Impamvu 10 zituma abakobwa beza batinda kubona abagabo cyangwa bakanahera iwabo
Kenshi usanga ba bakobwa batangarirwa na benshi ko ari beza ku buranga n’ubwo nta we uba uzi uko bameze imbere ku mutima, batinda kubaka ingo, kandi ubona nta kintu babuze. Aha nka Bwiza.com twabakusanyirije bimwe mu bishobora gutuma umukobwa utangarirwa na benshi ku buranga ashobora kumara igihe kirekire yarabuze umuvana iwabo. 1.Kubatinya: Umukobwa uteye neza, […]
Umugabo yarokotse inzoka yashoboraga kumuruma ikibuno cyangwa igitsina- IFOTO
Umugabo wo mu gace ka Grenoble ko mu Bufaransa ubwo yari agiye kwituma, yatunguwe no guhita abona umutwe w’inzoka nini, uhinguka mu kenge k’aho yituma muri tuwaleti (cuvette de WC) yari agiye kwicaraho ngo yitume. Uretse no kuba yaragize amahirwe kuko iyi nzoka yari guhita imuruma ku kibuno cyangwa se ikaba yakwangiza imyanya ndangagitsina cye, […]
Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by’abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase
Ubwo yasuraga akarere ka Ruhango, ku wa kabiri tariki ya 16 Mutarama 2018, mu rwego rwo gucyemura ibibazo by’abaturage ,Umuvunyi mukuru, Anastase Murekezi,yibukije abayobozi bo muri aka karere, ko ishema ryabo ryagombye iryo gucyemura ibibazo by’abaturage ku gihe batagombye kubitinza ngo bihinduke ibirarane. Mu biganiro Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi yagiranye n’abayobozi b’aka karere, yavuze ko […]