Nyamasheke: Barasaba ko ahahoze icyobo cyiswe ‘Croix-rouge’ hashyirwa ikimenyetso cy’amateka ya jenoside
Amatariki ya 29 na 30 , ni amatariki yabaye mabi cyane ku Batutsi batagira ingano bari bahungiye kuri paruwasi Gatulika ya Shangi mu karere ka Nyamasheke bazi ko bahabonera amakiriro nyamara bakicirwa mu kiliziya no mu nkengero zayo, aho abasaga 12.000 muri bo bajugunywe mu cyobo cyiswe croix-rouge bamwe ari bazima, abaharokokeye bakaba basaba ko […]
WDA: Kaminuza y’ubukerarugendo imaze gutangwaho asaga miliyari itarabaho
Rwiyemezamirimo yishyuwe 489,375,565 ntiyubaka, Ibikoresho byishyuwe 242,936,166 bibura aho bijya, Abarimu n’abagishwanama bahembwa 349,447,288 badakora Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta 2017, ivuga ko ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyingiro kiri gutanga amafaranga menshi kubera amasezerano ajyanye n’ishuri rikuru ry’ubukererugendo rigomba kubakwa I Remera mu mujyi wa Kigali. Ishuri ryagombaga kuzura mu Ugushyingo 2017. Umwanzuro wo […]
Rwatubyaye Abdul yagarutse mu kibuga, Pierrot afatwa n'uburwayi butazwi
Nyuma y’igihe kirekire umukinnyi w’inyuma wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul adakina bitewe n’imvune yamuzahaje, byitezwe ko agaruka mu kibuga ku mukino Rayon Sports ifitanye na Kirehe, naho umukinnyi ukina hagati Kwizera Pierrot we afite uburwayi butari bwamenyekana. Kwizera Pierrot aheruka mu kibuga ku mukino Rayon Sports yakinye na Costa Do Sol yo muri Mozambique ikayitsinda […]
Umunsi w’umurimo: Abakozi baraganira n’umukoresha, abarenganye begere umwunganizi
Umunsi w’umurimo mu Rwanda urizihirizwa I Rubavu kuri stade Umuganda, ku n sanganyamatsiko “Duteze imbere umurimo utanga umusaruro, Twihutishe iterambere”. Uyu munsi usanze bamwe mu bakozi batishimiye imishahara, abandi badahemeberwa igihe. Abari abakozi ba REB birukanwe mu 2015 batarangije amasezerano, baregera ubunganira mu mategeko. Kuva ikigo gishinzwe uburezi mu Rwanda REB cyahagarika abarimu bigishaga bagenzi […]
Perezida Kagame yabajijwe niba yemeranywa n’abamurega kurasa indege ya Habyarimana Juvenal
Perezida Kagame yabajijwe n’umunyamakuru w’umunyamerika, Peter Greenberg, ku ihanurwa ry’indege yari itwaye uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Habyarimana Juvenal, aregwa guhanura, asubiza avuga ko atemeranya n’ababimushinja. Muri Filimi mbarankuru ‘The Royal Tour’ yerekanwe kuri Televiziyo y’igihugu, ku wa 27 Mata 2018, igaruka ku hantu nyaburanga hatatse u Rwanda inagaragaramo Perezida Kagame, umunyamakuru Peter Greenberg bagiranye […]
Indirimbo 6 zikunzwe kurusha izindi muri Afurika y'i Burasirazuba
Mu kwezi gushize hari indirimbo nyinshi z’abahanzi zagiye hanze muri Afurika y’i Burasirazuba, Ikinyamakuru okayafrica, cyatangaje zimwe mu ndimbo zikunzwe kurusha izindi muri Afurika y’Iburasiraazuba. 1.Harmonize ft. Diamond Platnumz “Kwa Ngwaru” Iyi ndirimbo yahuriwemo n’abahanzi babiri bakomeye bo muri Tanzaniya ndetse bava mu nzu imwe itunagnya imiziki ya Wasafi Kwa Ngaru ikaba imaze kuzenguruka mu […]
Burundi: Uwavuze ko abarwanya Leta bazajugunywa muri Tanganyika, yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu
Urukiko rukuru rwa Bujumbura kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Mata 2018, rwaciye urubanza igitaraganya, rukatira Melchiade Nzopfabarushe, umuyoboke w’ishyaka CNDD FDD, igifungo cy’imyaka itatu ashinjwa gukoresha amagambo y’urwango mu baturage. Melchiade Nzopfabarushe ukomoka mu muri komini ya Kabezi mu ntara ya Bujumbura rurale, ashinjwa ibyaha birimo gukangisha abaturage imvugo mbi ishobora kubangamira abadakurikiza […]
Bimwe mu byaranze itariki ya 1 Gicurasi 1994, ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi yari ikomeje
U Rwanda n’Isi yose baribuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri iyi tariki ya 1 Gicurasi mu mwaka wa 1994, ubwicanyi bwakorwaga mu gihugu bwari bukomeje, ikaba itariki yibukwaho bimwe mu bikorwa bitandukanye byakorwaga. Nk’uko Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya jenoside (CNLG) ibitangaza ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Ivuga ko kuri iyi tariki […]
Abakozi ba Loni bari barashimutiwe muri Sudani y’Epfo babonetse
Mu cyumweru gishize nibwo Umuryango w’Abibumbye wari watangaje ko abakozi bawo 10 mu batanga imfashanyo baburiwe irengero muri Sudani y’Epfo mu buryo budasobanutse, ubu ukaba utangaza ko babonetse. Umuryango utabara imbabare muri Sudani y’Epfo (Croix Rouge), utangaza ko aba bakozi 10 bari babuze, ari abakozi ba Loni bashinzwe gutanga imfashanyo bo muri Sudani y’Epfo, bakaba […]
Nyamagabe: Umusore yafatanwe urumogi yari yambariyeho
Mu mpera z’icyumweru gishize, Polisi y’u Rwanda yafatiye umusore witwa Bimenyimana Reverien w’imyaka 28 mu kagari ka Kagano Umurenge wa Kitabi, akaba yari yihambiriye ku mubiri we ibiro 10 by’urumogi arenzaho imyenda. Uyu Bimenyimana akaba yari ari mu modoka yo mu bwoko bwa Hiace ifite nomero ziyiranga RAA 777W yavaga mu karere ka Rusizi yerekeza […]