Abanyarwanda bari guhombera cyane mu ‘ifungwa ry’umupaka’- Umuyobozi wa Kabale
Umuyobozi w’Akarere ka Kabale, Darius Nandinda  mu byo yise ifungwa ry’umupaka wa Gatuna ku buryo butunguranye bikozwe n’u Rwanda avuga ko biri kugira ingaruka mbi ku baturage barwo by’umwihariko abegereye uyu mupaka. U Rwanda rwatangaje ko amakamyo manini atemerewe gukoresha umupaka wa Gatuna bitewe n’imirimo y’ubwubatsi iri kuhakorerwa. Rwasabye ko hakoreshwa imipaka ya Kagitumba ( […]