Ibice 5 by’ingenzi bituma umugore yifuza cyane gukora imibonano mpuzabitsina iyo bikozweho

Umuntu aremye kuburyo burigice cye cy’umubiri gifite umumaro wacyo wihari kuburyo hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore bibafasha gukenera gukora imibonano mpuzabitsina uko byagenda kose mu gihe bikozweho n’umuntu w’igitsinagabo kwihangana bikaba ingorabahizi. Ibi bice by’ingenzi kumugore bituma atabasha kwihangana mugihe bikozweho twavuga nka: Amabere Amabere y’umukobwa ni igice cy’umubiri umugabo […]

Rubavu: Abayisilamu bishimiye intsinzi ya Perezida Kagame ku munsi wa bo mukuru w’igitambo

Abayisilamu bo mu karere ka Rubavu gaherereye mu Ntara y’Iburengerazuba, barishimira intsinzi ya Perezida Kagame yagize mu matora yo ku wa 4 Kanama 2017. Abayisilamu bo mu karere ka Rubavu, bagaragaje ibyo byishimo ubwo bizihizaga umunsi mukuru w’igitambo bibuka umukurambere Ibrahim ubwo yashakaga gutangamo igitambo umuhungu we Ismael, Imana ikamushumbusha Intama. Ibi ni nabyo bakora […]

Gicumbi: Ubuyobozi n’abaturage ntibavuga rumwe ku muturage bivugwa ko yishwe

Amakuru agera kuri Bwiza.com aturuka mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Kaniga, Akagari ka Rukurura, Umudugudu wa Gashyiru, aravuga ko hari umugabo w’imyaka 44 wapfuye ariko abaturage n’ubuyobozi ntibavuga rumwe ku cyaba cyateye uru rupfu dore ko bemeza ko yishwe mu gihe ubuyobozi bwo buvuga ko yazize indwara. Ni mu gihe hari akandi kagari ko […]

Perezida Kagame yahiguye umuhigo yahigiye imbere y’ibihumbi by’Abanyamusanze

Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo kwita izina ingagi anaboneraho gushimira abaturage b’i Musanze ku bw’uruhare bagize mu intsinzi ye yo kongera kuyobora u Rwanda indi manda y’imyaka 7. Mu muhango wo kwita izina ingagi wo ku wa 1 Nzeri 2017, wabareye mu Ikinigi mu karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru, Perezida Kagame wari warijeje abaturage kuzabasuura […]

Koreya y’Epfo: Abanyamakuru 4 bakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rwa Koreya ya Ruguru rwasabiye abanyamakuru 4 bo muri Koreya y’Epfo guhanishwa igihano cyo kwicwa nyuma y’uko bahamwe n’ibyaha byo kwibasira no gutuka ubuyobozi bwa kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe ibinyamakuru 2, Chosun Ilbo ndetse na the Dong-A Ilbo, byo muri Koreya y’Epfo bikwirakwije amakuru asebya ubuyobozi bwa koreya ya Ruguru, binyuze […]

Wayne Rooney yatawe muri yombi atwaye imodoka yasinze

Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Wayne Rooney yatawe muri yombi na polisi y’u Bwongereza nyuma y’uko bamufashe atwaye imodoka yasinze ndetse anagenda anywa inzoga. Rooney wahoze ari kapiteni w’ikipe y’iki gihugu yafashwe na polisi yo mu gace atuyemo ka Cheshire ubwo yari mu nzira ataha yasinze avuye mu gitaramo ku mugoroba wo kuwa Kane tariki ya 31 […]

Mugomba kurinda banki zanyu ingona kuko utayicunze neza ishobora kukwiba — John Gasaraba

‘‘ Mugomba kurinda banki zanyu ingona, kuko utayicunze neza ishobora kukwiba, mwirinde ingona zo ma mabanki, tugiye gushyira hanze ba bihemu ku rwego rw’Akarere, bitarenze ku wa 15 Nzeri 2017 bazashyikirizwa inzego z’umutekano ibi bizatuma bahita bishyura ’’. Ibi akaba ari ibyatangajwe na gasaraba John, Umuyobozi w’Ishami ry’Ishoramari n’Iterambere ry’Umurimo muri Gakenke mu nama ku […]

“Uruyange“ Izina umuhanzi The Ben yise umwana w’ingagi

Umuhanzi The Ben witabiriye umuhango wo kwita izina ingagi mu karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru, umwana umwe w’ingagi yamwise “Uruyange”. Mu muhango wo kwita amazina abana 19 b’ingagi, wabereye mu ntara y’Amajyaruguru mu Kinigi, umuhanzi The Ben yise umwana w’ingagi ukomoka mu muryango wa Pablo “Uruyange” wavutse ku itariki 23 Mata 2017. Umuhanzi The Ben […]

Ntiwayibwira[ingagi] ko uri Perezida w’u Rwanda ntigutinyuke?- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje uburyo umutware w’ingagi zo muri Pariki y’ibirunga yabegereye isa n’ishaka kubagirira nabi, mu rwego rwo kurengera abana bayo, bakizwa no guca bugufi nkuko babisabwaga n’ubayoboye muri icyo gikorwa. Umukuru w’Igihugu yabivuze ku wa Gatanu tariki ya 1 Nzeri 2017, mu umuhango wo kwita izina abana b’ingagi 19, wabereye mu […]

Turasaba Guverinoma y’u Rwanda kurekura Diane Rwigara nonaha kandi nta mananiza – PSM

Mu gihe polisi y’u Rwanda iherutse guhakana ko Diane Rwigara afunze ahubwo arimo gukorwaho iperereza, umuryango aheruka gushinga, People Salvation Movement urasaba Guverinoma y’u Rwanda ibisobanuro ndetse no kumufungura kuko ngo afunze. “ Turasaba Guverinoma y’u Rwanda kurekura Diane Rwigara nonaha kandi nta mananiza. ” Ibi ni ibyatangajwe na Raymond Kayitare, ushinzwe itangazamakuru muri PSM […]

Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya rutegetse ko amatora ya Perezida azasubirwamo

Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya rutegetse ko amatora ya Perezida wa Repubulika muri Kenya azasubirwamo, kubera ko yabayemo amakosa atandukanye yakozwe na komisiyo y’igihugu y’amatora. Uru rukiko rwategetse ko andi matora azaba mu minsi 60. Uru rukiko rufashe uyu mwanzuro nyuma y’ikirego cyatanzwe n’ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya(NASA), yari ahagarariwe muri aya matora na […]

Ibimenyetso 7 bizakwereka umusore winjiye mu rukundo

Abantu benshi, cyane cyane abahungu,ntibajya bemera ko bari mu rukundo kuko ngo baba bumva ari ugucika intege kandi bakaba bumva bagomba kwihagararaho. Nyamara ariko barakunda nubwo rimwe na rimwe baba badashaka kubyemera. Iyo umusore afitiye umukobwa runaka urukundo rumugurumanamo kandi rukaba ari urwa nyarwo koko usanga agera ahantu ha wenyine, agatangira kugarura ishusho y’umukobwa yakunze […]

Uwahoze mu gisirikare cy’u Burundi (EX FAB) yarashwe n’abantu batazwi ahita apfa

Niyokwizera Gaspard wahoze mu gisirikare cy’u Burundi yarashwe n’abantu bataramenyekana ahita apfa. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017, amakuru ava mu Ntara ya Bururi, komine Mugamba, avuga ko Gaspard yarashwe ahagana saa tatu z’ijoro avuye ku isoko ry’i Tora. Ubwo igipolisi cya Leta cyageraga aho yiciwe mu gitondo cyo ku […]

Amerika yategetse u Burusiya gufunga ibiro by'ubuhagarariyeyo n’izindi nyubako

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zategetse leta y’u Burusiya gufunga ibiro by’ubuhagarariye biri i San Francisco ndetse n’inzu ebyiri zishamikiye kuri ibyo biro kubera ibyo Amerika yise “ibikorwa bitemewe”. Ibyo biro hamwe n’inzu ebyiri zibishamikiyeho ziri mu mujwi wa New York ndetse na Washington, byategetswe kuba byamaze gufungwa bitarenze kuri uyu wa Gatandatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amerika […]

Eid al-Adha : Mu Rwanda haratambwa amatungo afite agaciro ka miliyoni 410

Abasilamu bo mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu, bifatanyije n’abandi ku isi hose mu kwizihiza umunsi mukuru wa Eid al-Adha, umunsi bibukaho igitambo cya Ibrahim ku mana, ubwo yari yategetswe gutamba umuhungu we w’ikinege, Ishaq (Isaac). Kuri uyu munsi Abasilamu bakaba bazindukiye mu bikorwa bitandukanye birimo amasengesho, batanga ibitambo babaga amatungo atandukanye nk’Ihene, Intama n’Inka […]

Centrafrica: Musenyeri w'umugatolika yahaye ubuhungiro Abasilamu 2000

Musenyeri muri kiliziya Gatolika muri leta ya Centrafrica yahaye ubuhungiro impunzi z’abayisilamu ibihumbi bibiri zifite ubwoba bwo guterwa n’abarwanyi biganjemo abakrisitu bitwaje intwaro bazwi nka anti-Balaka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Musenyeri Juan José Aguirre Munoz avuga ko izi mpunzi zidashobora kuva aho yazicumbikiye mu nyubako y’ishuri rya Seminari ryigisha abashobora kuba abapadiri, riherereye mu Majyepfo ashyira Uburasirazuba […]

Rutsiro: Abacururiza mu isoko rya Nkora bamaze imyaka itanu basora ayo batinjiza

Abacururiza mu isoko rya Nkora baravuga ko bamaze imyaka irenga itanu babwiwe n’Akarere ka Rutsiro ko iryo soko riherereye mu kagali ka Nkora mu Murenge wa Kigeyo rigiye kwimurwa. Kuva icyo gihe abakiriya baragabanyutse kuko hari abahagaritse gushora imari yabo muri iryo soko bavuga ko bagiye kwimurwa. Kugeza ubu ngo ntakirakorwa nyamara kuri bo baracyishyura […]

Umutabazi wageze ku gikomangomakazi Diana bwa mbere nyuma y’impanuka ntiyumva uko yaje gupfa

Nyuma y’imyaka 20 igikomangomakazi Diana cyo mu Bwongereza cyitabye Imana kizize impanuka yabereye mu Bufaransa, umwe mu batabazi bageze aho impanuka yabereye bwa mbere yagize icyo atangaza ku nshuro ya mbere yemeza ko yari yizeye ko Diana yari kurokoka. Mu kiganiro uyu mugabo witwa Xavier Gourmelon yagiranye n’ikinyamakuru The Sun cyo mu Bwongereza, yagize icyo […]

Umuvunyi Mukuru yasabye Minisitiri w’Intebe wamusimbuye kwihutira kumumenyekanishaho imitungo ye

Umuvunyi Mukuru , Anastase Murekezi Anastase yasabye Minisitiri w’Intebe wamusimbuye Dr Ngirente Edouard kwihutira kumugezaho imitungo atunze, kugira ngo yandikwe. Murekezi yabimusabye ku wa Kane tariki ya 31 Kanama 2017 ubwo bari mu gikorwa cyo guhererekanya ububasha cyabereye mu biro bya Minisitiri w’Intebe ku Kimihurura. Ubwo uwo muhango wari ugiye guhumuza, Murekezi yabwiye Minisitiri w’Intebe […]

Reba AMAFOTO nawe wisekere: Abagabo binjije inka mu modoka y’ivuwatiri (Voiture)

Aya mafoto akomeje kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga ariko agateza urujijo, bamwe bati ‘ibi ntibishoboka, abati bati ‘birashoboka’, kimwe n’uko hari n’abarimo kwemeza ko aya mafoto ari ayakozwe (photoshop). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Wowe ku ruhande rwawe urabona bishoboka cyangwa oya? Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter