Guinea: Ikirundo cy’imyanda cyahitanye nibura 30

Nibura abantu 30 bamaze gupfa nyuma y’uko ikirundo kinini cy’imyanda cyaguye ku nzu zari hafi y’ahajugunywa imyanda mu murwa mukuru wa GuinĂ©e Conakry, nk’uko abategetsi babitangaza. Abantu 22 bakomeretse, barimo batandatu bakomeretse bikomeye,mu gace ka Dar-es-Salam ko mu mujyi wa Conakry. Abategetsi bavuze ko hashyizweho abantu benshi barimo n’ingabo kugira ngo bakomeze ibikorwa byo gushakisha […]