RDC: Abantu 10 baguye mu mirwano hagati ya FARDC na Mai-Mai Simba
Abantu 10 baguye mu mirwano yahuje muri iyi weekend ishize ingabo za guverinoma ya Congo n’inyeshyamba z’umutwe wa Mai-Mai Simba Mulumba ahantu hacukurwa amabuye y’agaciro hagati y’Intara ya Maniema n’Intara ya kivu y’Amajyaruguru, mu birometero nk’ijana uvuye muri centre ya Lubutu. Amakuru aturuka aha hantu aravuga ko inyeshyamba ari zo zagabye igitero ku ngabo za […]
Gushyiraho Guverinoma nshya birabarirwa ku mitwe y’intoki
Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo ya 116 rivuga ko Minisitiri w’Intebe atoranywa, akanashyirwaho kandi avanwaho na Perezida wa Repubulika.Minisitiri w’Intebe ashyirwaho bitarenze iminsi 15nyuma y’irahira rya Perezida wa Repubulika. Iminsi isabwa ngo Perezida Paul Kagame ashyireho Minisitiri w’Intebe iragerwa ku mitwe y’intoki. Uhereye igihe yarahiriye, tariki ya 18 Kanama 2017. Ni ukuvuga […]
Burundi: FOREBU yahinduye izina n’ubuyobozi itangaza ingamba nshya ifite
Ishyaka FOREBU rirwanya ubutegetsi bw’u Burundi, kuri uyu wa 27 Kanama 2017 ryahinduye izina ryitwa FPB (Forces Populaires du Burundi-Urunani rw’Abanyagihugu), ritangaza abariyoboye ndetse na gahunda rifite. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara bwiza.com yaboneye kopi, havugwamo ko igihe kibaye kirekire Abarundi bategereje ko amahanga, cyane cyane, ibihugu by’abaturanyi bihuriye muri EAC, abatabara ariko amaso yaheze mu […]
Umuganga amaze kwica abarwayi basaga 90 mu bihe bitandukanye
Umugabo witwa Niels Hoegel wo mu gihugu cy’u Budage akurikiranyweho kwica abarwayi baje bamugana kwa muganga baje kwivuza, akaba yaragiye abica mu bihe bitandukanye abaha imiti idahuye n’indwara barwaye cyangwa akabaha ibarusha imbaraga bityo bikabaviramo urupfu. Uyu mugabo waje guhabwa igihano cyo gufungwa burundu, yahamijwe ibyaha by’ubugizi bwa nabi bugamije gutsemba abantu no gukora ibihabanye […]
Ndi Umunyamerika mu mpapuro nkaba Umunyarwanda mu maraso- Meddy
Umuhanzi Ngabo Medard uzwi ku izina rya Meddy nubwo yabonye ubwenegihugu bwa Amerika avuga ko igihugu cye ari u Rwanda, amaraso ye ari ay’ubunyarwanda. Ku wa Gatandatu tariki 26 Kanama 2017 ahagana saa kumi (16:00) nibwo Meddy yasesekaye ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe, nyuma yo kugera mu Rwanda yagiye abazwa byinshi harimo n’ikibazo […]
I Kigali harateranira inama itegura inama y’Umuryango w’Abibumbye ku kubungabunga amahoro
Guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 kugeza kuwa 30 Kanama 2017, u Rwanda rurakira inama itegura inama ya za minisiteri z’ingabo ku bikorwa byo kubungabunga amahoro by’Umuryango w’Abibumbye. Inama nk’izi zitegura iyi nama zigiye kubera no muri Bangladesh no mu Buyapani zitezweho guharurira inzira iyi nama ya za minisiteri iteganyijwe I Vancouver muri Canada […]
Abanyarwanda batinya abasirikare b’Abarundi- Minisitiri w’ingabo z’u Burundi
Minisitiri w’ingabo z’u Burundi avuga ko agendeye ku mwuka mubi uri hagati y’u Rwanda n’u Burundi ndetse n’uburyo abaturage baturanye n’umupaka baba bafite impungenge z’uko bagirirwa nabi, yabahumurije abamara impungenge abamenyesha ko Abanyarwanda batinya abasirikare b’u Burundi. Mu Nteko Nshingamategeko y’i Burundi ubwo hateraniraga inama yiga ku mutekano, Minisitiri w’Ingabo n’uw’umutekano babajijwe igiteganywa mu gihe […]
Osmane Dembele yasinye imyaka 5 muri Barcelone, aba umukinnyi wa 2 uhenze ku isi
Ikipe ya Fc Barcelone yamaze gusinyisha Osmane Dembele amasezerano y’imyaka 5 avuye muri Borussia Dortmund , aho yatanzweho akayabo ka Miliyoni 105 z’Amayeuro ahita aba n’umukinnyi wa 2 uhenze ku isi. Uyu musore w’imyaka 20, agiye kuba umusimbura wa Neymar, werekeje mu ikipe ya Paris Saint Germain akaba ari na we ufite agahigo ko kuba […]
Sudani y’Epfo: Umunyamakuru w’Umunyamerika mu bantu 19 baguye mu mirwano ikomeye
Umunyamakuru w’Umunyamerika wakoreraga muri Sudani y’Epfo nk’umunyamakuru wigenga (freelance) ni umwe mu bantu 19 baguye mu mirwano yabaye kuwa gatandatu hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba muri Leta ya Yei River nk’uko bitangazwa n’igisirikare. Uyu munyamakuru witwa Christopher Allen wakoreye ibinyamakuru bitandukanye, yiciwe mu mirwano ikomeye yabereye mu mujyi wa Kaya. Iki gihugu kikaba kiri mu […]
Abanyeshuri ba Kaminuza ya UCU basobanuriwe uko jenoside yashyizwe mu bikorwa i Nyamata
Kuwa 28 Kanama 2017, itsinda ryà ¡banyeshuri 23 baturutse muri Uganda Christian University (UCU) mu Gihugu cya Uganda ndeste n’itsinda ry’abashyitsi b’Itorero Methodiste mu Rwanda bagera kuri 18 basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyamata mu Karere ka Bugesera. Nyuma yo gusobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, by’umwihariko I Nyamata,umukozi wa Komisiyo y’Igihugu […]
Dore ikizakwerekako umugore yageze ku ndunduro y’ibyishimo mugihe cy’imibonano mpuzabitsina
Urubuga aufeminin.com, rugaragaza ko igihe cy’ imibonano mpuzabitsina, umugore ageza ibyishimo bye ku ndunduro nyuma y’ umunezero mwinshi aba yahawe n’ igikorwa cy’ imibonano, ibyo byishimo bikamurenga kandi bikaza bifite ingufu nyinshi cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibyo byishimo bigaragara bite? Uru rubuga ruvuga ko ariho hantu umugore ashobora kubonera ibyishimo byinshi bishobora kubaho mu buzima iyo […]
Meddy ngo ntiyabona ijambo ryasobanura uburyo u Rwanda rwahindutse
Umuhanzi Meddy uri mu Rwanda kuva kuwa 26 Kanama, mu kiganiro n’itangazamakuru, yavuze uko yabonye u Rwanda nyuma y’imyaka 7 amaze muri Amerika, anakomoza ku mpamvu imishinga y’indirimbo yagombaga gukorana na Sauti Sol ndetse na Christopher itakozwe. Kubijyanye n’uko yabonye u Rwanda yaherukaga gukandagiramo mbere ya tariki ya 4 Nyakanga 2010, Meddy yavuze ko nubwo […]
Impamvu nyazo zatumye Paul Kagame adahita aba perezida nyuma yo kubohoza u Rwanda
Perezida Kagame aremeza ko adakeneye kuguma ku butegetsi ngo arusheho gukomeza ubumwe bw’u Rwanda rushya, aho nta muturage ugishyira imbere ubwoko, ashimangira ko atari no ku butegetsi kuko abishaka nubwo ngo bitera abantu urujijo nk’uko ajya abibona aho byanditse hirya no hino. Ibi perezida Kagame akaba yabitangarije mu kiganiro kirekire yagiranye n’ikinyamakuru The Financial Times. […]
Reba amafoto y’umukobwa wa mbere mwiza mu gisirikare cy’Amerika
Umukobwa witwa Jones alias, yamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga guhera mu myaka yashize, kubera ahanini imiterere y’umubiri we. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukobwa ubarizwa muri batayo ya 504e mu gisirikare cya Amerika, akaba akorera mu gace ka Missouri. Uyu mukobwa wakunze kugenda agaruka haba mu mbuga nkoranyambaga ndetse no ku bitangazamakuru bimwe na bimwe byo muri […]
Menya impamvu abagore benshi barira cyangwa bataka mugihe cyo gutera akabariro
Twifashishije imbuga za internet zitandukanye zandika inkuru zijyane n’urukundo n’imibanire, ngo gutaka k’umugore mu gihe atera akabariro gusobanuye byinshi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1.Ikimenyetso cy’uko yishimye Impamvu ya mbere ituma umugore arira cyangwa ataka mu gihe cyo gutera akabariro, ngo ni ibyishimo birenze aba yagize. Ibyishimo umugore agira iyo aryohewe n’imibonano mpuzabitsina ngo biba bimeze nk’iyo umuntu […]
Imyaka yo kwiga kaminuza mu Rwanda igiye kugabanywa
Mu gihe uwigaga kaminuza yahabwaga impamyabumenyi y’uko yarangije icyiciro cya kabiri cyayo (Bachelors Degree), nyuma y’imyaka ine, guhera mu mwaka utaha izaba itatu ku biga kaminuza y’u Rwanda. Izi mpinduka zatangajwe n’Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’u Rwanda ushinzwe ubushakashatsi n’amasomo, Prof Nelson Ijumba mu kiganiro yagiranye na The New Times. Iyi myaka itatu izatangira mu […]
Abakirisitu biraye mu rusengero bararusenya kubera ibyo umupasiteri wa bo yabakoreye
Abayoboke b’itorero God’s Commandment Ministry rikorera muri Nigeria bangije urusengero basengeragamo mu bias n’imyigaragambyo, nyuma y’uko umuvugaburumwa wa bo afatiwe mu cyuho yishe umwana w’umwe mu bayoboke be. Uyu mupasiteri wo mu gace ka Cross River muri Nigeria akurikirayweho icyaha cyo gushimuta no kwica umwana w’umukobwa w’umwe mu bo yigisha yarangiza akamukoresha mu migenzo ya […]
Tanzania: HCR irashinjwa kubuza impunzi z’Abarundi gutaha ku bushake
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, HCR, rirashinjwa kubuza impunzi z’Abarundi 8,000 muri Tanzania gutaha ku bushake bwazo kuva muri Nyakanga 2017. Iyi nkuru iravuga ko kuri uyu wa kane ushize, itariki 24 Kanama 2017, minisitiri w’umutekano wa Tanzania, Nchemba Mwingulu, yahaye HCR iminsi 7 yo gutegura uko izi mpunzi 8,000 zishaka gutaha ku bushake […]
Abayobozi bane ba Koperative bafungiye kunyereza miliyoni 29
Abayobozi bane ba koperative Dukundumurimo, KOADU ifite ibagiro mu mujyi wa Gisenyi mu karere ka Rubavu bafungiye kunyereza umutungo w’abanyamuryango ugizwe n’amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 29. Aba bayobozi bafungiye kuri Sitasiyo ya Gisenyi , bafashwe ku wa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 25 Kanama 2017. Bagizwe na Perezida w’iyi koperative Faustin Mbanjimbere ,Theophile Ndagijimana, […]