Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI?

“Muraho nshuti Z’INKURU NZIZA PAGE? Mfite ikibazo kinkomereye ndifuza inama zanyu. Ndi umukobwa w’imyaka 22 niga muri kaminuza y’u Rwanda i Huye mu mwaka wa kabiri. Nakuze ndi umukobwa w’umuhanga mu ishuri, wiyubaha kandi abantu bose baranyemeraga ko ndi serieuse.   Nakuriye mu muryango ukennye cyane, ndi imfura iwacu kandi turi abana bane. Mama nta […]

Hussein Machozi yashyize ahagaragara video y’indirimbo “Sweet Melody” igaragaramo udushya tudasanzwe

Umuhanzi Hussein Machozi urimo kwitwara neza mu gihugu cya Tanzania kuri ubu akaba afite indirimbo igezweho yise ” Sweet Melody “, yashimiye umuhanzi mugenzi we, Alikiba, ku kumushyigikira ashima iki gihangano cye gishya avuga ko birushaho kumutera ingufu. Hussein Machozi ni umuhanzi bivugwa ko afite inkomoko mu Rwanda ndetse mu 2011 akaba yarahakoreye amashusho y’indirimbo […]

Burundi/Muyinga: Imbonerakure enye zishwe zimaze kurasa abantu babiri

Mu Ntara ya Muyinga, mu gace ka Kobero ahitwa ku Nkaka , Isaac Nzeyimana na Sezirahiga bishwe n’ abantu 4 bitwaje intwaro bivugwa ko ari Imbonerakure za CNDD-FDD, ishyaka riri ku butegetsi. Uyu Isaac Nzeyimana yari asanzwe ari umuvunjayi w’ amafaranga na Sezirahiga wari umutwaye kuri moto baguye mu mutego w’ abantu babarasa amasasu menshi […]

Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi

Ni kenshi humvikana abantu bagenda bibaza ku bakobwa b’amasugi (batarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe) bavuga ko kubamenya bigoye cyane ko hari n’abo mubikora ukamwibeshyaho nyamara atari isugi. Mu gushaka kumenya ukuri kw’ibi, bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza bimwe mu bintu byakwereka ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi. Ubusanzwe, umukobwa w’isugi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina […]

Uganda: Itorero Agape, indiri Kayumba Nyamwasa acuriramo imigambi yo gutera u Rwanda

Itorero Agape ryo mu Karere ka Mbarara muri Uganda biravugwa ko ritakiri itorero ry’ibikorwa by’iyobokamana ahubwo ryahindutse itorero rishakirwamo abantu bo kwinjiza mu mutwe wa gisirikare wa RNC ari nako hakorerwa za poropaganda. Amakuru urubuga Virungapost rufite avuga ko Itorero Agape rya Pasiteri Deo Nyirigira ryahindutse ikigo cy’ibikorwa by’ibanga bya RNC mu burengerazuba bwa Uganda, […]

Byinshi kuri “Football” isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose

Aho perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye hose ntatana n’isakoshi izwi nka football bivugwa cyangwa ikunze kugaragazwa muri za filimi no mu bitabo bivuga inkuru z’ubutasi nk’imashini y’imperuka ishobora kurimbura Isi yose. Ni muri urwo rwego Bwiza.com yifuje kubagezaho byinshi kuri iyi sakoshi ivugwaho byinshi byiganjemo ibikabyo ndetse n’inkomoko y’iri zina. Iyi sakoshi […]

Afurika y’Epfo : Umwe mu bakekwaho kwica Dr. Dusabe Raymond yatawe muri yombi

Polisi yo muri Afurika y’ Epfo mu Mujyi wa Cape Town yemeza ko umwe mu bakekwaho kwica umunyarwanda, Dr Dusabe Raymond amaze gutabwa muri yombi mu gihe abandi bafatanyije bimutse ahantu bari basanzwe batuye. Amakuru avuga ko Dr Dusabe Raymond w’ imyaka 42 y’ amavuko yari yaragiye i Cape Town muri Afurika y’ Epfo mu […]

Abanyarwanda barindwi birukanwe muri Tanzania

Abantu 94 barimo n’Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania kubera kuhaba badafite ibyangombwa byemewe n’amategeko Abirukanwe ni Abanyarwanda barindwi, Abanya Kenya 71, Abanya Congo barindwi, Abanya-Ethiopia batanu, Abanya-Uganda babiri, Umunya-Somalia umwe n’Umunya-Nigeria. Ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka mu gace ka Kilimanjaro gaherereye mu majyaruguru ya Tanzania, bitangazwa ko abo bimukira birukanwe bari batuye badafite ibyangombwa, ngo bakaba bemerewe […]

Ishuri ry’Umuziki rya Nyundo rigiye kwimuka muri Rubavu

Ishuri ry’umuziki rya Nyundo vuba aha rigiye kwimuka mu karere ka Rubavu rishyirwe ahahoze Ishuri Rikuru ry’Uburezi rya Kavumu mu Karere ka Muhanga. Nk’uko byatangajwe na Jacques Murigande, umuyobozi w’iri shuri rya mbere rya leta ry’umuziki mu Rwanda, ngo kwimura iri shuri bigamije kugira ahantu hisanzuye hashobora kwakira umubare munini w’abanyeshuri biyandikisha buri mwaka. Yavuze […]