Dore ibintu 5 bishobora gutuma umusore abengera umukobwa mu buriri ku munsi w’ubukwe

Urukundo ruba rwiza iyo rurambye, kuko hari igihe ruzambywa n’akantu gato cyane, ibyari umunezero bigahinduka mu kanya nk’ako guhumbya, abitanaga ba cheri (e) umwe aho aciye undi akahanyuza umuriro. Ibintu bitanu tugiye kuvuga ahanini bishingiye ku mwanda umukobwa ashobora kugira, ku buryo ushobora gutera umusore kutamwishimira mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ya mbere barushinze. Ubutaha tuzavuga […]

RDC: Lt.Col. Maro Ntumwa wayoboraga inyeshyamba yakatiwe igifungo cy’imyaka 20

Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye Lieutenant colonel Maro Ntumwa, wari umuyobozi w’inyeshyamba igifungo cy’imyaka 20. Lt. Col. Maro Ntumwa yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 ashinjwa ibyaha birimo guhohotera abagore abagira abacakara b’imibonano mpuzabitsina n’ibindi byaha byibasira inyokomuntu. Lt. Col. Maro Ntumwa  uzwi ku izina rya “Le Marocain”, ibi byaha ashinjwa yabikoreye […]

U Rwanda rwasabwe kugira icyo ruvuga ku ngingo y'irekurwa rya Col. Simba Aloys ufungiye ibyaha bya jenoside

Umucamanza w’ Urukiko  Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda ( TPIR ) rukorera i Arusha muri Tanzania, yandikiye Leta y’u Rwanda ayisaba kugira icyo ivuga ku ngingo ishobora gufatwa yo kurekura Col. Simba Aloys wahamwe n’ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi, ubu akaba afungiye muri Benin. Col. Simba Aloys yahamwe n’ibyaha bya jenoside, aho ashinjwa kuyobora ibitero […]

Urukiko rwa ICC rwagiyeho rushyiriweho Isi yose ariko byarangiye rubaye urwa Afurika gusa- Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), arakemanga imikorere y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa ICC, avuga ko rwashyizweho rwitwa urw’Isi ubu bikaba bisa nk’aho rwashyiriweho gukurikirana Abanyafurika gusa. Perezida Kagame yagarutse ku mikorere ya ICC ku wa 28 Mata 2018, i Kigali, ubwo yitabiraga umunsi wa kabiri w’ibiganiro mu […]

Mbonimpa Claver avuga ko uwamurashe yamumenye n’ubwo na we yahise yicwa

Pierre Claver Mbonimpa, Umurundi uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu ndetse akaba n’umuyobozi w’ishyirahamwe riharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Burundi (APRODH), yarashwe mu mwaka wa 2015, ariko aza kurusimbuka, ubu atangaza ko yamenye ababikoze. Mu kiganiro yagiranye n’iradiyo y’Abadage, DW News, Claver Mbonimpa yasabye ko ubutabera bwakora akazi kabwo, agashimangira ko nubwo hashize imyaka itatu, nta cyo abona cyari cyahinduka mu […]