Ntudakorera umugore ibi bintu 6 ntazigera agukunda

Mu mibanire y鈥檃bashakanye cyangwa abakundana, hari imyitwarire yihariye ishobora gutuma urukundo ruramba kandi rukarushaho gukomera. Abagabo bamenye aya mabanga barangwa n鈥檌cyubahiro, bagahorana icyizere, kandi bagakomeza kwifuzwa n鈥檃bagore babo. Dore ibintu 6 abagabo bakora bikabafasha kugumana urukundo rw鈥檃bagore babo: 1. Kubera Umugore Umusingi n鈥橧nkomezi Abagore basanzwe bafite amarangamutima akomeye kandi bakeneye kwitabwaho. Uburyo umugabo yitwara imbere […]
Goma: M23 yafashe abasirikare 130 ba FARDC bari bihishe mu bitaro

Umutwe wa M23 watangaje ko abantu babarirwa mu 130 Umuryango w’Abibumbye wise abarwayi ukawushinja kubashimuta ukabavana mu bitaro by’i Goma bari barwariyemo ari abasirikare ba FARDC. Ku wa Mbere tariki 03 Werurwe 2025, ni bwo Umuryango w鈥橝bibumbye biciye mu muvugizi w’Ishami ryawo rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu, Ravina Shamdasani, washinje M23 gushimuta abo bantu. Shamdasani yavuze […]
Tshisekedi yari yizeye kuzamura ibendera rya RDC i Kigali – Kabarebe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Gen (Rtd) Kabarebe yatangarije abagize inteko Ishinga Amategeko ko Tshisekedi, FDLR n鈥檃bajenerali be bemeranyije ko bazatera u Rwanda nyuma yo kwirukana abarwanyi ba M23 mu Ntara ya Kivu y鈥橝majyaruguru, bagakuraho ubutegetsi bw鈥檜 Rwanda, ndetse ko Tshisekedi yizeraga ko azazamura ibendera rya RDC i Kigali. Yabitangaje kuri uyu wa […]
Bebe Cool yanze gukorana igisibo n’abasilamu bagenzi be

Umuhanzi w鈥橴munya-Uganda, Bebe Cool yatangaje ko atazashobora gufunga muri Ramadan kubera uburwayi bwa Gout bumuzahaza. Uyu muririmbyi w鈥檜muyisilamu yakunze kwibazwaho impamvu atubahirizaga igisibo, ariko ntiyigeze asobanura impamvu ya nyayo kugeza ubu. Mu kiganiro yagiranye na NRG Radio, Bebe Cool yavuze ko inshuro yagerageje gufunga, byamugizeho ingaruka mbi cyane. Yagize ati: “Ubushize nageze ku minsi 19, […]
Kapiteni Kevin Muhire yagarutse mu myitozo mbere y鈥檜mukino na APR FC

Kapiteni wa Rayon Sports, Kevin Muhire yongeye gusubira mu myitozo nyuma yo gukira imvune yari yamukuye mu kibuga mu mukino batsinzemo Kiyovu Sports ibitego 2-1 tariki ya 15 Gashyantare. Muhire umaze gutsinda igitego kimwe no gutanga imipira 11 yavuyemo ibitego muri shampiyona y鈥檜yu mwaka, yagarutse mu myitozo ku wa Gatatu aho yifatanyije na bagenzi be […]
Kampala: Batatu bapfuye abandi bajyanwa mu bitaro nyuma y鈥檌nkongi yibasiye Sunrise Hotel

Nibura abantu 3 bimaze kwemezwa ko bapfuye mu gihe abandi benshi bakomeretse nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye Sunrise Hotel mu Mujyi wa Kampala rwagati. Abayobozi baravuga ko imibare ishobora kuzamuka nyuma y’inkongi y’umuriro yadutse kuri uyu wa Gatatu, i Kampala mu murwa mukuru wa Uganda, hataramenyekana icyayiteye. Itsinda rishinzwe gushakisha no gutabara ryageze aha mu rwego […]
Bangui: Gen. Nyakarundi azitabira umuhango wo gusoza imyitozo yatanzwe na RDF

Ku wa Kabiri, itariki ya 4 Werurwe, Perezida Faustin-Archange Touad茅ra wa Repubulika ya Centrafrica, yahuye n鈥檌ntumwa z鈥橧ngabo z鈥檜 Rwanda (RDF) ziyobowe n鈥橴mugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, ari kumwe n鈥橴muvugizi w鈥橧ngabo, Brig Gen Ronald Rwivanga hamwe n鈥檜muyobozi ushinzwe imyitozo, Lt Col L Kabutura. Hamwe n鈥橴muyobozi mukuru w鈥橧ngabo za Centrafrica (FACA) Gen Z茅phirin […]
Sudani y’Epfo: Intambara yongeye gututumba hagati ya Perezida Kiir na V/P Machar

Igisirikare cya Sudani y’Epfo cyafashe umuyobozi mukuru w鈥檌ngabo ukomoka mu ruhande rwa Visi Perezida wa Mbere, Riek Machar, kandi cyohereza ingabo kugota urugo rwa Machar, ibishobora guhungabanya amasezerano y’amahoro yo mu 2018 yarangije intambara hagati y’abenegihugu nkuko byatangajwe n’Umuvugizi we. Sudani y’Epfo yari ifite amahoro urebye kuva amasezerano yo mu 2018 yarangiza amakimbirane yari amaze […]
Kadudu wo muri Gen-Z Comedy yihakanwe na se wamubyaye

Kaduhire Ernestine uzwi nka Kadudu ni umwe mu bakobwa bake bagaragara mu bitaramo bya Gen-Z Comedy bitegurwa n鈥檜munyarwenya Fally Merci, nubwo amaze kwamamara mu rwenya, yanyuze mu buzima bukomeye nyuma yo kwihakwa na se, we n鈥檃bavandimwe be bahise bajya kurererwa kwa sekuru na we utari ufite ubushobozi buhagije. Ubwo yari mu kiganiro kuri B&B Kigali, […]
U Rwanda rwagize icyo rwibutsa u Budage bwarufatiye ibihano

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye icyemezo cya Guverinoma y’u Budage kuri uyu wa Kabiri bwiyongereye ku bihugu bimaze kurufatira ibihano, runenga ukuntu ubufatanye mu iterambere bukomeje kugirwa igikoresho cya politiki ndetse rwibutsa u Budage uruhare rwabwo mu mateka y’amakimbirane akomeje kugaragara mu karere. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Leta y’u Rwanda ivuga ko […]
U Bwongereza bwakuriye inzira ku murima u Rwanda rubwishyuza za miliyari聽

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko nta yandi mafaranga izishyira u Rwanda, nyuma yo gusesa amasezerano yerekeye abimukira ibihugu byombi byari byarasinyanye. Londres yatangaje ibi nyuma y’uko ku wa Mbere w’iki cyumweru Guverinoma y’u Rwanda yari yatangaje ko yishyuza u Bwongereza miliyoni 50 z’ama-Pounds (Frw miliyari 89). Ni nyuma yo kubushinja kwica amasezerano y’icyizere ibihugu byombi […]
Intambara yo mu burasirazuba bwa DRC yahungabanyije ubucuruzi bwambukiranya imipaka n’u Burundi

Mu gihe amakimbirane akomeje kwiyongera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), ubucuruzi bwambukiranya imipaka hagati y’iki gihugu n’u Burundi bugenda burushaho kuzamba. Ubucuruzi bwari bumaze gutera imbere, ubu bubangamiwe n鈥檜mutekano muke, bikabangamira ubukungu bwaho ndetse n鈥檌mibereho y鈥檃bacuruzi. Kuva muri Mutarama na Gashyantare 2025, intambara mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo […]
Abadepite barwaniye mu cyumba cy’Inteko kugeza bateraye n’ibiturika

Inteko Ishinga Amategeko ya Seribiya yabereyemo imvururu kuri uyu wa Kabiri, aho bamwe mu badepite batavugarumwe n鈥檜butegetsi batitaye ku mutekano, batangira gutera ibyotsi biryana mu maso (tear gas) n鈥檌biturika imbere mu cyumba cy鈥橧nama Nkuru. Ni imyigaragambyo ishingiye ku matora yo kwemeza ingengo y鈥檌mari y鈥檃mashuri makuru, kimwe mu byifuzo by鈥檃banyeshuri bari bamaze amezi ane mu myigaragambyo […]
Abadepite basabwe kuvuganira insengero zafunzwe

Ihuriro ry鈥檃madini n鈥檃matorero mu Rwanda (RIC) ryasabye Inteko Ishinga Amategeko gukorera ubuvugizi insengero, kiliziya n鈥檌misigiti byari byarafunzwe ariko bikaba byaramaze kuzuza ibisabwa, kugira ngo byemererwe kongera gukora. Ubwo bahuraga n鈥檃badepite bagize Komisiyo y鈥橧miyoborere, Uburinganire n鈥橴bwuzuzanye bw鈥橝bagabo n鈥橝bagore, abayobozi b鈥檃madini bagaragaje ko hari byinshi byakozwe mu rwego rwo kunoza imikorere yabo, harimo gukorera mu mucyo no […]
Abakomeje gushaka igisubizo cyo mu burasirazuba bwa DRC bahuye na Museveni

Itsinda rigizwe n鈥橧nama y鈥檌gihugu y鈥橝bepiskopi ya Congo (CENCO) n鈥橧torero rya Kristo muri Congo (ECC) ryagiranye inama, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 4 Werurwe, na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, mu rwego rw’umugambi wo gushaka igisubizo cy’amahoro ku bibazo b’iri mu burasirazuba bwa Congo. Iyi nama irangiye, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yagaragaje ko ashyigikiye […]
U Rwanda rwahamagaje Ambasaderi wa Canada

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ku wa Kabiri yahamagaje Ambasaderi wa Canada i Kigali, nyuma y’amagambo igihugu cye giheruka gutangaza ku Rwanda. Ku wa Mbere tariki ya 3 Werurwe ni bwo Canada yatangaje ko yafatiye u Rwanda ingamba zo kuruhana, nyuma yo kurushinja kugira uruhare mu guteza umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. […]