Iyo igihugu kiyobowe n'abagikunda nta kabuza gitera imbere- Hon. Mukabalisa
Perezida  w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatille, avuga ko iterambere ryâigihugu mbere na mbere riterwa nâabakiyoboye bagikunda kandi baharanira inyungu zâabo bayobora kurusha uko baharanira izabo bwite. Ibi Hon.Mukabalisa yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 11 Gicurasi 2018, ubwo abagize Inteko Ishinga Amategeko n’Abakozi bibukaga ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi […]
Burundi: Abantu bataramenyekana bishe abantu 23
Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 11 Gicurasi 2018, abantu bataramenyekana bishe abantu 23 mu Burasirazuba bwâAmajyaruguru yâu Burundi. Umwe mu bayobozi bâu Burundi ikinyamakuru AFP dukesha iyi nkuru kitatangaje izina, yavuze ko bakeka ko umubare wâabishwe ushobora kwiyongera. Yagize ati âdufite abantu 23 bishwe, barimo abagabo, abagore nâabagabo, umubare ushobora kwiyongera mu […]
RDC: Abakerarugendo babiri bashimutiwe muri Pariki ya Virunga
Ku wa Gatanu tariki ya 11 Gicurasi 2018, abakerarugendo babiri bâAbongereza bashimutiwe muri Pariki ya Virunga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Radiyo Okapi itangaza ko abo bakerarugendo bashimutiwe hagati ya Kibumba na Nyiragongo muri Teritwari ya Nyiragongo muri Kivu yâAmajyaruguru. Nkâuko sosiyeti sivile muri aka gace ibitangaza, ngo bashimuswe ubwo baganaga i Goma bari […]
Muhanga: Urubyiruko rurasabwa kwigira ku ngabo za FPR/Inkotanyi zahagaritse jenoside yakorewe Abatutsi
Ubwo hibukwaga urubyiruko rwazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , urubyiruko rwiganjemo urwo mu bigo by’amashuri yisumbuye byo mu murenge wa Cyeza, mu karere ka Muhanga rwasabwe kwimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda kurusha ibindi byose no kwigira Ku butwari n’ubwitange byaranze urwayihagaritse. Unkundiye Fhilippe, umwe mu rubyiruko rwarokotse jenoside rwo mu murenge wa Cyeza, mu buhamya bwe, […]
U Burusiya: Abazajya kureba imikino y'igikombe cy'Isi bakorewe amarobo(Robots) bazajya basambanya
Iminsi 34 gusa niyo ibura ngo igikombe cy’isi kiba rimwe mu myaka ine gitangire, kuri ubu abahanga mu gukora amarobo(Robot) bakoze Robo zizifashishwa n’ubishaka mu gihe ashaka gukora imibonano mpuzabitsina. Ni nyuma y’uko bigaragaye ko buri gihugu cyabereyemo imikino y’igikombe cy’isi hagaragara umubare w’abana benshi bavuka nyuma yacyo, kandi ugasanga ba se ari abanyamahanga batanazwi. […]
Imitwe ibiri yâinyeshyamba zirwanya Leta y'u Burundi yakozanyijeho hapfamo batandatu
Imirwano hagati yâinyeshyamba âRed Tabara na Forebuâ ikomoka mu Burundi yabereye mu karere ka Uvira, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaguyemo abantu batandatu. Amakuru VOA ikesha abayobozi bo muri ako gace, yemeza ko iyo mirwano yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 9 Gicurasi 2018, inyeshyamba za Red Tabara zitakarizamo benshi. Bavuga […]
Dore ibintu 5 bishobora gutuma ushinga urugo ntirushinge imizi
Burya gushaka ni igikorwa cya kigabo ntabwo bishobora buri wese, kandi gushaka no gukomeza urugo ni ikindi kintu, niyo mpamvu mu gihe hari ingeso zakunaniye uba usabwa kubanza kwitekerezaho mbere yo gufata icyo cyemezo. Mu gihe cyose urangwa n’izi ntekerezo, ntuzirirwe uhirahira ngo ushake umugore cyangwa umugabo kuko ntabwo mwamarana kabiri. Zimwe muri zo, twavuga: […]
Zari yakwepye umusore washakaga kumuha impano y'imodoka ihenze- AMAFOTO
Ku munsi wejo tariki 11 Gicurasi 2018 nibwo umuherwekazi Zari Hassan yari ategereje muri Kenya aho agiye mu gikorwa cy’urukundo(gufasha) nkuko byari biteganyijwe ko uyu Zari agirana ikinaganiro na Kiss fn (kenya) siko byagenze kuko byaje guhinduka ubwo yamenyaga ko Ringtone ahamutegerereje ngo amuhe impano atigeze ahakandagira. Ringtone umaze iminsi agaragaza ko afitiye urukundo Zari […]
Gasabo: Abakozi batanu b'Ikigo Nderabuzima batawe muri yombi bacyekwaho kwiba imiti
Polisi yâu Rwanda ifatanyije nâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB), ku wa kane tariki ya 10 Gicurasi 2018, yafashe abantu batanu, barimo abaforomo batatu (3) bakekwaho kwiba ibikoresho nâimiti byo mu kigo nderabuzima cya Kayanga giherereye mu murenge wa Rutunga Akarere ka Gasabo. Bimwe mu byibwe muri icyo kigo nderabuzima birimo ibikoresho bya Laboratwari, amashuka nâibiringiti byâikigo […]
Mani Martin yasubije abamwibasiye nyuma yo kugaragaza ko ashaka umukobwa umubyarira umwana
Hashize iminsi mike, umuhanzi Mani Martin agaragaje ko ashaka umwana bidasubirwaho, ashyira ifoto yâumwana ku rukuta rwe rwa Instagram arangije ayandikaho amagambo avuga ko ‘ashaka umukobwa umubyarira umwana’ maze yakirizwa ibitutsi. Ashyiraho iyo foto, Mani Martin yagize ati âBagore, uwumva yambyarira umwana mwiza nk’uyu nguyu nanshake tuvugane.â Bamwe mu bamukurikira kuri Instagram, bamusamiye hejuru baramwandagaza, […]