GER, ABN urge for the revival of indigenous seeds and community knowledge around them

_dsc6264.jpg

Members of the African Biodiversity Network (ABN) who have participated in The Regional dialogue on Agroecology in Rwanda 2020 organised by GER, urge to put effort in revieving indegenous seeds that are in extinction. The call was made on Friday January 24th during the closure of three- days activities related to Agroecology between organisations from […]

Remera/ Giporoso: Umukobwa yapfiriye muri Lodge

Umukobwa wari uzwi ku izina rya Karashika yasanzwe mu icumbi yari yakodesheje yapfuye mu gace ka Giporoso, i Remera mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali. Urupfu rw’uyu mukobwa rukaba rukiri amayobera. Bwiza TV ubwo yageraga ku icumbi (Lodge) uyu mukobwa yari acumbitsemo yanaje gupfiramo ahazwi nko muri korodori/ Giporoso, yahasanze imbaga y’abantu yari ihashungereye […]

Lion Imanzi yasohoye indirimbo irimo ubutumwa bushimira ababyeyi

Umuhanzi Lion Imanzi uririmba indirimbo zo mu njyana ya Regae akanaba umushyushyarugamba mu birori bitandukanye, yasohoye indirimbo yise ‘Ku babyeyi banjye’ ikubiyemo ubutumwa bushimira ababyeyi be. Mu busanzwe amazina nyakuri y’uyu mugabo wibitseho impano zitandukanye ni Habamenshi René Maurice uzwi nka ‘Lion Imanzi’. Uyu mugabo uzwi mu ruhando rw’imyidagaduro ashimira se na nyina umubyara ku […]

Nyaruguru: Imihanda mibi n’imbogamizi ku bahinzi b’icyayi

Izi modoka zijyana icyayi mu runganda ngo ntizishobora kumara kabiri zigikorera mu mihanda imeze itya.

Abahinzi b’icyayi bibumbiye muri koperative COTHENYA igihinga mu mirenge ya Mata, Ruramba na Kibeho, kimwe n’ubuyobozi bw’uruganda rwacyo rwa Mata mu karere ka Nyaruguru baravuga ko umuvuduko w’iterambere bafite mu buhinzi bw’icyayi n’inyungu ikivamo ukomeje gukomwa mu nkokora n’imihanda mibi bakoreramo ibangamira byinshi mu nyungu bakagombye kubona bagasanga akarere n’abafatanyabikorwa bako bayibakoreye inyungu babona yakwiyongera […]

Uruhare rwa Kabila mu itsindwa ry’ishyaka FCC mu matora ya Perezida muri Congo

Raporo yakozwe n’ikinyamakuru Jeune Afrique, igaragaza ko ukwihuza kw’abagize ihuriro ry’amashyaka FCC “Common Front for Congo” riyibowe na Joseph Kabila na CACH ( birambuye) irindi huriro ry’ amashyaka riyobowe na Felix Antoine Tshisekedi, ari byo byabaye intandaro nyamukuru yo kugira ngo iri huriro ry’amashyaka ritsindwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. […]

Request for Expression of Interest Garages Services at ISCO

ISCO is the leading provider of security services in Rwanda which provides forward thinking solutions that have been streamlined and digitized for efficient and timely operational standards. ISCO rebranded from Intersec Security Company transforming herself from a traditional security company to an innovative service provider in services that require our expertise & vast national network […]

Gakenke: Baracyacigatira inkweto aho kuzambara mu birenge

Mu Karere ka Gakenke byari nk’ umuco kuva kera na kare aho abaturage benshi baryoherwaga no kugendesha ibirenge hasi batambaye inkweto kimwe n’abo mu bindi bice by’ igihugu. Si ho honyine ariko kuko ahenshi abaturage baturuka mu byaro ariko byari bimeze mu myaka ishize. Iyo wanyuraga mu muhanda Musanze- Kigali, ku munsi w’isoko wahuraga n’uruvuganzoka […]

Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa

Umukobwa wamenyekanye ku mazina ya Lara mu bitangazamakuru byo mu gihugu cya Nigeria avuga ko atajya akundana n’abantu batari abihayimana cyane abapadiri kuko ngo bitwara neza ku ngingo yo mu buriri. Uyu mukobwa avuga ko ubunararibonye bwe bushingiye ku kuba igihe cyose yakundanye na ba Reverend pasiteri n’abapadiri ari bwo yagize ibihe byiza cyane mu […]

Kisoro: Abaturage basabye ko amasambu y’Abanyarwanda afatirwa

Abaturage b’Akarere ka Kisoro ko muri Uganda gahana imbibi n’aka Burera mu Rwanda basabye ubutegetsi bwabo kudatuma hari Umunyarwanda waguze isambu muri iki gihugu wakongera kugira ibyo ayikoreramo. Basabye ibi nyuma yo kwakira umurambo w’umuturage wabo, Theogene Ndagijimana byavuzwe ko yari atwaye magendu ayinjiza mu Rwanda, akaraswa n’inzego z’umutekano. Aba baturage bavuga ko gukumira Abanyarwanda […]

Invitation for Bids Security Guards for Admin at ADRA

ADRA has been transforming lives in Rwanda for more than 37 years. ADRA Rwanda, a national humanitarian organization of the Seventh-Day Adventist Church, is part of the worldwide ADRA network with representation in over 135 countries. Website: http://www.adra.org.rw/ TENDER NOTICE/INVITATION FOR BIDS TENDER TITLE: SECURITY GUARDS FOR ADMIN Tender Number: 01-1-2020 / ADRA RWANDA OFFICES […]

Rwanda Field Data Verification Agent at One Acre Fund

One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five years in Rwanda, We have grown to serve more than 180,000 farm families with 1,500 full-time staff in Rwanda. In Burundi, We have grown to serve 40,000 farm families […]

Urupfu rwa Kobe Bryant rwashenguye imitima ya benshi mu byamamare

Mu ijoro ryakeye ni bwo hamenyekanye inkuru y’inshamugongo y’urupfu rwa Kobe Bryant wamenyekanye cyane muri shampiyona ya Basketball muri leta zunze ubumwe za Amerika (NBA) rusiga abakunzi ba siporo b’ingeri zose mu isi bashengutse imitima. Uyu mugabo wari umaze kugeza ku myaka 43 y’amavuko, yazize impanuka ya kajugujugu yamuhitanye ari kumwe n’abandi umunani, barimo Gianna, […]

Sugira twaramwondoye ahita acecekesha KNC- Rwarutabura wimukiye mu cyaro cya Nyabyondo

Umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports uzwi ku izina rya Rwarutabura, avuga ko barimo kondora Sugira Ernest iyi kipe yatijwe na mukeba wayo, APR FC. Uyu mufana usigaye atuye mu gace ka Nyabyondo, mu Kagari ka Rutonde mu Murenge wa Shyorongi, Akarere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru akomeza avuga ko Sugira agiye gukora ibitangaza muri iyi […]

Project Accountant at Oxfam

Oxfam’s vision is a just world without poverty. We are a confederation of 17 Oxfam affiliates working across the world as one Oxfam International on goals that support our shared vision. We want a world where people are valued and treated equally, enjoy their rights as full citizens, and can influence decisions affecting their lives. […]

Min. Mateke wakomye rutenderi n’ubutumwa bwa Tshisekedi ku Banyamulenge mu nkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 20 Mutarama kirangira tariki ya 26 Mutarama 2020. Nacyo twagiteye umugongo, dutangiye igishya, twiyibutsa zimwe mu nkuru z’ingenzi twabagejejeho, ziganjemo izigifite icyo zivuze muri iki gihe. Inkuru ziri muri iki cyegeranyo ziravuga kuri politiki, umutekano, uburezi, utuntu n’utundi, imikino n’imyidagaduro. Ikaze! Rwanda-Uganda: Minisitiri Mateke yakomye rutenderi Mu gihe u Rwanda […]