Igipolisi cy’u Burundi kiravuga ko umupolisi wacyo wafatiwe mu Rwanda yakorewe iyicarubozo
Umupolisi w’umurundi uherutse gufatirwa mu Rwanda yinjiye mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kuri uyu wa Mbere yasubijwe iwabo nyuma y’aho ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bumushyikirije abayobozi b’u Burundi. Igipolisi cy’u Burundi kuri twitter yacyo kikaba kivuga ko uyu mupolisi yakorewe iyicarubozo. Uyu mupolisi, APC Irakoze Theogene, Igipolisi cy’u Burundi cyavuze ko akorera kuri station ya polisi […]
Ibihugu byo muri EAC n’Ibiyaga Bigari nibyo bicumbikiye abantu benshi bakoze Jenoside
Ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba(EAC) ndetse n’akarere k’Ibiyaga Bigari nibyo bicumbikiye abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi benshi ku isi. Mu bihugu bya EAC habarizwa abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside bagera kuri 317 naho mu Biyaga Bigari, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo icumbikiye abagera kuri 303 . Mu gihe abahunze ubutabera bakekwaho […]
Nyamasheke: Abarokokeye kuri komini Kirambo bakomeje gushengurwa n’uko hakiri imibiri y’ababo itaraboneka
Komini Kirambo ni imwe mu makomini y’icyari perefegitura ya Cyangugu mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi yabereyemo amarorerwa akomeye cyane y’ubwicanyi ndengakamere bigizwemo uruhare rukomeye cyane n’uwari Burugumesitiri wayo, Mayira Mathias, cyane cyane ko ngo bakekaga ko inkotanyi zifashe ubutegetsi bamwe mu Batutsi b’iyi komini bari barize bavamo uba perefe wa perefegitura ya Cyangugu. Ngo […]
Abakinnyi 19 Rayon Sports izifashisha mu mukino ifitanye na Costa de Sol
Umutoza wa Rayon Sport Ivan Jacky Minnaert kuri icyi cyumweru tariki ya 15 Mata 2018 yatangaje urutonde rw’abakinnyi 19 azifashisa mu mukino w’ishiraniro afitanye na Costa de Sol yo muri Mozambique mu marushanwa ya CAF Confederation Cup. Ni umukino wo kwishyura dore ko umukino ubanza wabereye hano kuwa 6 Mata 2018 I Kigali ukarangira Rayon […]
UAE yahagaritse inkunga y’imyitozo yageneraga igisirikare cya Somalia
Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE)zahagaritse inkunga y’imyitozo ya gisirikare zahaga Somalia nyuma y’aho iki gihugu cyo mu ihembe rya Afurika gifatiriye miliyoni z’amadolari ndetse inzego z’umutekano zigafatira mu gihe gito indege y’izi leta mu cyumweru gishize. Inzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’ikibuga cy’indege byavuze ko ayo mafaranga yinjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu gihe umugaba […]
Umukobwa wange afana Charly na Nina -Bruce Melody
Umuhanzi wabigize umwuga Bruce Melody ubu ari mu bahanzi 10 bari guhatanira irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar ku nshuro yaryo ya 8 ribera hano mu Rwanda , yeruye ko umukobwa we ari umufana ukomeye wa Charly na Nina. Ubwo Bruce Melody yaganiraga na Radiyo Rwanda ku mugoroba wo kuwa 14 Mata 2018 yatangaje ko […]
Senat: Hasuzumwe umushinga w’itegeko ngenga rishyiraho amategeko rusange agenga ibigo bya leta
Kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Mata, mu nteko rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena, hasuzumwe ishingiro ry’umushinga w’itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga No 001/2016/OL ryo kuwa 20/04/2016 rishyiraho amategeko rusange agenga ibigo bya Leta; no kuryemeza. Hagaragajwe ibigo bya leta bimaze guhuza amategeko yabyo n’itegeko ngenga rishyiraho amategeko rusange agenga Ibigo bya Leta […]
Habineza wari umunyamabanga mukuru wa FERWAFA yeguye
Uwari Umunyamabanga Mukuru w’agateganyo wa FERWAFA kuri uyu wa mbere yashyikirije ubuyobozi ibaruwa isezera ku mirimo ye yari amazeho amezi abiri n’iminsi. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, rikaba rivuga ko kuri uyu wa Mbere itariki 16 Mata 2018, iri shyirahamwe ryakiriye ibaruwa yo kwegura ku mirimo y’uwari umunyamabanga mukuru w’agateganyo, Habineza […]
Kampala: Uwase yabeshye umukunzi ko yashimuswe ashaka kumukuramo miliyoni 25 ntibyamuhira
Igipolisi cya Uganda muri Old Kampala, cyataye muri yombi umukobwa w’imyaka 21 witwa Uwase Mariam, nyuma yo gutekera umutwe umusore w’inshuti ye ko yashimuswe amushakamo amafaranga. Uyu mukobwa akaba atuye mu nkengero za Kampala. Igipolisi kiravuga ko Uwase yahimbye ishimutwa rye ashaka gukura amafaranga mu musore w’inshuti ye bivugwa ko bamaranye amezi atatu avuga ko […]
U Rwanda na Uganda biri kuganira uko abagize uruhare muri jenoside bagarurwa
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Uganda ziri mu biganiro bigamije gucyura abantu bose bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ngo baburanishwe. Ibi bikaba byatangajwe kuri uyu wa gatandatu ushize na Ambasaderi w’u Rwanda I Kampala, Maj. Gen. Frank Mugambage, mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi cyaberaga muri Kaminuza Mpuzamahanga ya Kampala […]
Kimironko: Yamuhaye icupa ry’amazi ngo amufashe saa mbiri, akanguka yisanga i Gikondo saa kumi n’imwe
Ibi byabaye kuri iki Cyumweru, itariki 15 Mata, ubwo nyir’ubwite watanze ubuhamya kuri imwe mu maradiyo akorera mu Rwanda, yari agiye muri gahunda ku Kimironko, umwe mu bagenzi bari bari kumwe m’umodoka akumva iyi gahunda yari afite akamwumvisha ko nawe ari yo agiyemo akamusaba ko bafatanya urugendo nyamara ashaka kumucuza utwo yari afite akoresheje imbaraga […]
Urutonde rw’abatoza 6 babaye abakinnyi bakomeye ku mugabane w’i Burayi
Burya amateka meza y’abatoza batandukanye ku mugabane w’i Burayi bashobora kuba bayakesha ubunararibonye muri uyu mwuga w’umupira w’amaguru. Kuba batoza ibyo bakinnye biri mu ntwaro ikomeye abagabo nka Zinedine Zidane na Pep Guardiola bifashisha mu mwuga w’ubutoza. Aha tuhafite urutonde rw’abatoza bafatwaga nk’inkingi ya mwamba igihe bari abakinnyi: 6.Carlo Ancelotti Uyu yatojeho ikipe ya Bayern […]