Nyanza: Umukecuru w’imyaka 65 arafunzwe azira gukubita umukazana

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umukecuru w’imyaka 65 wo mu karere ka Nyanza ukurikiranyweho gukubita umukazana we w’imyaka 29 akamukomeretsa. Amakuru yemezwa n’abaturage n’ubuyobozi bw’aho byabereye avuga ko uwo mukecuru witwa Nirere, utuye mu mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana, yakubise umukazana we inkoni mu mutwe ubwo yari amusuye, bikamuviramo […]
Amerika n’umwanzi wayo Iran ku meza y’ibiganiroÂ

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bamaze imyaka imyaka 45 baracanye umubano ushingiye kuri dipolomasi, batangiye kugirana ibiganiro biziguye. Ni ibiganiro kuri uyu wa Gatandatu byatangiriye mu bwami bwa Oman, nk’uko umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Iran yabitangaje. Ibi biganiro byatangiye nyuma y’igihe Amerika na Iran bari mu ntambara y’amagambo. Ku ikubiro Perezida […]
Hamenyekanye intandaro y’impanuka ya kajugujugu yahitanye uwari Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF

Iperereza Minisiteri y’Ingabo za Kenya yari imaze umwaka ikora ku mpanuka ya kajugujugu yahitanye Gen Francis Ogolla wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo KDF, ryagaragaje ko yatewe no kuba iriya ndege yaragize ikibazo cya moteri. Muri Mata umwaka ushize ni bwo Gen Ogolla n’abandi bantu icyenda bari kumwe na we bahitanwe n’iriya mpanuka ya kajugujugu. Raporo […]
Jenerali wa UPDF yatawe muri yombi ku itegeko rya Gen. Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yategetse ko Maj Gen James Muheesi atabwa muri yombi. Ku wa Gatanu tariki ya 11 Mata, Muhoozi abinyujije ku rubuga rwe rwa X yatangaje ko hari Jenerali wa UPDF yataye muri yombi. Ati: “Ejo hashize nataye muri yombi Jenerali wari umaze imyaka itatu yiba mazutu.” Yunzemo ati: […]
Bamwe mu bahanzi, abakinnyi n’Abanyamakuru bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, haribukwa kandi abantu bakomeye mu ruganda rw’imyidagaduro, siporo n’itangazamakuru, bishwe bazira uko baremwe. Aba bari mu bari bafite impano zidasanzwe, kandi bari baragize uruhare mu guteza imbere umuco nyarwanda mu buryo butandukanye. 1. Sebanani André Sebanani André yari umuririmbyi n’umucuranzi wamenyekanye […]
Bujumbura: Umupolisi wasinze yarashe mu mutwe umumotari aramwica

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 9 Mata 2025, mu gace ka Ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura, haraye habereye impanuka ikomeye yatewe n’umuporisi bikekwa ko yari yasinze, aho yarashe umusore ukora akazi ko gutwara abantu ku moto (motari), mu mutwe agahita apfa. Nk’uko byemezwa n’ababibonye n’amaso, uyu nyakwigendera yafatanyaga n’umushoferi w’imodoka yo mu […]
Goma: M23 yaraye irasana na FARDC

Amakuru aturuka mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aravuga ko mu ijoro ryacyeye habayeho kurasana hagati y’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu ma saa tanu z’ijoro ni bwo imirwano y’impande zombi yatangiye. Ni imirwano yatangiriye mu gace ka Ndosho, mbere yo […]
RIB yavuze kuri Nyaxo wakoze ‘Live ya TikTok’ itajyanye n’ibihe byo Kwibuka

Umunyarwenya w’Umunyarwanda Kanyabugande Olivier, uzwi cyane ku izina rya Nyaxo, yasabye imbabazi ku mugaragaro nyuma yo gukora ikiganiro cya ‘Live’ kuri TikTok kitajyanye n’ibihe byo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ikiganiro cyabaye ku wa 11 Mata 2025, saa tatu z’ijoro, aho Nyaxo yari ari kumwe n’abandi bakunzi be ku rubuga rwa TikTok, baganira mu buryo […]