Amateka y'umunyafurikakazi, Ilhan Omar wivugiye ko atinywa na Perezida Trump

Ni umugore w’umwimukira wageze muri Amerika afite imyaka 10 ari kumwe n’ababyeyi, arahigira, arakora, aza no kugera aho atorerwa kujya mu nteko ishinga amategeko ya Amerika. Yabaye Umunyamerika wa mbere wavukiye muri Somalia, Umunyafurika wa mbere wahawe ubwenegihugu ubaye umudepite wa Amerika, n’umugore wa mbere utari umuzungu uhagarariye Leta ya Minnesota mu nteko. Yavukiye i […]

Abayobora igisirikare cya Uganda kirwanira ku butaka mu myitozo- REBA AMAFOTO

Abayobozi mu mutwe wa gisirikare cya Uganda urwanira ku butaka, ku wa Kane tariki ya 3 Ukwakira 2019, basoje igerageza ry’imyitozo ngororamubiri y’ibanze yaberaga ku cyicaro gikuru cy’izi ngabo zirwanira ku butaka i Bombo, muri Luwero. Ni imyitozo ngororamubiri yakoreshejwe n’inzobere muri yo, zibarizwa mu gisirikare cya Uganda (UPDF) mu ishami rishinzwe ubuvuzi na siporo. […]

Mugenzi wange uri mu maboko yizewe-Rev. Nibintije

Luka 23:9 “ Yesu yanga kubasubiza .” Mu byanditswe byera, abantu akenshi begeraga Yesu bakamunenga. Ahenshi haranditswe ngo “ Yesu ntiyagira ijambo na rimwe abasubiza.” Ntiyajyaga asubiza abamuvugaga nabi. Ntiyigeze agerageza kubumvisha ngo bahindure imyumvire. Ntiyigeze arakazwa n’uko hari abari kumuvugaho. Oya, ntiyabihaye agaciro. Abantu nibaza bakurwanya kandi bafite ishyari, bagamije kuguharabika no kuguca intege, […]

Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b'i Gicumbi

Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru, bavuga ko gutunga umugore umwe babiterwa n’ubukene, ko babaye bafite amikoro bagatunze abarenze umwe. Mu Murenge wa Nyankenke, muri aka karere ka Gicumbi, umugabo w’igikwerere utuye muri ako gace araranganije amaso mu bari aho abona abenshi ari igitsina gore, nta kindi yitayeho ahita abishingiraho mu […]

Abanyamulenge bijunditse u Rwanda ko arirwo rwatoje inyeshyamba z'Abarundi zirimo kubajujubya

Ishyirahamwe rivugira Abanyamulenge, Shikama, rivuga ko mu bamaze igihe babatera mu misozi ya Minembwe harimo Abarundi bo mu mutwe wa Red Tabara ngo batorejwe mu Rwanda. Umukuru w’iryo shyirahamwe, Enock Rurangabo, yasohoye itangazo yamagana imitwe avuga ko ituruka hanze ya Congo iyobowe n’Abanyarwanda n’Abarundi bateza imirwano mu gace ka Minembwe. Avuga ko Abanyamulenge bakomeje kwibasirwa […]