo cy’umudugudu w’urubyiruko rwa Agahozo Shalom Youth Village (ASYV) itanga megawatt 8.5 z’amashanyarazi mu Rwanda bijyanye n’ingamba zarwo zo kugabanya ishoramari […]

RDC: Abarimo Fayulu na Mukwege mu basabye ko amatora aseswa

Abanyapolitiki barimo Martin Fayulu na Denis Mukwege, basabye ko amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biyamamajemo ateshwa agaciro nyuma yo kugaragaramo inenge nyinshi. Ku wa Gatatu tariki ya 20 Ukuboza ni bwo abanye-Congo babarirwa muri miliyoni 44 baramukiye mu matora arimo ay’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, bashaka ugomba gusimbura Perezida FĂ©lix […]

Bugesera: Hafunguwe uruganda rugiye gukemura ikibazo cy’ifumbire

323c5788d9093e71642751064e20dd11.jpg

Uruganda rutunganya ifumbire mvaruganda ruzajya rutunganya nibura Toni ibihumbi 100 ku mwaka kuri uyu wa gatatu, itariki 20 Ukuboza rwafunguwe ku mugaragaro mu Karere ka Bugesera. Abaturage hamwe n’abagurisha ifumbire baravuga ko biteze ibisubizo bizatangwa n’uru ruganda ku bibazo byo kutabona ifumbire ihagije kandi ku gihe byagiraga ingaruka ku musaruro w’ubuhinzi. Kimwe mu bibazo by’ingutu […]

Gen. Christian Tshiwewe yagabanyirijwe ubushobozi

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen. Christian Tshiwewe Songesa yagabanyirijwe ubushobozi, yamburwa zimwe mu nshingano. Tshiwewe ni Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC kuva mu mwaka ushize wa 2022, ubwo yasimburaga kuri izo nshingano Gen CelĂ©stin Mbala woherejwe mu kiruhuko cy’izabukuru. Tshiwewe wahoze akuriye umutwe w’abasirikare […]

Guinea-Bissau: Perezida Embalo yirukanye Minisitiri w’Intebe nyuma y’icyumweru amushyizeho

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukuboza 2023, Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embalo, yirukanye Minisitiri w’Intebe, Geraldo Martins, nyuma y’icyumweru kimwe gusa amushyize kuri uyu mwanya, amusimbuza umunyapolitiki w’inararibonye mu bukungu. Ku itariki ya 12 Ukuboza, Martins yongeye kugirwa Minisitiri w’Intebe nyuma y’uko yari yashyizwe kuri uwo mwanya n’ubundi muri Kanama uyu mwaka kugeza […]

Yanze gushyingira umukobwa we ibandi rihita rimwivugana

Umugabo yiciwe bikabije mu baturage bo muri Leta ya Zamfara muri Nigeria azira ko yari agiye kubuza umukobwa we kurongora n’ibandi. Amakuru avuga ko ibyabaye byabereye i Kwalfada, umudugudu uherereye mu gace ka Tsafe gaherereye mu ntara ya Zamfara.Umuturage wo muri ako gace, Mallam Rabo, yemereye abanyamakuru ko umwe mu bajura yasabye ko yashyingiranwa n’umukobwa […]