AS Kigali itwaye Igikombe cy'Amahoro hitabajwe indi minota 30

AS Kigali itwaye igikombe cy’Amahoro 2019 itsinze Kiyovu Sports mu minota 120. Ni umukino wahuje aya makipe kuri iyi tariki ya 4 Nyakanga, umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25 kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo. Iyi kipe y’abanyamugi ishoboye kwegukana iki gikombe ivuye inyuma kuko yabanje gutsindwa igitego cya mbere. Ni igitego cy’umutwe cyatsinzwe […]

Urukiko rwategetse ko abadepite bane barimo Bobi Wine n'abaturage 5 bafungwa

Kuri uyu wa kane tariki ya 4 Nyakanga 2019 muri Uganda, urukiko rwa Gulu rwategetse ko abadepite batatu barimo Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine bafungwa. Umushinjacyaha mukuru mu rukiko rwa Gulu yavuze ko Depite Kyagulanyi, Francis Zaake, Karuhanga, Paul Mwiru na Makindye wahoze ari umudepite ndetse n’abaturage batanu bateje imvururu muri Arua mu 2018, […]

Scaphism, igihano kimaze ibinyagihumbi kitazibagirana mu mateka y'isi

Kuva mu bihe bya kera, ubuzima bw’ikiremwamuntu ntibwahabwaga agaciro kamwe. Muti nshingiye kuki? Ubwo nasomaga imbuga zitandukanye kuri murandasi, nabonye ingingo ivuga ku buryo bwo kwica nk’igihano gihabwa umuntu wakoze amakosa ariko akomeye. Ijambo ‘Scaphism’ ryiganzaga mu nyingo nyinshi nanyuzagamo amaso, nange ngira amatsiko yo kumenya ubusobanuro n’inkomoko by’iri jambo. Nasanze ‘Scaphism’ cyangwa se ubwato […]

Yakase igitsina cy’umugabo we amuryoza imibonano mpuzabitsina

Umugore witwa Bilungi Anne wo  Mu karere ka Kitgum,muri Uganda yakase ubugabo bw’uwo bashakanye amuziza ko hashize igihe nta mibonano mpuzabitsina bakorana. Uyu mugore Daily Monitor ivuga ko yari yasinze, yadukiriye umugabo we utatangajwe amazina ubwo yari amusanze asinziriye ahita amukata ubugabo yifashishije icyuma. Iyi nkuru ivuga ko umugabo yakangukiye hejuru bakagundagurana ariko akaba yari […]

Frank Lampard yagizwe umutoza mushya wa Chelsea

  Ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko yagize uwahoze ari umukinnyi wayo Frank Lampard umutoza wayo mukuru mu gihe cy’imyaka itatu iri imbere. Frank Lampard w’imyaka 41, yabaye umukinnyi wa Chelsea mu gihe cy’imyaka 13. Yahawe akazi ko gutoza Chelsea nyuma y’uko yari umutoza wa Derby County yo mu cyiciro cya kabiri aho yayifashije kugera […]

Pasiporo yatamaje Zari ku myaka ye y'amavuko

Urupapuro rw’inzira (Pasport) yashyize ku karubanda imyaka ya nyayo y’uwahoze ari umukunzi wa Diamond Platnumz, Zari Hassan Tlale ubusanzwe uvugako afite imyaka mike. Biragoye ko hari uwa kubwira imyaka ya nyayo ya Zari kuko we ubwe yagiye atangaza mu bihe bitanduakanye ko ari mu myaka ya za 30 y’amavuko. Mu gutamaza uyu mugore w’abana batanu, […]

Waba uzi ahantu Imana ihoza ijisho ryayo nkuko irihoza ku muntu wayo – Rev./Ev. Eustache Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w'amashanyarazi

Abatuye mu Karere ka Kirehe, barishimira kuba bizihije imyaka 25, u Rwanda rumaze rwibohoye bafite umuriro w’amashanyarazi, mu gihe mbere ngo batanawurotaga mu nzozi zabo. Bavuga ko nta muriro w’amashanyarazi bagiraga, nyamara mu tundi duce tugize Intara y’Iburasirazuba barawukoreshaga na mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ubu bakaba bishimira ko bizihije iyi sabukuru y’imyaka 25 […]

Kwibohora ni ubumwe, amajyambere, umutekano, abantu bakagira gutera imbere mu byo bifuza — Perezida Kagame

Perezida Kagame asanga “Kwibohora” ari uburenganzira, ari ubumwe, ari amajyambere, ari umutekano, abantu bakagira gutera imbere mu byo bifuza ibyo ari byo byose nk’uko yabitangaje mu ijambo yagejeje ku Banyarwanda muri rusange n’abari bateraniye kuri Stade Amahoro mu birori byo Kwibohora ku nshuro ya 25, kuri uyu wa Kane, itariki 04 Nyakanga 2019 Perezida Kagame […]

Amafoto n'amashusho byaranze umunsi wo #kwibohora25

Itariki ya 4 Nyakanga 2019, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bifatanyije mu birori by’isabukuru y’imyaka 25 ishize u Rwanda rwibohoye. Ni ibirori byabereye kuri sitade Amahoro, i Remera mu mujyi wa Kigali. Ni itariki yibutsa Abanyarwanda amateka y’urugamba rwo kwibohora, ubwo ingabo za RPA zari iza FPR/Inkotanyi zafataga Umurwa Mukuru ‘Kigali’ ku wa 4 Nyakanga 1994. […]

Ubuyobozi n'abaturage ntibavuga rumwe ku ngaruka baterwa n'uruganda 'Cimerwa'

Bamwe mu batuye mu ngo zibarirwa hagati ya 40 na 50 bo mu Mirenge ya Gitambi na Muganza, zose zituranye n’uruganda rukora Sima (Cimerwa), mu Bugarama, ho mu Karere ka Rusizi, bavuga ko rugira ingaruka ku buzima bwabo, ubuyobozi bwo bukemeza ko ibyo bavuga ataribyo. Aba baturage bavuga ko imvumbi rivanze na sima bibatera indwara, […]

Nakoraga ibitaramo birenze 8 mu ijoro kugira ngo ngire inzu-Sheebah(amafoto)

Umuhanzikazi w’Umugande, Sheebah Karungi yishimanye n’inshuti ze mu birori byo gutaha umuturirwa yujuje nyuma y’igihe kinini ari mu bukode. Sheebah udakunze guhisha amateka ye y’ubuzima bugoye yakomoje ku kuntu yamaze igihe kinini ari mu bukode bw’icumba kimwe (chambrette) muri Kawempe. ” Buri wese azi ko ndi umunyamwete. Nakoraga ibitaramo birenze umunani buri joro kugira ngo […]

Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe!

N’ubwo hari bamwe barantuka banyita indaya cyangwa inkunguzi ariko umubiri ni uko wubakitse, nanjye sinzi uburyo byanjemo, kumva nifuza cyane ko naryamana na musaza wanjye nyuma yo gutera ijisho ku gitsina cye. Ubwo yazindukaga tukiryamye agahita ajya muri douche yibwiraga ko twese tukiryamye ariko njyewe nari mazo ndi kuri telephone, aho nari ndi ntabwo yandebaga […]

Tugomba guharanira u Rwanda ruzima, ruzira kuzima- Mme Jeannette Kagame

Mu gihe u Rwanda rwizihiza isabukuru y’imyaka 25 rumaze rwibohoye, umufasha wa Perezida wa Repubulika, Madamu Jeannete Kagame, avuga ko nyuma y’urugamba rwo kubohora igihugu, nk’Abanyarwanda bagomba guharanira u Rwanda ruzima. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Nyakanga 2019, ubwo Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bari mu biroro by’iyi sabukuru y’imyaka 25 […]

Igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli cyatangiye kubahirizwa

Igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli giherutse gutangazwa na RURA cyatangiye kubahirizwa kuri uyu wa Kane, itariki 04 Nyakanga 2019, aho litiro ya essence itagomba kurenza amafaranga 1080, mu gihe litiro ya mazutu itagomba kurenza amafaranga 1,072. Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA, buvuga ko izi mpinduka zifitanye isano n’ihinduka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri […]

Boeing yemereye ubufasha imiryango y'abaguye mu mpanuka z'indege zayo

Kompanyi y’indege ya Boeing yemereye ubufasha imiryango y’abaguye mu mpanuka z’indege zayo zabereye muri Ethiopia no muri Indonesia. Yavuze ko aya mafaranga azashyikirizwa imiryango idaharanira inyungu  ari na yo izayashyikiriza imiryango y’abaguye mu mpanuka 346. Azakoreshwa mu burezi harimo amafaranga azajya yishyurwa ku ishuri n’andi azakenerwa kugira ngo imyigire igende neza. Izayahabwa kandi kugira ngo […]

Nyamagabe/Kigeme: Bahangayikishijwe no kuba mu nkambi y'impunzi batitwa zo

Bamwe mu mpunzi zituruka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bacumbikiwe mu nkambi ya Kigeme, iri mu Karere ka Nyamagabe, baravuga ko bahangayikishijwe no kuba kugeza ubu batarabarurwa nk’impunzi ziri muri iyo nkambi. Ibyo ngo bituma hari ibigenerwa impunzi bo badashobora kubona birimo amacumbi ibiribwa n’ibindi. Bacumbitse   mu nkambi ya Kigeme ariko ntibabaruye nk’impunzi, abandi […]

Perezida Museveni yohereje intumwa zimuhagararira mu birori byo Kwibohora ku nshuro ya 25

Itsinda ry’intumwa za Guverinoma ya Uganda ziyobowe na Minisitiri w’Intebe wa 2 Wungirije, akaba na minisitiri ushinzwe umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Kirunda Kivejinja riri I Kigali mu Rwanda aho ryaje kwifatanya n’Abanyarwanda Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25. Kivejinja kandi yaje aherekejwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Sam Kutesa, na komanda wa Reserve force, Gen. […]

Kigali: Louise Mushikiwabo, umwe mu banyacyubahiro bifatanyije n'u Rwanda mu birori byo kwibohora

Umunyamabanga  Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, OIF,  Louise Mushikiwabo, ni umwe mu banyacyubahiro bahagarariye ibihugu byabo na za Guverinoma, imiryango mpuzamahanga n’ibindi, bari i Kigali aho bifatanya n’Abanyarwanda mu biroro by’isabukuru y’imyaka 25 rumaze rwibohoye. Kimwe n’abandi banyacyubahiro barimo abakuru b’ibihugu birindwi, Louise Mushikiwabo wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda mbere yo kuyobora OIF, yasesekaye […]

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano hagati ya Gumino na Mai-Mai yaguyemo abagera kuri 20

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 03 Nyakanga, ituze ryongeye kugaruka muri groupement ya Basimunyaka y’Amajyaruguru, mu Murenge wa Itombwe, Teritwari ya Mwenga, ho muri Kivu y’Amajyepfo nyuma y’imirwano ikaze y’iminsi ibiri yari ihuje inyeshyamba za Gumino na Mai-Mai bivugwa ko yaguyemo abantu basaga 20. FARDC ikaba yaratabaye ngo ihoshe iyo mirwano mu Giturage cya Makutano […]

Nyamasheke: Abahinzi b'ibigori bafite impungenge z'igihombo bashobora kugwamo

Abahinzi   1418 bibumbiye muri koperative KODIKA bahinga ibigoli n’indi myaka mu bishanga bikora ku migezi ya karundura na Kigoya mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko bishatsemo ibisubizo biyubakira uruganda ruciriritse rwa kawunga muri santere y’ubucuruzi ya  Kirambo muri uyu murenge,nyuma kimwe n’abandi bacuruzi bose bayicururizamo babwirwa ko aho bakorera ari […]

Loni na Amerika byananiwe guhuza mu kwamagana igitero cyagabwe ku bimukira muri Libiya

Akanama k’umutekano ka Loni kuri uyu wa Gatatu kananiwe kwamagana igitero ku kigo gifungiwemo abimukira muri Libiya nyuma y’aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zangiye gushyigikira urwandiko rwari rwateguwe nk’uko abadipolomate babitangaza. Iki gitero cy’indege cyagabwe ku nkambi y’abimukira iherereye mu nkengero za Tripoli biravugwa ko cyahitanye abimukira 40 mu gihe abandi bagera muri 80 […]