Wari uziko umukunzi wawe agutendeka ntabikubwire? Dore ikibitera
Nikenshi usanga abantu benshi bahora mu marira ngo abakunzi babo barabatendeka cyangwa ngo babaca inyuma nyamara akenshi usanga hari ababigiramo uruhare kugirango bibabeho. Nibyinshi byagiye bigaragara bituma bamwe mubakundana bacana inyuma,bimwe muribyo twavuga ni: Gushaka ibyamirenge(ibintu na mafaranga) abenshi hari igihe baba bafite abakunzi ariko ugasanga batanyurwa nibyo babaha cyangwa se babakorera, bagahitamo gushaka abandi […]
Ariana Grande yateye utwatsi iby’uko yaciye inyuma umukunzi we mbere yo gutandukana
Umuririmbyi Ariana Grande yateye utwatsi ibimuvugwaho ko yaba yaraciye inyuma uwahoze ari umukunzi we, Mac Miller maze akaryamana na Pete Davidson basigaye bakundana kuva muri Gicurasi uyu mwaka nk’uko urubuga Hollywoodlife.com rubitangaza. Ariana Grande avuga ko ibivugwa atari ukuri ubwo yasubizaga umufana wari utanze igitekerezo ku rutonde rw’indirimbo ziri ku Alubumu ye ateganya gushyira ahagaragara […]
Rusizi: Kutagira imashini zuhira imyaka birakoma mu nkokora umusaruro ukomoka ku buhinzi
Abaturage b’utugari twa Murya na Nyenji mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi ,bavuga ko bashyira imbaraga nyinshi mu kongera umusaruro w’ubuhinzi ariko kutagira imashini zuhira imyaka bigakomeza kubabera imbogamizi. Iki kibazo bongeye kukigaragaza ubwo muri aka kagari ka Nyenji hizihirizwaga umuganura ku rwego rw’aka karere, aho abaturage bavuze ko ibyo bagezeho mu buhinzi […]
Minisitiri w’Intebe wa Uganda bwa mbere yagize icyo avuga ku ifungwa rya Gen Kayihura
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Ruhakana Rugunda ku nshuro ya mbere yagize icyo avuga ku ifungwa rya Gen Kale Kayihura wahoze akuriye Igipolisi, avuga ko abayobozi bireba bakomeje kwita kuri iki kibazo. Ibi Minisitiri w’Intebe wa Uganda yabitangaje ubwo yasubizaga ikibazo cy’umudepite uhagarariye Kawempe y’Amajyaruguru, Latif Ssebaggala kuri uyu wa Kane. Ssebagala yari yasabye Minisitiri w’Intebe […]
Umuraperi White Monkey mu bantu 12 bafashwe bashinjwa gukoresha no gukwirakwiza ibiyobyabwenge
Polisi y’u Rwanda n’Urwego rw’ubugenzacyaha-RIB bafashe abakoreshaga n’abakwirakwizaga ibiyobyabwenge mu Mujyi wa Kigali. Bafatiwe mu bikorwa byabaye mu byumweru bibiri bishize. Abafashwe 12 beretswe itangazamakuru ku itariki ya 8 Kanama; kuri Sitasiyo ya Polisi ya Remera mu Mujyi wa Kigali. Polisi na RIB bavuze ko abakekwaho gukwirakwiza ibiyobyabwenge bari mu byiciro 2 aho bacuruzaga ikiyobyabwenge […]
Polisi y’u Rwanda yungutse abofisiye bato 413- REBA AMAFOTO
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston yitabiriye umuhango wo kwambika amapeti abofisiye bato basoje amahugurwa yabo mu ishuri rya Polisi rya Gishari riherereye mu karere ka Rwamagana, Intara y’i Burasirazuba. Umuhango wo kwambika aba bapolisi amapeti wabaye ku wa Gatanu tariki ya 10 Kanama 2018, Minisitiri Busingye akaba yawitabiriye hamwe n’abandi bayobozi […]
Umuhanzi David Lutalo yashinjijwe n’umugore w’imyaka 52 ko babyaranye mu 1987 kandi yari ataravuka
Mu giturage cya Kiwogozi mu Karere ka Luwero muri Uganda, haherutse kuba agashya ubwo umugore w’imyaka 52 yagabaga igitero mu rugo rw’ababyeyi b’umuhanzi David Lutalo akamushinja kumutera inda ariko akanga kurera umwana babyaranye. Umuvugizi wa polisi mu karere ka Savana, Paul Kangave, aravuga ko uyu mugore witwa Josephine Naluwoza utuye Mbiko mu karere ka Buikwe, […]
Uganda: Umupolisi arashinjwa gufatira ku ngufu umwana w’imyaka 15 muri kasho ya polisi
Igipolisi mu Karere ka Bombo mu gihugu cya Uganda kiri mu iperereza ku mupolisi ushinjwa gusambanyiriza ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 15 muri station ya polisi. Amakuru aravuga ko umupolisi w’imyaka 49 witwa Charles Mpima, ukorera kuri station ya polisi ya Nyimbwa, yafashe ku ngufu uyu mwana w’umukobwa ubwo yari agiye kuri polisi gusaba kurindwa […]
Madamu Jeannette Kagame arizihiza isabukuru y'imyaka 56 y'amavuko
Ku wa 10 Kanama 1962, nibwo Jeannette Kagame yabonye izuba, avukira i Burundi, ubu akaba yizihiza isabukuru y’imyaka 56 y’amavuko. Ku itariki ya 10 Kamena 1989 ubwo yari afite imyaka 27, yashyingiranwe na Paul Kagame wari majoro mu gisirikare cya Uganda, ibirori by’ubukwe bwabo bibera mu mujyi wa i Kampala. Kuri uyu munsi, Madamu Jeannette Kagame […]
Nyuma yo kuva muri Viet-Nam minisitiri Mushikiwabo yerekeje muri Cambodia gushaka amajwi
Minisitiri Louise Mushikiwabo akomeje ibikorwa byo gushakisha ibihugu bizamushyigikira mu matora k’Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), aho nyuma yo gukubuka muri Viet-Nam kuri uyu wa Kane, itariki 09 Kanama, yerekeje muri Cambodia. Mu gihugu cya Cambodia, minisitiri Louise Mushikiwabo yakiriwe na mugenzi we, Prak Sokhonn bagirana ibiganiro. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Cambodia, […]
Diamond Platnumz yahaye umukoro umuhungu yabyaranye na Mobetto
Umuhanzi Diamond Platnumz yasabye umwana w’umuhungu yabyaranye n’umunyamideli, Hamisa Mobetto witwa Dylan ko nawe yazaba umuhanzi ukomeye agatera ikirenge mu cye. Mu butumwa bw’isabukuru y’amavuko yageneye umwana we yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Diamond yavuze ko uyu muhungu ari we Diamond munsi iri imbere. Yagize “Imana nyagasani naguhe gukura neza, ubwenge, ubuzima, ibyishimo, aguhe […]
Ubuzima nanyuzemo ntibwankundiye kugira ishuti z’abasore, gusa ubu nifuza umusore uzi gukunda
Umukunzi wa Bwiza.com, yatwandikiye adusaba kumufasha kubona umusore bakundana, umusore ufite gahunda y’urukundo. Ubutumwa bw’uyu mukobwa, buragira buti “ Muraho, mbanje kubashimira cyane uburyo mufasha abantu gutanga ibitekerezo byabo,  nitwa Mahoro, ndi umukobwa w’imyaka 28, mfite akazi, narize, ubuzima nanyuzemo ntabwo bwankundiye kugira ishuti z’abasore. Gusa, ubu nifuza umusore uzi gukunda, agomba kuba asengera mu […]
Abasirikare bakuru 10 n’abandi bato 57 birukanwe muri RDF kubera imyitwarire idahwitse
Igisirikare cy’u Rwanda cyasezereye abasirikare bakuru (ofisiye) 10 n’abandi basirikare bato 57 bazira imyitwarire mibi nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kane n’umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda. Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda, Lt. Col. Innocent Munyengango kuri uyu wa Kane, akaba yatangaje ko buri umwe muri aba basirikare birukanwe yari afite dosiye yihariye ariko bose bahuriye ku kibazo […]
Perezida Kabila yarekuye ubutegetsi, USA yemera gutera inkunga amatora muri Congo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko hatewe intambwe ishimishije mu nzira y’amatora muri Republika Iharanira Demokrasi ya Congo. Ni nyuma yaho ishyaka riri ku butegetsi ritangaje undi mukandida uzarihagagarira utari Perezida Kabila. Mu itangazo yasohoye ku wa Kane tariki ya 9 Kanama 2018, Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika  yavuze ko […]