Uganda: Abana b’abanyeshuri b’Abanyarwanda bamaze iminsi baburiwe irengero
Abana b’abanyeshuri babiri b’Abanyarwanda biga muri Uganda ku Ishuri ry’Ababyeyi b’Abadivantisiti ryitwa, Kabale Adventist Parents School, bamaze iminsi baburiwe irengero nk’uko amakuru aturuka muri iki gihugu avuga. Doreen Tukahirwa, umucungamutungo w’iri shuri, avugana n’umunyamakuru wa Chimpreports dukesha iyi nkuru, yavuze ko abo bana; Vincent Isingizwe wiga mu wa Kabiri w’ishuri ribanza, na Sabato Mugisha wiga […]
Amafoto: Impunzi z'abarundi zisaga 1600 mu zigomba gucyurwa zanyujijwe ku mupaka wa Nemba
Abarundi basaga 1600 muri 2523 basabaga ubuhunzi mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 01 Mata 2018 basubijwe iwabo mu Burundi banyujijwe ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Bugesera nyuma yo gusaba gusubizwa iwabo nyuma y’aho na none bangiye kubahiriza ibisabwa mu gihe usaba ubuhungiro ku butaka bw’u Rwanda. Izi impunzi 2523 zari […]
Amafoto: Impunzi z'abarundi zisaga 1600 mu zigomba gucyurwa zanyujijwe ku mupaka wa Nemba
Abarundi basaga 1600 muri 2523 basabaga ubuhunzi mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 01 Mata 2018 basubijwe iwabo mu Burundi banyujijwe ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Bugesera nyuma yo gusaba gusubizwa iwabo nyuma y’aho na none bangiye kubahiriza ibisabwa mu gihe usaba ubuhungiro ku butaka bw’u Rwanda. Izi impunzi 2523 zari […]
Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo
Nubwo bidakabije ariko bikaba bigaragara, ngo hari ukwimuka gukomeje kugaragara kw’Abanyekongo bava mu burasirazuba bwa Congo bakajya gutura mu mijyi yo mu Rwanda bihana imbibe, aho aba baturage baba bakeka kuryama bagasinzira kandi bagakora ibintu byabo nta mbogamizi. Imijyi ya Gisenyi na kamembe mu majyaruguru n’amajyepfo y’Ikiyaga cya Kivu ngo igaragara nk’ibereye kandi itekanye ugereranyije […]
Impunzi z’Abarundi zisaga 2,500 zigiye gusubizwa mu Burundi
Impunzi z’Abarundi zisaga 2,500 zashakaga ubuhungiro mu Rwanda zigiye gusubizwa iwabo uhereye kuri iki Cyumweru. Ibi bikaba  byatangajwe na minisitiri ushinzwe impunzi mu nshingano ze kuri uyu wa Gatandatu. Izi mpunzi z’Abarundi ziherutse kwinjira mu Rwanda ziturutse muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, zigiye gusubizwa mu Burundi nyuma yo kwanga kwiyandikisha bitewe n’imyemerere yazo nk’uko […]
Burera: Umwalimu n’umukozi wa Koperative Umwarimu SACCO bakurikiranyweho kunyereza umutungo
Kuwa 28 Werurwe 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi abantu babiri bakekwaho ubufatanyacyaha mu kwiba Koperative Umwarimu SACCO DUKIRE GATEBE yo muri ako karere amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyoni imwe n’ibihumbi magana atanu. Aba bakurikiranyweho ubu bufatanyacyaha umwe ni Mukandori Marie Louise akaba ari umukozi w’iyo Koperative Umwarimu SACCO […]