Gabiro Guitar yahuye n’abatekamutwe yitabaza inzego z'umutekano
Mu minsi ishize nibwo ku rukuta rwa instagram rw’umuhanzi Gabiro Guitar hacicikanye amakuru yavugaga nabi abahanzi batandukanye , kuburyo abenshi bibajije icyabaye kuri uyu muhanzi dore ko ari ingeso zitari zimuzwiho, ibi byatumye yitabaza inzego z’umutekano ngo zimufashe. Bwiza.com yifuje kumenya icyari kibyihishe inyuma tuganira n’uyu muririmbyi adutangariza ko atariwe washyiraga aya makuru mabi hanze […]
Ese abafite abakunzi muri miss Rwanda bazizihiza gute St Valentin ?
 Tariki 14 Gashyantare buri mwaka isi yose iba yahindutse umukara n’umutuku bitewe no kuba ariyo mabara aba yiganje ajyanye n’umunsi nyirizina witiriwe mutagatifu Valentin. ibi nibyo bituma buri wese aba yabukereye yasohokanye nuwo babymva kimwe (bakundana) mu rwego rwo kwishimira uwo munsi wabagenewe (abakundana) gusa igikomeje kwibazwaho n’abakobwa basanga 20 bari mu mwiherero wo kwitegura […]
Yesu ni umurasta abyina Reggae, iyo uyicuranze imyuka mibi irahunga — Natty Dread
Mu gihe abenshi mu bakurikiranira hafi muzika nyarwanda basanga injya ya Reggae iri mu marembera, umwe mu baririmbyi b’iyi njyana uzwi cyane ku izina rya Natty Dread, yavuze amagambo akomeye kuri iyi njyana aho yashimangiye ko na Yesu ubwe abyina Reggae. Mu kiganiro na bwiza.com Natty Dread yadutangarije ko hari agatsiko k’abantu bayobowe na sekibi […]
Bob Marley agiye kubakirwa urwibutso muri Zimbabwe
Ubuyobozi bw’igihugu cya Zimbabwe bwatangaje ko buri gushakisha umushushanyi ubizi neza ngo azashushanye urwibutso rw’ishusho ya Bob Marley ku kibuga cy’umupira cya Rufaro i Harare. Impamvu y’aha hazashyirwa iki gishushanyo ni uko ariho Bob Marley yacurangiye bwambere mu mwaka w’i 1980 ubwo iki gihugu cyahindukaga Zimbabwe dore ko mbere cyitwaga Rhodesie du Sud . Ibi […]
Mwige mugamije guhinduka aho kwiga mugamije gufungurwa – Minisitiri Johnston Busingye
Minisitiri w’ubutabera, Bwana Johnston Busingye yasuye abana bafungiye muri Gereza ya Nyagatare, abasaba kudahatanira kwiga kugira ngo bafungurwe ahubwo ngo bagombye kubikora bagamije guhinduka. Buri mwaka Perezida wa Repubulika, Paul Kagame agirira imbabazi abana bafungiye muri iyi gereza baba batsinze ibizamini bya Leta. Abagiriwe imbabazi n’Umukuru w’Igihugu bahita bafungurwa nk’uko Itegego nshinga ribiteganya. Ministiri Busingye […]
Sudani y’Epfo: Umuvugizi wa Dr Riek Machar yakatiwe igihano cyo kwicwa amanitswe
Urukiko rwo muri Sudani y’Epfo rwakatiye igihano cyo kwicwa amanitswe, James Gatdet Dak, umuvugizi wa Dr Riek Machar, rusobanura ibiteganywa mu itegeko nshinga byagendeweho mu gufata iki cyemezo. Dak yari akurikiranweho ibyaha byinshi birimo ibyaha by’ubugambanyi. Urukiko rudasanzwe rukaba rwatangaje umwanzuro rumukatira igihano cy’urupfu kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Gashyantare. Umwunganizi wa Dak witwa […]
Bull Dog yatsembeye abifuza P-fla muri Tuff Gangs
Nyuma y’aho abari bagize itsinda rya Tuff Gangs bihuje bakongera bagasubirana, umuraperi Bull Dog aratangaza ko n’ubwo basubiranye ndetse n’umubano uri hagati yabo na P Fla ukaba umeze neza ariko ntagahunda ihari yo kuba bamugarura mu itsinda. Ibi byatangiye kunugwanugwa nyuma y’aho umuraperi Pfla afunguriwe, aho hari amakuru atarafitiwe gihamya yavugaga ko P Fla asigaye […]
Yitangiye uwari umukunzi we amuha impyiko yenda gupfa akize amusaba ko babana amutera utwatsi
Umugabo wo mu gihugu cy’u bwongereza yababajwe bikomeye n’umugore yakunze bakiyemeza kubana ariko afite ikibazo cy’impyiko yamara kumuha impyiko ye agahita yanga ko bakora ubukwe. Simon Louis w’imyaka 49 na Mary Emmanuelle w’imyaka 41, bombi baba London, bari inshuti magara kuko bari bamaze igihe kirekire bateretana kugeza ubwo uyu mugore yaje kurwara. Impyiko ya Emmanuelle […]
Uganda: Abakozi b’urwego rw’abinjira n’abasohoka mu mazi abira nyuma yo kunyuzwaho intwaro n’Umunyamerika
Igipolisi cya Uganda cyatangiye gukora iperereza ku mikorere y’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka yaba yaratumye Umunyamerika yinjirana mu gihugu imyambaro, intwaro n’amasasu  by’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Paul Mathias Rogers w’imyaka 57 akaba aherutse gutabwa muri yombi muri weekend ishize akuwe iwe mu gace ka Bwebajja ku Muhanda wa Entebbe nyuma y’uko igipolisi kimenyeye […]
KNC yacyebuye abahanzi bajya ku mbyiniro batakoze imyitozo
Mu minsi ishize nibwo umuhanzi KNC yatangaje ko yagarutse mu ruhando rwa muzika, ubwo bwiza.com yamusuraga aho akora imyitozo yo kuririmba, yaboneyeho gucyebura abandi bahanzi bagenzi be aho yababwiye ko kujya kurubyiniro batakoze imyitozo ari ugusuzugura abo bagiye kuririmbira. KNC amaze iminsi atangiye imyiteguro y’igitaramo afite muri Nyakanga cyo kumurika umuzingo we wa 4, ubwo […]
Ishyaka ANC ryiyemeje gukura perezida Jacob Zuma ku ubutegetsi
Ishyaka ANC riri ku butegetsi muri Afurika y’Epfo ryasoje ibiganiro mu muhezo ryatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ryanzura gukura perezida ku butegetsi nyuma y’uko uyu yanze kwegura nk’uko bitangazwa n’itangazamakuru ryo muri iki gihugu. Abagize komite nshingwabikorwa y’igihugu(NEC) muri iri shyaka bagera ku 107 bakoze ibiganiro by’amasaha 13 babisoza banzuye gukura ku […]