Dore ibimenyetso bizakwereka ko umugore wawe arimo kurangiza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Nk’uko dusanzwe tubagezaho inkuru z’urukundo, zifasha abashakanye kubaka urugo neza, bwiza.com yabakusanyirije bimwe mu bimenyetso bizakwereka ko umugore wawe arimo kurangiza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ubundi iyo umgore arangije arisimbiza cyane akakwiyegereza ariko iyo ntacyo muhishanya akubwira ko arangije, ushobora no kumubaza kugira ngo urusheho kumushimisha. Ku bamenyereye gutera akabariro ntibigoye kumenya ko umugore yarangije […]

Ese urwikekwe hagati y’u Rwanda na Afurika y’Epfo rwaba imbogamizi ku mavugurura ya Afurika Yunze Ubumwe?

Urwikekwe ruri hagati ya Afurika y’Epfo n’u Rwanda ngo rushobora kuba imbogamizi ku migambi igamije gutuma Afurika Yunze Ubumwe irushaho kuba umuryango ukora ibintu byawo neza kandi wihagije. Perezida Jacob Zuma kuri ubu uyoboye umuryago wa SADC, ugamije iterambere ry’ibihugu bya Afurika y’amajyepfo, yashyize ahagaragara urutonde rw’ibintu atemera mu nzira y’amavugurura ya Afurika Yunze Ubumwe […]

DRC :Abanyamurenge bashoreye inka bambutse Kivu bagiye gushakisha idorari i Kinshasa

Istinda ry’ abashumba n’ abacurizi b’ Abanyamurenge bamaze amezi menshi bashoreye amasho y’ inka bazivanye muri Kivu y’ Amajyepfo bagamije kujya kuzigurisha ku mafaranga menshi mu Mujyi wa Kinshasa. Ibi bikomeje gushimangirwa n’  abaturage bo Ntara ya Bandundu batangajwe no kubona  aba banyamurenge bashoreye inka zabo  bagaragara nk’ abantu bananiwe kandi bavuye kure. Amakuru atugeraho […]