Burundi: Leta yashyizeho ibihe bidasanzwe
Leta y’u Burundi kuri uyu wa Kabiri yashyizeho ibihe bidasanzwe muri iki gihugu, nyuma y’umwuzure ukomeye wibasiye iki gihugu. U Burundi cyo kimwe n’ibindi bice bitandukanye by’akarere byibasiwe n’umwuzure ukomeye, nyuma y’imvura nyinshi yaguye muri uku kwezi kwa Mata. Iki gihugu cyibasiwe n’umwuzure nyuma y’uko ikiyaga cya Tanganyika cyuzuye, ibyagize ingaruka ku baturage biganjemo abo […]
Uruzinduko rwa Kikwete muri Uganda ruhura rute n’intambara ya M23?
Hakomeje kwibazwa byinshi ku ruzinduko rwa Jakaya Murisho Kikwete kuri ubu uri mu gihugu cya Uganda aho abakurikira hafi ibibera muri kano karere k’Afurika y’Uburasirazuba bemeza ko uru ruzinduko rufitanye isano ya bugufi n’intambara ya M23 n’igisirikare cya DRC. Kikwete wayoboye Tanzaniya kuva 2005 kugeza 2015 ari muri Uganda mu gihe icyo gihugu kinafite undi […]
Rusesabagina yavuzwe muri Dosiye ya Nkunduwimye ushinjwa ibyaha bya Jenoside
Itsinda ry’abahanga mu mategeko bagaragaje ko mu iperereza ryakoze ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi Emmanuel Nkunduwimye ashinjwa, babajije abatangabuhamya barimo na Paul Rusesabagina. Iri tsinda ryemeza ko Rusebagina wari umuyobozi wa HĂ´tel des Mille Collines mu gihe cya jenoside, mu 2010 yaribwiye ko ubwe yiboneye Nkunduwimye yambaye imyenda ya gisirikare afite n’imbunda, ari kumwe […]
Umwarimu yasambanyije umwana wa 12/ Umugabo yikinishije amena intanga mu bana
Mu ntara ya Ngozi mu Burundi hakomeje kugaragara abagabo bakomeje gusambanya abana bato batari buzuza imyaka y’ubukure ku buryo batangira gukoresha ibyo bikorwa byahariwe abantu bakuru bazi ibyo ari ibyo. Abana bagera kuri 4 bamaze gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abagabo muri iyo Ntara babafatirana n’ubwana bwabo no kudasobanukirwa. Ku wa 11 Mata abana Babiri […]
Igisirikare cya Nigeria kiremeza ko kishe abayobozi 3 b’umutwe wa ISWAP
Kuri uyu wa Kabiri, ingabo zirwanira mu kirere za Nigeria zavuze ko ibitero by’indege byahitanye abayobozi batatu b’iterabwoba n’abarwanyi babo 30 muri Leta ya Borno mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria. Umuvugizi Edward Gabkwet mu itangazo rye, ko Ali Dawud, Mallam Ari na Bakurah Fallujah biciwe hamwe n’abarwanyi babo ku itariki ya 13 Mata aho bari […]
RIB na Minisitiri barampamagaye, mba mfunze: King James
Umuhanzi nyarwanda Ruhumuriza James wamenyekanye nka King James yasobanuye birambuye ibimuvugwaho by’uko yaba yarambuye inshuti ye, Pasiteri Ntezimana Blaise umushinja arenga Mliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda. Mu ijoro ryo ku wa 5 Mata ni bwo uwitwa Pasiteri Ntezimana Blaise uba muri Sweden yanditse ku rubuga rwe rwa X abwira Umukuru w’Igihugu ati: “Muri 2021 nahaye […]
Perezida w’Inteko yatunguwe n’ukuntu UPDF yubatse sitade y’Igihugu

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Anita Amang yashimiye UPDF ishami ry’ubwubatsi ku bikorwa bidasanzwe bakoze byo kuvugurura Sitade y’igihugu Mandela Stadium. Ku munsi w’ejo hashize nibwo Anita Amang yasuye Mandela National Stadium mu ruzinduko rw’ubugenzuzi aho yatunguwe n’aho ingabo zigihugu zigejeje imirimo yo kuvugurura iyo sitade. Ati: “Igihe ninjiraga, ntabwo nari niteze kubona ibyo nabonye. Nashimishijwe […]
London: Abadepite banze ubugororangingo bw’abasenateri mu mushinga w’itegeko rireba u Rwanda
Abadepite bo mu Bwongereza bateye utwatsi ubugororangingo bwose mu mushinga w’itegeko rirebana no kohereza abimukira mu Rwanda bwakozwe n’abasenateri mu gisa nko guhangana gikomeje hagati y’imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko kuri iri tegeko ritavugwaho rumwe . Umushinga w’itegeko, ryagiweho impaka cyane, kuri uyu wa Kabiri ugomba gusubira muri Sena kugira ngo wongere usuzumwe neza. Bije […]
CAF yakuyeho irushanwa ryitabirwaga n’iyatwaye igikombe cy’Amahoro
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ‘CAF’ yakuyeho irushanwa rya CAF Confederation Cup ryafatwaga nk’irya Kabiri muri Afurika. Muri iyi minsi CAF iri gukora amavugurura agiye atandukanye aho kuri ubu bageze ku marushanwa yari akomeye ku mugabane w’Afurika bayakorera amavugurura. Kuri uyu munsi nibwo hatangajwe ko CAF Confederation Cup igiye gukurwaho mu marushanwa iyi mpuzamashyirahamwa yo […]
Zimbabwe: Abagore icyenda batawe muri yombi bazira gukomera umugore wa Perezida
Abagore icyenda bo muri Zimbabwe bari batawe muri yombi bazira ko bazomereye umukuru w’igihugu muri Zimbabwe. Ibitangazamakuru byo muri Zimbabwe byavuze ko abagore icyenda bari batawe muri yombi muri icyo gihugu bashinjwa kuzomera (gukomera) umugore wa perezida bakuriweho ibirego. Ibyo birego byakuweho bitegetswe na Auxillia Mnangagwa, umugore wa Perezida Emmerson Mnangagwa, nkuko amakuru abivuga, asubiramo […]
Yorudaniya yihanangirije Isirayeli na Irani
Nyuma y’icyumweru kitoroshye muri Yorodaniya, cyaranzwe no kunyura ku indege zitagira abapilote za Irani na misile zo mu bwoko bwa ballistique zirashwe muri Isiraheli kandi inyinshi muri zo zikaba zaragurutse hejuru y’ikirere cy’ubwami bwa Hashemite (Yorudaniya), havutse impaka mu baturage. Bivugwa ko Yorudaniya yafashije Isiraheli mu guhanura indege zitagira abadereva za Irani zinyura mu kirere […]
Hagiye gutorwa umukobwa w’Irobo urusha abandi ubwiza muri Miss AI

Bwa Mbere ku isi hagiye kubaho amarushanwa y’ubwiza azitabirwa n’abakobwa buje uburanga ariko bakozwe n’ubwenge karemano bwa mudasobwa buzwi nka AI (intelligence artificielle). Urubuga Fanvue ruhuza abafite ibihangano rwateguye amarushanwa rwise “Miss AI” azahuza amafoto y’abanyamideli bakozwe n’imashini rutura zatojwe kurema amashusho y’abakobwa buje uburanga ku bice byose abagabo bibandaho batereta abagore cyangwa bemeza ko […]
Byifashe bite mu ntambara yo mu burasirazuba bwa DRC ?
Muri iyi nkuru tugaruka ku makuru yerekeranye n’uko ibintu byifashe mu ntambara ikomeje kubera mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hagati y’umutwe wa M23 n’Ingabo za Leta zifatanyije n’abafatanyabikorwa barimo SADC, Uburundi, WAZALENDO, FDLR n’Abacanshuro b’Abazungu. Ni ibikomeje kugarukwaho kuri uyu wa 16 Mata 2024, byose bikaba bikubiye muri VIDEO ikurikira. Harimo ko […]
Burundi: Umunyamakurukazi Sandra Muhoza yagejejwe mu maboko y’iperereza
Kuri uyu wa Mbere, Umunyamakurukazi Sandra Muhoza yimuriwe muri kasho k’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iperereza (SNR) i Bujumbura, umurwa mukuru w’ubucuruzi w’u Burundi. Nk’uko amakuru agera kuri SOS Media Burundi abitangaza, uyu munyamakuru ngo urwaye indwara idakira yakorewe iyicarubozo mu mpera z’icyumweru gishize i Ngozi mu majyaruguru y’u Burundi. Kugeza ku wa Mbere nijoro, umuryango wa […]
Thierry Froger yemeza ko APR FC ifite abakinnyi baciriritse
Umutoza wa APR FC, Thierry Froger yemereye itangazamakuru ko mu ikipe ye nta mukinnyi afite uri ku rwego rwo gukina imikino nyafurika. Ku munsi w’ejo hashize nibwo APR FC yanganyaga na AS Kigali ibitego Bibiri ku bindi mu mukino utari warabereye igihe kubera ibyago iyi kipe y’ingabo yari yagize byo gutakaza umutoza wongereraga imbaraga abakinnyi. […]
Umusekirite yirashe nyuma yo gusanga umukozi yaramurongoreye umugore
Mugiraneza Wellars bataziraga CACANA yapfuye yirashe mu muhogo akoresheje imbunda y’akazi bigacyekwa ko yaba yarabikoze kubera umukozi wo mu rugo wamurongoreye umugore. Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 15 Mata 2024 nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umusekirite wakoreraga Kompanyi ya ISCO acunga umutekano ku bigega bya WASAC mu karere ka Nyanza wigeze no kuba […]
Abapolisi ba RDC biciwe i Goma
Abapolisi babiri ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baraye biciwe mu i Goma, mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata intera muri uyu mujyi. Amakuru avuga ko abo bapolisi biciwe hagati y’ahazwi nko kuri Horeb no ku musigiti w’Abayisilamu uherereye muri Quartier ya Katindo, nyuma yo kugwa mu gico cy’abambuzi babishe babanize nyuma yo kubaka imbunda bari […]
Liberia:Abasenateri batoye itegeko rishya rihana ibyaha by’intambara
Abasenateri bo muri Liberiya batoye umushinga w’itegeko rishyiraho urukiko rw’ibyaha by’intambara, nyuma y’imyaka myinshi habayeho kwisubiranamo kw’abasivili muri iki gihugu cy’Iburengerazuba bwa Afurika. Urukiko rushya ruzakora iperereza kandi ruburanishe ibyaha byibasiye inyokomuntu na ruswa byakozwe mu ntambara ebyiri z’abenegihugu zabaye hagati ya 1989 na 2003, zahitanye abantu bagera ku 250.000. Peterson Sonyah, umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe […]
Mu kwezi kwa Werurwe 2024, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 4,2% – NISR
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda kinejejwe no kubagezaho igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Werurwe 2024. Igipimo ngenderwaho cyifashishwa mu bukungu bw’u Rwanda kiboneka hifashishijwe gusa ibiciro byakusanyijwe mu mijyi. A. Ibiciro mu mijyi Mu kwezi kwa Werurwe 2024, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 4,2% ugereranyije na Werurwe 2023. Ibiciro mu kwezi kwa Gashyantare 2024 […]
Nta burenganzira ufite bwo guhemukira igihugu cyawe, uzabikora azabyishyura — Gen. Tshiwewe
“Nta burenganzira ufite bwo guhemukira igihugu cyawe. Uzabikora azabyishyura mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Nta nyungu mufite mu gufatanya n’umwanzi ”, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Congo (FARDC), General Christian Tshiwewe, yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki ya 15 Mata, i Kinshasa ubwo habaga akarasisi gahuriweho n’abasirikare n’abapolisi. Mu gihe yahamagariye igisirikare n’abapolisi kwamagana abashaka kubashishikariza […]
Tanzania na Kenya byibasiwe n’imvura idasanzwe
Imyuzure yibasiye Tanzania mu byumweru bibiri bishize yahitanye abantu 58 yangiza n’ibikorwaremezo cyane. Ubu Leta yasabye abatuye ahagererewe n’ibyago kwimuka byihuse. Ahegereye inyanja, abantu bagera ku bihumbi 130 bahuye n’iyo myuzure. Leta irateganya kubaka inkuta (barrages) 14 nini zirinda amazi gutambuka mu rwego rwo kurinda abaturage kuba bahura n’imyuzure. Gusa hari n’izindi ngamba zirimo gufatwa. […]
Polisi yafashe amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu buryo bwa magendu
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU), Ku cyumweru tariki ya 15 Mata, yafatiye mu bikorwa bitandukanye mu turere twa Nyabihu na Gicumbi, amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu. Mu Karere ka Nyabihu hafatiwe imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari ipakiye amabalo 52 y’imyenda ya caguwa […]
Kenya: Abaganga bariye karungu bakomeza kwigaragambya
Abaganga bo mu bitaro bya leta ya Kenya bamaze iminsi myinshi batagera mu kazi kubera imyigaragambyo bamazemo igihe kinini mu mihanda. Aba baganga bari gushyira igitutu kuri leta ngo izane impinduka bifuza harimo kubongerera imishahara, ndetse no kongera umubare w’abakozi. Ugeze mu bitaro bitandukanye byo mu nkengero z’umujyi wa Nairobi, hari aho usanga ibitanda byibereyeho […]
Kwibuka30: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu tariki ya 16 mata 1994
Tariki ya 16 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi tariki ya 16 Mata 1994. Muri iyi nyandiko hariyongeraho amakuru ya Jenoside yakorewe Abatutsi i Nyamata mu Kiliziya no mu nyubako zayo. Ubwicanyi bwatangiye guhera […]
Abadipuromate b’i Burayi bahuriye i Paris batabariza Sudan
Ubudage bwasezeranije gutanga inkunga ya miliyoni 260 z’amadolari ku banya Sudan bugarijwe n’ibibazo by’inzara n’intambara. Ni nyuma y’uko abadipolomate b’i Burayi bahuriye i Paris mu Bufaransa mu rwego rwo gutabariza aba banye Sudan no gutanga inkunga. Ni intambara imaze hafi umwaka umwe iki gihugu gihuye n’akaga.Uretse ubudage bwemeye gutanga ayo mafaranga, ibindi bihugu by’Uburayi na […]
Tshisekedi ‘wari waraburiwe irengero’ yongeye kugaragara mu ruhame
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’icyumweru kirenga asa n’uwaburiwe irengero. Ku wa Mbere tariki ya 15 Mata ni bwo Tshisekedi yagaragaye muri kiliziya ya Notre Dame de Fatima i Kinshasa, ahaberaga misa yo gusabira Musenyeri GĂ©rald Mulumba umaze imyaka ine apfuye. Uyu Mulumba asanzwe […]
Abari inkingi za UDPS i Burayi na Amerika bisunze AFC/M23
Impuzamashyaka ya AFC ya Corneille Nangaa, itangaza ko yakiriye Ange Kalonji wari uhagarariye ishyaka rya UDPS muri diaspora. Ibi ni ibyatangajwe n’Umuvugizi w’iri huriro mu bya Plitiki Lawrence Kanyuka ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere taliki 15 Mata 2024 mu butumwa yanditse ku rukuta rwa Twitter(X). Yavuze ko abantu benshi bakomeje kuva kuri iri […]