RDC yongeye guhabwa ijambo muri SADC nyuma yo kwishyura ibirarane by’imisanzu

‎Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugira uburenganzira bwayo bwose bwo gufata iijambo mu nama z’Umuryango w’Iterambere ry’Amajyepfo ya Afurika (SADC). Iki cyemezo cyafashwe mu nama y’Inama y’Abaminisitiri y’uyu muryango yabaye kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 12 Kanama, i Durban, muri Afurika y’Epfo, mbere y’Inama Isanzwe ya 46 y’Abakuru b’Ibihugu na za […]

ICG yasabye RDC gusenya FDLR

Itsinda Mpuzamahanga rishinzwe gukurikirana ibibazo byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (ICG), rigizwe n’ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa, u Budage, u Bwongereza n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ryasabye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kwihutisha ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo kwambura intwaro, gusubiza mu buzima busanzwe no […]