DRC: Abantu 40 barohamye mu mugezi wa Ubangi bagerageza guhunga imirwano
Abantu barenga 40 barohamye mu mugezi wa Ubangi bagerageza guhunga ubwicanyi n’intambara birikubera mu Majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage barohamye bashaka kwambuka umugezi wa Ubangi bagana mu buhugu by’abaturanyi. Nyamara ubwato bwabo bwahise burohama bitewe n’umuhengeri. Umuyobozi w’ungirije w’intara ya Ubangi Jean Bakatoye, yabwiye AFP ko aba baturage bari […]
Inama y’Abaminisitiri yateranye yashyizeho abayobozi muri REB, RAB na RCA
Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yashizeho abayobozi mu ibigo bitandukanye REB, RAB, RCA nahandi. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.  Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imbanzirizamushinga y’Ingengo […]
Menya ukuri ku maribori benshi bibeshya ko atuma umugore agira amavangingo
Hari abantu benshi bibwira ko amaribori ari kimwe mu bimenyetso byerekana ko umugore afite amavangingo azana mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ariko ibi si byo nk’uko urububa Ladieslife rubitangaza. Uru rubuga rutangaza ko hari abayaterwa n’imiti yo mu bwoko bwa crème yitwa corticosteroid kimwe n’uko hari abayagira kubera uruhererekane rwo mu miryango. Ku bangavu, amaribori aza […]
Abaperezida ba Koreya zombi basinye amasezerano akumira intambara hagati ya zo
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un n’uw’iy’Epfo, Moon Jae-in, bashyize umukono ku masezerano agamije kubyutsa umubano no gukumira icyo aricyo cyose cyabazanamo intambara . Ari imbere y’ibitangazamakuru mpuzamahanga, Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yavuze ko nta mpamvu n’imwe yatuma Koreya zombi zishwana, avuga ko yifuza amahoro. Nk’uko BBC ibitangaza, Perezida Kim […]
Abagenzuzi b'imari bwite b'ibigo bakwiye guhabwa ubwisanzure mu mikorere yabo- Hon. Makuza
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Hon. Sen.Bernard Makuza, avuga ko abagenzuzi b’imari bwite (internal auditors) bakwiye guhabwa ubwisanzure mu mikorere yabo bagashyira mu bikorwa inshingano zabo. Avuga ko iyi yaba ari imwe mu ngingo zikwiye gufatwa kugirango umutungo wa Leta ucungwe nk’uko bikwiye. Mu nama nyunguranabitekerezo yo ku wa 26 Mata 2018, yahuje abagize Sena […]
Tunda Sebastian uzwiho amafoto ashotora abagabo agiye kurongorwa n'umunyamakuru
Umunyamideli wabigize umwuga, Tunda Sebastian ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya agiye gukora ubukwe n’umunyamakuru ukorora kuri Televiziyo ya ‘CloudTV’ witwa Casto Dickson. Nk’uko yabitangaje, uyu Dickson mu magambo ye yeruye yemeza ko umutima we watwawe n’uyu munyamideli, Tunda ndetse ko ubu yiteguye ku murongora akamubera umugore. Yagize ati “Tunda ni umukobwa nifuza kugira umugore wanjye […]
Twibuka kugira ngo dukizanye ibikomere- Padiri Ubald
Padiri Ubald Rugirangoga umaze kwamamara mu gihugu mu bikorwa by’isanamitima n’ubwiyunge, avuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi yasize ibikomere mu Banyarwanda bose, ari abayikoze n’ abayikorewe bose, ngo bakaba bakeneye isanamitima ryo kubakiza. Padiri Ubald Rugirangoga uvuka i Rwabidege mu murenge wa Karengera, ho mu karere ka Nyamasheke, avuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi yamushegeshe cyane kuko […]
Abarwanyi 44 ba FDLR n’imiryango yabo bahawe igihe ntarengwa cyo kuba batashye mu Rwanda
Abari abaarwanyi ba FDLR bari bacumbikiwe mu nkambi ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe gutaha mu Rwanda bitarenze itariki ya 20 Ukwakira 2018. Iyo nteguza bayihawe ku wa 26 Mata 2018, n’itsinda ry’abagize Guverinoma ya Congo n’indi miryango nka SADC, CIRGL na Monusco. Iyi nteguza ireba abari […]
Umutekano wa Rick Ross i Nairobi wakajijwe ku buryo budasanzwe -Amafoto
Ku wa 28 Mata 2018, nibwo umuherwe akaba n’ikirangirire mu muziki w’isi, Rick Ross, azaba ari ku butaka bwa Kenya aho agiye gukorera igitaramo cyakataraboneka kigomba kubera mu Mujyi wa Nairobi. Rick Ross utegerejwe nk’umwami muri Kenya yateguriwe itsinda ry’imodoka icumi zihenze hakiyongeraho indege igomba kugenda hejuru yazo mu rugendo ruva ku kibuga cy’indege rwerekeza […]
Sudani y’Epfo: Abakozi 10 ba Loni baburiwe irengero
Umuryango w’Abibumbye utangaza ko abakozi bawo 10 mu batanga imfashanyo baburiwe irengero muri Sudani y’Epfo mu buryo budasobanutse. Ibiro bya Loni bishinzwe imfashanyo OCHA, bitangaza ko abo bakozi babuze ku wa Gatatu w’iki cyumweru aho bari mu gace ka yei, gaherereye muri Yei River. Ibi biro bitangaza ko babuze bari mu modoka bagana muri Komini […]
Bizimana Djihad yakuyeho agahigo kari gafitwe na Sugira Ernest
Umukinnyi ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya APR FC no mu ikipe y’igihugu Amavubi, Bizimana Djihad yamaze kugurwa na Beveren yo mugihugu cy’ububirigi akaba yayisinyiye imyaka 3. Tariki ya 10 Mata 2018 ni bwo uyu musore yerekeje mu gihugu cy’u Bubiligi gukora igeragezwa muri iyi kipe byari bitaganyijwe ko rizamara ukwezi ariko akaba yararitsinze […]
Ibyaranze itariki ya 27 Mata 1994, ubwo jenoside yakorerwaga Abatutsi yari ikomeje
Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, hari amwe mu matariki agaruka mu mitwe y’Abanyarwanda kubera ibikorwa by’ubwicanyi n’ibindi byakorwaga muri jenoside yakorewe Abatutsi. Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya jenoside (CNLG) ibicishije ku rukuta rwayo rwa twitter, itangaza ko itariki ya 27 Mata 1994, yaranzwe na: Impunzi zari zahungiye muri Hotel des Milles […]