Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n'amasabune
Abasore babiri barimo Siborurema Jean w’imyaka 25 na mugenzi we Sindikubwabo Thierry w’imyaka 32 y’amavuko ubu bacumbikiwe na Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali nyuma y’aho bafatiwe mu cyuho bamaze kwambura umuturage ibihumbi 495 by’amafaranga y’u Rwanda. [ad id=”44145″] Nk’uko bitangazwa n’ Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) […]
TI Rwanda yongeye gutunga agatoki inzego z’ubutabera zitita ku banyereza umutungo wa leta
Nyuma y’uko bigaragaye ko ibigo n’izindi nzego zitandukanye mu gihugu bikunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru aho biba byitabye Komisiyo ishinzwe gusesengura imikoreshereze y’imari n’umutungo w’igihugu PAC ikorera mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, ndetse bikanagaruka kenshi muri za raporo zitandukanye aho usanga bamwe mu bayobozi bashinjwa kunyereza no gukoresha nabi ingengo y’imari bigenerwa, umuryango Mpuzamahanga […]
Karegeya ufite akazi keza arifuza umukobwa bakundana ufite gahunda (Reba nimero ze)
Ku bakobwa mwifuza umusore ufite gahunda yo kurushinga mushobora kuba musubijwe, soma ubu butumwa bwa Karegeya Innocent unamuhamagare kuri nimero ze ziriho muvugane muhane gahunda mumenyane. [ad id=”44145″] hi, Muraho neza. Nitwa karegeya innocent ntuye Ikirehe umurenge wa ntasho, ndi umusore w’imyaka 21ans ndi imibiri yombi mfite metro(m1cm72) nkunda imana bigatuma nyisenga, akazi nkora ni […]
(Mu mafoto) Havumbuwe bimwe mu bimenyetso biranga iremwa ry'isi.
Ubushakashatsi mu by’ubumenyi bwisi batangaje ko muri leta ya Scotland habonetse bimwe mu bimenyetso bishobora kwigisha amateka agaragaza inzira y’iremwa ry’isi. [ad id=”44145″] Ibi bimenyetso bigizwe n’ibibaya birimo imisozi migufi n’amazi y’urubogobogo ndetse n’amabuye n’ibitare bivugwa ko yaba ari amwe mu yaremanywe n’isi. Aba bashakashatsi bavuga ko kuba hagaragara imisozi byatwe ahanini n’imihindagurikire y’ibihe n’ikirere, […]
Abanyarwanda bagerageza kubanira neza Abarundi, Imbonerakure zikabibira inka
Abanyarwanda batuye ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi bavuga ko bagerageza kuba neza n’abaturanyi b’abarundi ariko bo bakabananiza, inka z’Abanyarwanda zibirwa i Burundi zitwarwa n’Imbonerakure hakabura uwazigaruza kuko nta munyarwanda ushobora gukandagiza ikirenge ku butaka bw’u Burundi. [ad id=”44145″] Mu gikorwa cyo gusubiza ku neza inka 12 z’Abarundi zari zarafatiwe mu Rwanda cyabaye ku wa […]
Uganda: Imirwano hagati y’igisirikare cya leta n’inyeshyamba ikomeje Guhitana imbaga
Abasirikare bagera kuri 14 ba leta ya Uganda n’inyeshyamba zisaga 49 basize ubuzima mu mirwano ikaze yabaye muri iyi wikende, iyi mirwano ikaba ikomeje kuberamu gace ka Rwenzori gaherereye mu ku mupaka wa Uganda na repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Inzego zishinzwe umutekano muri aka gace zatangaje ko iyi mirwano yatangiye kuri uyu wa gatandatu, […]
Urukiko rwa ICC rugiye gushaka inzobere zizatuma ibihugu bidakomeza kuva mu muryango
Nyuma y’uko ibihugu bitandukanye bikomeje kuva mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa ICC ku bwinshi, inama nkuru y’uru rukiko yanzuye ko hagomba kurebwa inzobere mu bijyanye no kunga zikazaganiriza ibihugu byamaze kwikura muri uru rukiko ndetse n’ibifite gahunda yo kuvammo hagamijwe kurebera hamwe umuti urambye w’uburyo rutazatakaza ubusugire bwarwo. [ad id=”44145″] Ni mu nama iherutse kubera […]
Rulindo: Abaturage basabwe guhaguruka bakarandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Ibi Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Madamu Nyirasafari EspĂ©rance yabisabye Abanyarulindo kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 25 Ugushyingo, ubwo yatangizaga, ku rwego rw’Igihugu, ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Iki gikorwa cyabereye mu Murenge wa Tumba, cyitabiriwe kandi na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Bwana Musabyimana Jean Claude, Perezidante w’Inama y’Igihugu y’Abagore n’abandi Bayobozi […]
Nyiransengimana Beatrice yongeye gufatwa yiba ihene
Umugore witwa Nyiransengimana Beatrice uvuga ko akomoka mu karere ka kicukiro yafatiwe mu karere ka Rulindo amaze kwica ihene y’umuturage. Si ubwa mbere Nyiransengimana afatanywe ihene yibye, ubwe yiyemeye ko akora iki cyaha asaba ababishaka kumuha inkunga y’amasengesho. [ad id=”44145″] Bwa mbere afatwa yagize ati “ Ndaziba rwose, nibye nyinshi mu turere twose natugiyemo, maze […]
Umunyanijeriya yaciye agahigo ko kugenda ibirometero 103,6 ku igare afite umupira ku mutwe
Umunyanijeriya Chinedu wo muri Lagos yaciye agahigo ku rwego rw’Isi ko gukora ibirometero 103,6 ku igare yikoreye ku mutwe umupira bakina mu mukino w’umupira w’amaguru. [ad id=”44145″] Muri ibi bintu bias nk’ibirori byari byahuruje imbaga, Chinedu yabashije gukora urugendo rurerure ku igare afite umupira ku mutwe nk’uko byatangajwe na AFP. Mbere yo guca aka gahigo, […]
Nta Ntore irebera, nta Ntore itekinika, mwitangire umurimo aho muri hose kdi muhe abaturage neza serivisi bakeneye – Murekezi
Kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2016 mu Karere ka Huye hasojwe Itorero ry’Abayobozi b’Amashami mu bigo bya Leta mu Rwanda bazwi nk’ Intore z’Imbamburiramihigo , itorero ryasojwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi wari umushyitsi mukuru muri uyu muhango. [ad id=”44145″] Insanganyamatsiko yahawe iri torero ry’abayobozi b’amashami muri leta ikaba igira iti: “Gutanga Serivisi […]
Amashyamba yahashya imyuka ihumanya aracyari make- MINIRENA
Minisiteri y’ibidukikije n’umutungo kamere isanga u Rwanda rukiri hasi mu bijyanye no kugira amashyamba menshi, iyi minisiteri yihaye intego ko mu mwaka wa 2018 ubuso bungana na 30% by’u Rwanda rwose buzaba buteyeho amashyamba mu rwego rwo guhangana n’ingaruka ziterwa no kutagira amashyamba mu gihugu [ad id=”44145″] Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ibidukikije n’umutungo kamere, Dr […]
Sudani y'epfo yemereye UN koherezayo ingabo, u Rwanda na Ethiopie bisabwa kongera ingabo
Nyuma y’igihe kitari gito leta ya Sudani y’epfo yanze ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zagombaga kuza kuzuza izari zihasanzwe, iyi leta yamaze gutangaza ko yemeye ko hazanwa izindi ngabo ziza kongerera amaboko izari zihasanzwe. [ad id=”44145″] Muri iki cyumweru gishize, leta ya Sudani y’epfo yatangaje ku yisubiyeho ku mwanzuro yari yafashe wo kwangira izindi ngabo zagombaga kuza […]
Burundi: Abantu babiri bishwe batemeshejwe imipanga
Abagabo babiri bo mu gihugu cy’u Burundi, umwe witwa Sylvestre Nduwayo, uvuka ku musozi wa Sakinyonga muri Komini Matana mu Ntara ya Bururi, na Nyandwi wo ku musozi wa Buraza muri Komini Buraza mu Ntara ya Gitega, bishwe batemaguwe. [ad id=”44145″] Amakuru avuga ko aba bagabo bombi bishwe ku mugoroba wo kuwa Kane ushize batemeshejwe […]
Dore uko urupfu rwa Fidel Castro rwakiriwe n'abantu batandukanye
Perezida w’inama nyobozi ya Afurika Yunze Ubumwe, Nkosazana Dlamini Zuma, kuri Twitter, yagize ati: “Comanda Fidel Castro yari umurevolisiyoneri nyakuri. Yafashije Afrika n’ibindi bihugu biri mu nzira y’amajyambere kwibohora no gutera imbere.” [ad id=”44145″] Umuryango “Nelson Mandela Foundation” wohereje ubutumwa bw’akababaro, unatangaza ifoto ya Nelson Mandela afatanye ku rutugu na Fidel Castro. Naho perezida Jacob […]
Kigali: Polisi icumbikiye 2 bakekwaho guhimba impushya zo gutwara
Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali icumbikiye abagabo 2 barimo Triffon Niyonsenga w’imyaka 46 y’amavuko na Hirwa Roger w’imyaka 22 y’amavuko mu cyumweru gishize, aba bagabo bakaba bakekwaho gukora impushya zo gutwara ibinyabiziga. [ad id=”44145″] Polisi itangaza ko bafashwe ku makuru yatanzwe n’abaturage, aho umwe bashatse kurya amafaranga ye abimenyesha Polisi. Uyu bari bagiye gutekera […]