RDC: Perezida Kabila aravugwaho kwanga kwakira Umunyamabanga Mukuru wa Loni
Mu gihe habura amezi abarirwa ku ntoki muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bakinjira mu matora y’umukuru w’igihugu, perezida Kabila aravugwaho kwanga kwakira abashyitsi bakomeye barimo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye bagombaga gusura iki gihugu. Uruzinduko rwa Antonio Guterres, umunyamabanga mukuru wa ONU, na mugenzi we Moussa Faki Mahamat ukuriye akanama k’umuryango w’ubumwe bw’Afurika, rwaburijwemo muri […]
Perezida Magufuli yahishuye ukuntu perezida Kagame yamugiriye inama zo kubyutsa Air Tanzania
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania yahishuye ko mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame ari we wamugiriye inama y’ukuntu yakongera kubyutsa sosiyete y’igihugu y’ingendo z’indege, Air Tanzania. Ibi akaba yabitangaje ubwo yakiraga indege nshya yo mu bwoko bwa Boeing 787 Dreamliner ya mbere iyi sosiyete itunze. Mu Ugushyingo 2015 nibwo perezida John Pombe Magufuli ubwo […]
Selena Gomez yagize icyo avuga ku wari umukunzi we Justin Bieber uri mu rukundo n’undi mukobwa
Mu mpera z’ukwezi kwa Werurwe 2018, nibwo byatangajwe ko umuhanzi w’icyamamare Justin Bieber yamaze gutandukana n’uwari umukunzi we Selena Gomez bari bamaze igihe kinini bakundana. Gusa aba bakunzi bakomeza kwerekana ko bagikundana kabone n’ubwo baba baratandukanye ndetse Justin Bieber akaba ari mu rukundo n’undii mukobwa w’umunyamideli ukiri muto witwa Hailey Baldwin. Mu minsi ishize, nibwo […]
Munyiginya: Guhuza ubutaka no gukorera ku mihigo y'umuryango byahinduye imibereho y'abaturage
Abaturage batuye mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana bishimira ibyo bagezeho kubera guhiga imihigo y’umuryango no guhuza ubutaka byatumye bagera ku iterambere kubera ubuhinzi bwa kijyambere . Abaturage batuye Umurenge wa Munyiginya biyemeje guhiga imihigo yà ºmuryango kandi bakiyemeza kuyihigura bashimira uruhare rwà ºbuyobozi bubaba hafi bigatuma besa imihigo. Twayigize Jean Claude, atuye mu Kagari […]
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda n’iy’u Buhinde byasinye amasezerano y’ubufatanye
Mu ruzinduko Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe wa Sena, Makuza Bernard, yagiriye mu gihugu cy’u Buhinde kuri uyu wa 10 Nyakanga, yagiranye y’ubufatanye hagati y’Inteko z’ibihugu byombi na Visi-Perezida wa kiriya gihugu, Muppavarapu Venkaiah Naidu. Makuza Bernard yagiye muri kirya gihugu ku butumire bwa Muppavarapu Venkaiah Naidu, akaba ari n’umuyobozi Mukuru w’Akanama k’Ikirenga […]
Burundi: Abantu bataramenyekana basenye Ingoro y’ishyaka UPRONA muri Rugombo
Ingoro nshya y’ishyaka UPRONA iri ahitwa Kagazi, muri Komini Rugombo, mu Ntara ya Cibitoke, ho mu gihugu cy’u Burundi, yibasiwe n’abantu bataramenyekana barayisenya bimwe mu byari biyigize biribwa. Umunyamabanga w’iri shyaka muri iyi komini, Celestin Havyarimana yamaganye iki gikorwa asaba ko hakorwa iperereza kugirango ababikoze bahanwe. Kuri we, ngo iri ni iterabwoba ririmo gukorerwa abarwanashyaka […]
Perezida Donald Trump yise u Budage imbohe y’u Burusiya
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabwiye Umunyamabanga Mukuru wa NATO, Jens Stoltenberg, ko u Budage ari imbohe y’u Burusiya kubera ingufu bukomeje kuhatumiza. Mu kiganiro yagiranye n’umuyobozi wa NATO mbere y’inama y’uyu muryango iteganyijwe I Buruseli kuri uyu wa gatatu, perezida Donald Trump yanenze cyane amasezerano y’impombo za gaz yiswe Nordstream hagati […]
Rwamagana: Ntezimana Jean Damascene uregwa kwica umugore we akamubaga yaburanishirijwe mu ruhame
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Nyakanga2018, Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwaburanishije urubanza ubushinjacyaha buregamo Ntezimana Jean Damascene wo mu karere ka Rwamagana ushinjwa kwica umugore we wari utwite inda y’amezi 7 Akamubaga. Muri urwo rubanza, Ubushinjacyaha burega  Ntezimana Jean Damascene w’imyaka 40, ibyaha birimo kwica umugore we yabigambiriye akamutemaguramo ibice, gushinyagurira umurambo, guhisha […]
Uganda: Umunyeshuri wo muri kaminuza yishwe aciwe umutwe barawutwara
Polisi ikorera mu mujyi wa Mbale irigukora iperereza ku rupfu rw’umusore w’imyaka 16 wari umunyeshuri muri kaminuza iimwe yo muri uriya mujyi wa Mbale wishwe n’abantu bataramenyekana umutwe we bakawutwara. Polisi ivuga ko uyu musore witwa John Wamono yiciwe muri metero 200 uturutse iwabo ku mugoroba wo kuri uyu wa 10 nyakanga 2018 mu ggace ka […]
Imirimo yo kubaka Ikigo cy’Igihugu cy’Ishyinguranyandiko izarangira itwaye miliyari 10 z’Amanyarwanda
Imirimo yo kubaka Ikigo cy’Igihugu cy’Ishyinguranyandiko (National Archives Centre) yaratangiye, aho kizajya kifashishwa mu kugera ku makuru yose arebana n’igihugu. Iki kigo kiri kubakwa ku Kacyiru biteganyijwe ko kizaba cyuzuye muri Gicurasi 2020 nihatagira igihinduka. Kugeza ubu hakaba hamaze kubakwa 22% nk’uko bitangazwa na Boothalingam Subramanian, ushinzwe gukurikirana uyu mushinga mu kigo cy’ubwubatsi cya Fair […]
Igitero cya ISO kuri MTN ngo cyari mu rwego rw’iperereza kuri Gen Kayihura n’urupfu rwa Kaweesi
Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Umutekano w’imbere mu Gihugu (ISO) mu gihugu cya Uganda, Col Kaka Bagyenda niwe ubwe watanze amabwiriza yo gutera ububiko bwa MTN Uganda ndetse akurikirana icyo gikorwa mu rwego rw’iperereza ryaguye ku iyicwa rya AIGP Kaweesi, aho ngo bashakaga kumva ibintu Gen Kayihura yaba yaravugiye kuri telephone akoresheje umurongo wa MTN muri icyo […]
Muhanga: Polisi yafatanye umugabo kashe eshatu z’ibigo bitandukanye z’inyiganano
Ku wa mbere tariki 9 Nyakanga uyu mwaka , Polisi mu karere ka Muhanga yafatanye uwitwa Niyombonwa Theodore kashe eshatu z’Ibigo bitandukanye z’inyiganano. Kashe uyu musore w’imyaka 27 y’amavuko yafatanywe harimo iy’ishuri rya APARUDI College de Bethel riri mu karere ka Ruhango; iy’Umuryango utegamiye kuri Leta witwa INADES Formation Rwanda; iya gatatu ikaba ari iy’Umuryango […]