Rubavu: Impanuka yâikamyo yahitanye abantu 11

Ku wa 27 Gashyantare 2026, mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, habereye impanuka ikomeye yâikamyo yahitanye abantu 11, abandi barakomereka. Iyi mpanuka yabaye ahagana Saa Munani zâigicamunsi, mu Kagari ka Nengo, Umudugudu wa Nyaburanga. Ikamyo yo mu bwoko bwa BENZ yagonze moto yari itwaye abantu babiri bahita bitaba Imana, nyuma igonga abanyamaguru babiri […]
Hip Hop nyarwanda yungutse igihangano gishya: âImirimoâ ihamagarira urubyiruko gukora cyane no kutacika intege

Ados Muzika yashyize hanze indirimbo nshya yise âImirimo ya Big Boyâ yakoranye na Skilibombe, atangiza umwaka wa 2026 nâumushinga mushya wâumuziki. Iyi ndirimbo yasohotse ku wa 28 Gashyantare 2026, ikaba ari yo ya mbere asohoye muri uyu mwaka ndetse iri no kuri album ye nshya yitwa âMa Vie.â Mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru, Ados Muzika yasobanuye […]
Ibimenyetso by’uko Israel yishe Khamenei wa Iran bikomeje kwiyongera

Ibimenyetso by’uko Umuyobozi wâIkirenga wa Iran, Ali Khamenei ashobora kuba yiciwe mu bitero bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel biri kugenda byiyongera, nkâuko bitangazwa nâitangazamakuru ryo muri Israel. Televiziyo ya Channel 12 yatangaje ko amakuru yatanzwe n’umuyobozi wa Israel utashatse ko amazina ye atangazwa, avuga ko hari âibimenyetso byinshi bigenda bigaragazaâ ko uriya […]
Shakib Lutaaya yahakanye gutandukana na Zari Hassan

Shakib Lutaaya yatangaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yatandukanye nâumugore we Zari Hassan atari ukuri. Yasobanuye ko urugo rwabo ruhagaze neza, nta kibazo na kimwe kiri hagati yabo, anashimangira ko bagikundana nkâuko byahoze. Yavuze ko abantu bamwe bakunda guhanga inkuru zidafite gihamya kugira ngo bakurure amarangamutima yâababakurikira. Shakib yongeyeho ko […]
Iran yihimuye ku bitero bya Israel na Amerika

Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel bagabye ibitero kuri Iran, kuri uyu wa Gatandatu na yo yagabye ibitero mu bice bitandukanye mu rwego rwo kwihimura. Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko igisirikare cya Iran cyarashe ‘missile ballistique’ ndetse kigaba ibitero bya drone ku butaka bwa Israel, mu rwego rwo kuyihimuraho. Igisirikare cya Israel (IDF) […]
Icyo Trump avuga ku bitero Amerika na Israel bagabye kuri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ibitero bihuriweho Amerika na Israel bagabye kuri Iran bigamije “kurandura ibyago byihutirwa” biva mu butegetsi bwa kiriya gihugu. Trump mu kiganiro yahaye abanyamakuru, yagize ati: “Hashize umwanya muto ingabo za Amerika zitangije igikorwa gikomeye cyo kurwana muri Iran. Intego yacu ni ugukingira abaturage ba […]
Theo Bosebabireba yahakanye gusenya urugo rwâumugore babyaranye

Umuhanzi wâindirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Theo Bosebabireba yahakanye amakuru aherutse gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga amushinja kuba yaragize uruhare mu gusenya urugo rwâumugore babyaranye. Ibi byakurikiye amashusho yâikiganiro cyatanzwe na Ruth Muhayimana, aho yavuze ko gutandukana nâuwari umugabo we byatewe nâamakimbirane akomeye mu rugo, akavuga ko uwo muhanzi yabigizemo uruhare. Yagaragaje ko ubuzima arimo […]
Israel yongeye kugaba ibitero kuri Iran

Kuri uyu wa Gatandatu, Israel yatangaje ko yagabye igitero cya gisirikare yise ko cyari icyo kwirinda mbere (pre-emptive strike) ku hantu hafitanye isano nâibikorwa bya gisirikare nâibikorwaremezo byâingenzi bya Iran, nkâuko byatangajwe nâibitangazamakuru mpuzamahanga bitandukanye. Ibisasu nâiturika rikomeye byumvikanye mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, mu gitondo cya kare, aho ibitangazamakuru bya Leta ya Iran […]