Musanze: Polisi yaganirije Abayisilamukazi baho ku ihohotera rishingiye ku gitsina

Mu rwego rwo gukomeza gufatanya n’izindi nzego gukumira no kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina, ku cyumweru tariki 13 Gicurasi uyu mwaka; Polisi mu karere ka Musanze yagiranye ikiganiro n’Abayisilamukazi baho 359 ku ihohotera rishingiye ku gitsina, ibasaba kugira uruhare mu gukumira iki cyaha. Ubu butumwa bwatanzwe n’Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, Chief Inspector of […]

Urubanza-shuri: Urubanza rwa Rukundo n’Ubushinjacyaha ntirushobora kurangizwa

Abagenerwankuru: Abacamanza, abapolisi, abagenzacyaha, abunganira abandi mu mategeko, abashinjacyaha, abashyiraho amategeko, abahesha b’inkiko, abiga amategeko, imiryango irengera uburenganzira bwa muntu, imiryango irwanya ruswa n’akarengane, inzego z’ibanze, abanyamakuru, abanyarwanda muri rusange. Isobanurampamvu: Uwabona umukino uri muri uru rubanza, byamugora kumva ko inzego zishinzwe amategeko mu Rwanda zikora uko bikwiye. Yego ngo “Nyirikirimi kibi yatanze umurozi gupfa”, […]

Ibintu by'ibanze bizakwereka ko urukundo rwanyu ruri mu marembera

Urukundo benshi bemeza ko ari indwara y’umutima abandi bati rurasaza mbega buri wese aruvuga uko abishaka ariko akenshi ntiruba akaramata, abahanga mu mibanire bemeza ko hari ibimenyetso bikomeye bikwereka ko urukundo rwanyu rwarangiye cyangwa ruri hafi kujyaho akadomo. Nkuko ikinyamakuru Daily Life cyaganiriye n’umuhanga mu mibanire witwa Bella Elwood-Clayton  avuga ko ibyiyumvo umubiri ukora iyo […]

Umusore washakaga guha Zari impano y'imodoka yahuriye n'akaga ku mbuga nkoranyambaga-Amafoto

Umuhanzi wo muri Kenya uririmba indirimbo zihimabaza Imana, Ringtone washakaga guha Zari Hassan impano yimodoka ihenze ya ‘Range Rover’, ubu yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga. Hadutse inkubiri yo gukwirakwiza amafoto ku mbuga nkoranyaga asa neza n’aya Ringtone ubwo yari ategereje Zari ngo amushyikirize imodoka yari yamugeneye. Bamwe mu bantu batangiye gusakaza aya mafoto bigana […]

Urutonde rw’abantu 10 bavuga rikijyana ku Isi mu 2018

Kugeza ubu, Isi ituwe n’abaturage barenga miliyali 7.5 , ariko uko iminsi ishira niko hagaragara abanyembaraga bashobora kuvuga Isi igakangarana bitewe n’ibihugu baturukamo, bayobora , amafaranga n’ibindi byose bituma icyo bavuze cyumvikana ndetse kigahabwa agaciro. Mu rutonde rw’abantu 75 bashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru forbes, bwiza.com igiye kugerageza kukwerekamo 10 ba mbere bafite ijambo n’ubutware mu ntoki […]

Nyamasheke: Abakozi b’ibitaro bya Kibogora n’Ibigo Nderabuzima bibishamikiyeho bibutse ababikoragamo bazize Jenoside

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, ibitaro bya Kibogora biherereye mu murenge wa Kanjongo, mu karere ka Nyamasheke na bimwe mu bigo nderabuzima bibishamikiyeho byibutse abari abakozi babyo bishwe muri jenoside. Abibutswe bari abakozi  bagera kuri 30 babiguyemo, barimo 15 baguye mu bitaro ubwabyo, abandi 15 bicirwa […]

Iyo modoka yinjyane uyihe Hamissa Mobetto – Zari Hassan

Zari Hassan umuze iminsi ari kuvugwa cyane mu binyamakuru bitewe ahanini n’umusore uzwi nka Ringtone umaze iminsi amugaragariza urukundo rudanzwe kugeza nubwo amuguriye imodoka nk’impano nubwo Zari atigeze ayakira ahubwo akamubwira ko yayiha Hamissa Mobetto wabyaranye na Diamond. Mu mpera z’iki cyumweru ubwo zari yari afite gahunda y’igitaramo muri Kenya ari naho uyu Ringtone akorera […]