Umunyabigwi mu muziki w’Amerika yapfiriye ku rubyiniro
David Charles Olney, umunyabigwi mu muziki wa leta zunze ubumwe za Amerika yitabye Imana ubwo yari ku rubyiniro ataramira abakunzi be. Uyu mukambwe wâimyaka 71 yâamavuko yazize indwara yâumutima nkâuko amakuru abivuga. Amakuru yâurupfu rwâuyu mukambwe wari nâumwanditsi wâindirimbo, yemejwe na Amy Rigby bafatanyaga kuririmba muri kiriya gitaramo cyaberaga muri Leta ya Florida. Uyu mugore […]
Ibyo kumenya ku muco wo kumviriza abashakanye batera akabariro
Mu gihe umusore yashakanye nâumukobwa, bashyingiwe mu rusengero cyangwa bisanzwe (civil marriage), hari imihango isanzwe ikorerwa muri urwo rugo rushya nâubwo ititabirwa nâabantu benshi. Iyo ibamo guha ikaze umukobwa, bikaba bikorwa nâabandi bakobwa baturanye nâumuryango wâuwo musore, bamuganiriza, bakamubwira ko ahantu aje ari heza, mu bantu beza. Hari undi muhango kandi na wo usa nâuwâibanga, […]
RDF-FARDC: Operation Umoja Wetu, ibitero bitageze ku ntego yabyo neza uko byari byitezwe
Tariki ya 20 Mutarama 2009 i Goma, umurwa mukuru wâIntara ya Kivu yâAmajyaruguru, ingabo zâu Rwanda (RDF) nâiza RD Congo (FARDC) zitangije ku mugaragaro igikorwa cyo kugaba ibitero byahawe izina ryâIgiswahili , âUmoja Wetuâ, mu Kinyarwanda bisobanuye âUgushyira hamwe kwacuâ. Icyo gikorwa cyangwa operasiyo cyari kigamije kurandura (burundu) imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwâu Rwanda […]
Umuhanzi Judith Babirye yamaze gutana n’umugabo we

Urugereko rw’imanza z’imiryango rw’urukiko rukuru rwa Uganda rwanzuye ko umuhanzi wigeze no kuba umudepite, Judith Babirye atandukana na mugenzi we, Paul Musoke Ssebulime bari bamaranye igihe kigeza ku mwaka umwe. Ubukwe bwa Babirye na Sebulime bwabaye kuwa 27 Nyakanga 2018 ahitwa Bunga muri Kampala. Mu mwaka washize ni bwo Ssebulime yagejeje ikirego cye mu rukiko […]
La Tropicale Amissa Bongo: Areruya Joseph na bagenzi be ntibahiriwe nâagace ka mbere

Areruya Joseph na bagenzi be bafatanyije guhagararira u Rwanda mu isiganwa ryâamagare rya La Tropicale Amissa Bongo rizenguruka igihugu cya Gabon, ntabwo bahiriwe nâagace ka mbere kâiri siganwa. Kuri uyu wa mbere abasiganwa bari bahagurutse ahitwa Bitam berekeza mu gace ka Ebolowa twombi duherereye mu gihugu cya Cameroon, ku ntera ingana na Kilometero 149. Abakinnyi […]
Abagabo 22 ba mbere bakize ku isi barusha Abanyafurikakazi bose ubutunzi
Ubushakashatsi bwakozwe nâUmuryango utegamiye kuri Leta ukorera hirya no hino ku isi wa 0xfam, bwagaraje ko ubutunzi bwâabagabo 22 bakize kurusha abandi ku isi buruta ubwa miliyoni 326 zâAbagore batuye ku mugabane wa Afurika. Ni ibyatangajwe muri raporo uyu muryango washyize ahagaragara, igaragaza buryo ki hari ubusumbane bukabije hagati yâubukungu bwâabagabo nâabagore, yasohotse mbere gato […]
Gen. Sejusa avuga ko igisirikare gisahuye mu gihe cy’urugamba kitaba gikoze icyaha
Gen. David Sejusa wahoze ayobora ubutasi bwa Uganda avuga ko ubusahuzi biri mu bikorwa biba bigize intambara, bityo nta cyaha kirimo kuba igisirikare kibikora. Ibi yabivuze mu rwego rwo kugaragaza icyo atekereza ku birego byahamye igisirikare cya Uganda (UPDF) ko mu myaka ya za 2000 bibye busahuzi imitungo kamere muri Republika Iharanira Denukarasi ya Congo. […]
Umugabo yishe umwana we amwokeje amuziza kwituma mu buriri
Polisi mu Ntara y’Akagera ikurikiranye umugabo witwa Juma Daniel ku bwo kwica umwana we w’imyaka ibiri, Bahati Juma amuziza kwituma mu buriri. Ibi byabereye mu gace kitwa Rubanga muri Keza ho mu Karere ka Ngara. Umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Akagera, Revocatus Malimi avuga ko iperereza bakoze ryerekana ko uyu mugabo ari we wareraga uwo […]
Nyamasheke: Ingo zirenga 600 ziba mu makimbirane

Ubuyobozi bwâakarere ka Nyamasheke buvuga ko ikibazo cyâamakimbirane yo mu ngo kiri mu bihangayikishije buhanganye na byo,aho kugeza ubu ingo zirenga 600 zibana mu bwumvikane buke bukurura ibibazo byâingutu birimo ihohoterwa rigaragaramo nâimfu ryagiye rikorerwa abagore, kwaya imitungo yâingo kwâabagabo bamwe na bamwe no kuyihezaho abagore babo, kwiga nabi kwâabana bitewe nâayo makimbirane, nâibindi byose […]
Field Officers at L-IFT
L-IFT is a Netherlands based Social Enterprise specialized in diaries research and human centric program design. L-IFTâs methodology creates an environment of dialogue between the demand side (the people, the users) and the supply side (Public Sector, Private Sector and Development Partners). to enable disadvantaged, invisible people to build reliable data and leverage these for […]
Niba wubatse urugo ukwiye kumenya aya mabanga
Abantu benshi ntibakunda kurara bambaye ubusa, ndetse nâubigerageje ntabwo akunze gufatwa neza.Nyamra ubushakashatsi bwerekanye ko kimwe mu Bizana amahoro, ibyishimo nâumutekano mu bashakanye, kurara mwambaye ubusa no gushyira ibiribwa kure yâuburiri ngo ni ibya mbere. Ku bantu 1000 bakoreweho ubushakashatsi mu Bwongereza , 57% bafite ibyishimo mu ngo zabo ni abarara bambaye ukuri. Ikigo Cotton […]
Perezida Kagame yitabiriye inama yâUbwongereza na Afurika i Londres

âPerezidaâ wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ari i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye inama yâUbwongereza na Afurika itangira kuri uyu wa mbere. Ni inama iza kuyoborwa na Minisitiri wâintebe wâUbwongereza, Boris Johnson. Iyi nama iranitabirwa nâabandi bayobozi batandukanye bâibihugu bya Afurika. Itangazo ryaturutse mu biro byâumukuru wâigihugu rivuga ko uretse kuba Perezida Kagame yitabira […]
Abanyamulenge ni Abakongomani kimwe n’abandi bose-FĂ©lix Tshisekedi

Aya magambo umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yayavugiye i London mu Bwongereza mu mpera z’ icyumweru gishize ubwo yahuraga n’ abakongomani baba mu mahanga ( diaspora). Ni ubwa mbere uyu mukuru w’igihugu yumvikanye avuga amagambo agaragaza icyo atekereza ku kibazo cy’abanyamulenge bagiye kumara umwaka bakorerwa ibikorwa by’ubunyamaswa aho bamwe bahatakarije […]
Umuyobozi wa RALC. Dr. Vuningoma James yitabye Imana

Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inteko y’Igihugu y’Ururimi n’Umuco (RALC), Dr James Vuningoma yitabye Imana kuri uyu wa 20 Mutarama 2019 aho yari arwariye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal. Amakuru y’urupfu rw’uyu musaza yemejwe n’Inteko y’Ururimi n’Umuco, ibicishije ku rubuga rwa Twitter. Dr Vuningoma yabaye Umuyobozi Wungirije w’Ishami ry’Uburezi muri Kaminuza y’u Rwanda (icyahoze cyitwa KIE) kuva […]
Technical Support Engineers at Tek Experts
Tek Experts is a leading, global provider of business and IT support services, and a developer of technologies that enhance the customer experience by enabling their teams to work more effectively. Website: https://www.tek-experts.com Tek Experts is looking for Technical Support Engineerâs We’re growing rapidly. Would you like to join us? Are you looking for a […]
Igitero ku Kibuga cyâIndege cya Entebbe muri Uganda

Hari bimwe mu bintu byahindutse ku Isi nyuma yâibikorwa bya gisirikare byagiye bikorwa mu ibanga rikomeye. Ibi bitero byagiye bihindura byinshi ku kudashoboka kwâibintu. Byagaragaye byose bigendeye ku buhanga buhambaye bwa gisirikare bwakoreshejwe bwuzuzanya nâibikoresho bya gisirikare bitari ku rwego ruciriritse, insinzi yahindura uruhande nâubwo bamwe bahasiga ubuzima. Muri ibi bitero, turagaruka ku cyagabwe mu […]
Panama: Mu idini, kwicwa no kubabazwa umubiri ni byo bihano bihabwa abanze kwihana ibyaha
Itorero (idini ) rya gikirisito , New Light of God ryo muri Panama rigizwe numuryango w’abantu (tribe) bitwa Ngabe BuglĂ© ryagaragayeho umugenzo udasanzwe wo guhana abantu banze kwihana ibyaha bakoze. Iri dini rifite abayobozi 10 nkâuko byatangajwe tariki ya 16 Mutarama 2020, bakaba basaba abantu kwihana ibyaha babahata inkoni, babica urubozo birimo no kubakebesha imihoro […]
Rusizi: Imashini zihinga zatwaye akayabo Leta , zimaze imyaka 9 zangirikira muri parikingi ku murenge

Abaturage bâumurenge wa Muganza no mu kibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi , nyuma yâimyaka 9 imashini nyinshi zihinga zihageze ngo zunganire abaturage mu buhinzi bwa kijyambere, zikomeje kwangirikira ku biro byâumurenge wa Muganza, izi mashini zarubakiwe inzu abaturage bavuga ko yagombaga kubakirwa nibura utishoboye muri bo, izi mashini zifite nâabazirinda umutekano bishyurwa na […]
Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na IsraĂ«l mu guhashya iterabwoba mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 13 kirangira tariki ya 19 Mutarama 2020. Twamaze kugitera umugongo, twinjira mu gishya gusa ni ngombwa ko twiyibutsa zimwe mu nkuru z’ingenzi zakiranze, cyane cyane izigifite icyo zivuze muri iki cyumweru twatangiye. Nk’uko bisanzwe iki cyegeranyo kirimo inkuru za politiki, umutekano, utuntu n’utundi, imikino ndetse n’imyidagaduro. Igitekerezo cyo kubaka urukuta […]