Amavubi ashobora kutitabira CHAN 2020 n’amajonjora ya CAN 2021
Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yamaze kubwira amashyirahamwe y’imikino itandukanye mu gihugu ko aba ahagaritse gahunda zose yari afite zo kwitabira imikino mpuzamahanga izakinirwa hanze y’u Rwanda, mu rwego rwo kwirinda no gukumira icyorezo cya Coronavirus gikomeje gushegesha isi. Umwe mu myanzuro wafatiwe mu nama yabaye kuwa kane w’icyumweru twashoje mu rwego rwo gukumira no […]
Perezida Kagame yashyizeho abacamanza bashya b’Urukiko rw’Ikirenga n’urw’Ubujurire
Kuri uyu wa 10 Werurwe 2020, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Abacamanza bashya b’urukiko rw’ikirenga n’urw’ubujurire. Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiriri w’Intebe rivuga ko: MUHUMUZA Richard yagizwe Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga, NYIRANDABARUTA Murorunkwere Agnes akagirwa Visi Perezida w’Urukiko rw’Ubujurire, KAMERE Emmanuel yagizwe umucamanza mu rukiko rw’ubujurire, UMUGWANEZA Gelaldine we yagizwe umucamanza mu rukiko […]
Irushanwa rya Miss Burundi 2020 ryahagaritswe
Irushanwa rya Miss Burundi 2020 ryamaze guhagarikwa nyuma y’ibiganiro byahuzaga Minisitiri w’ubucuruzi,inganda n’ubukerarugendo w’u Burundi, Jean Marie Niyonkindi n’urubyiruko rwari rwarashyiriweho gutegura iri rushanwa. Minisitiri w’ubucuruzi,inganda n’ubukerarugendo Jean Marie Niyonkindi yamaze gutangaza ko irushanwa rya Miss Burundi 2020 ryahagaritswe ndetse ritakibaye uyu mwaka ku mpamvu zitatangajwe. Minisitiri Niyokindi yabwiye urubyiruko rwateguraga iri rushanwa ko rwambuwe […]
Kigali: Kwinjira mu modoka ni ukubanza gukaraba intoki
Mu rwego rwo gukomeza guhangana n’icyorezo cya Corona Virus gikomeje gushegesha Isi, Umujyi wa Kigali washyizeho amabwiriza yo gukaraba intoki mbere y’uko abagenzi binjira mu modoka zibatwara. Ni amabwiriza yatangiye gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa 10 Werurwe 2020. Amashusho yiriwe azenguruka agaragaza abaturage mu bigo bitandukanye abagenzi bategeramo imodoka bakaraba intoki, mbere yo kwinjira […]
Nyanza: Umurambo w’umwe mu bapfiriye mu buvumo ukomeje kubura
Umurambo umwe mu y’abantu batanu baheruka gupfira mu buvumo bwo mu Karere ka Nyamagabe bari gusenga, ntabwo uraboneka kugeza magingo aya. Ku wa Kane w’icyumweru gishize ni bwo bariya bantu uko ari batanu bahitanwe n’umuvu w’amazi, ubwo imvura yagwaga ari nyinshi bikarangira umuvu w’amazi ubasanze mu buvumo bari bari gusengeramo. Bari bari hamwe n’abandi batandatu. […]
RDC: Minisitiri w’Ubuzima yemeje ko hagaragaye umurwayi wa Coronavirus
Umurwayi wa mbere wa Coronavirus yagaragaye mu mugi wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bikaba byemejwe kuri uyu wa 10 Werurwe 2020 nyuma y’ibyavuye mu kizamini. Radiyo Top Congo dukesha aya makuru yahamirijwe na Minisitiri w’Ubuzima w’iki gihugu, Dr. Eteni Longondo, ivuga ko uyu murwayi yageze i Kinshasa aturutse mu Bubiligi, akaba yarahise […]
Rusizi: Umurenge wose wa Gitambi nta soko ugira

Abaturage b’Umurenge wa Gitambi mu Karere ka Rusizi bavuga ko ikibazo cy’ibikorwa remezo birimo isoko n’imihanda ibafasha kugera ku yandi masoko bikomeje kubadindiza mu iterambere, kuko beza byinshi bakabiburira abaguzi. Aba baturage babitangarije Bwiza.com ubwo muri uyu murenge haberaga imurikabikorwa aho abaturage bagaragaza aho bageze mu mihigo n’ibyo bagezeho ku bufatanye n’abafatanyabikorwa byabo. Aha berekana […]
Umugore wanjye yansabye kwivuza umushyukwe, bitaba ibyo tuzashwana
Nitwa Simon (nahinduye amazina). Mfite umugore yambereye akayobera! Ntabwo akunda imibonano mpuzabitsina kandi njye numva ko byibuze twajya tuyikora inshuro enye mu cyumweru. Buri gihe mu masaha yo kubaka urugo, musaba guhindukira ariko akabyanga. Ndamwinginga ntako ntagira ariko yambereye icyanze, ku buryo yageze n’aho ansaba kujya kwivuza ngo ‘umushyukwe utuze’. Uyu mugore ambwira ko nintagabanya […]
Supply of Kitchen Items to World Vision Rwanda
TENDER ANNOUNCEMENT TITLE: THE SUPPLY OF KITCHEN ITEMS TO WORLD VISION RWANDA TENDER NUMBER: WVR/SCM/SK/2020/03/039 CLIENT: WORLD VISION RWANDA World Vision is a Christian relief, development and advocacy organization whose purpose is to create lasting change in the lives of children, families, and communities living in poverty. World Vision is dedicated to working with the […]
Urubanza rw’abari abayobozi muri FDLR rwasubukuwe
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Werurwe 2020 urukiko rukuru, urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye mu karere ka Nyanza rwasubukuye urubanza ruregwamo Nkaka Ignace uzwi nka La Forge Fils Bazeye na Nsekanabo Jean Pierre Alias Abega bahoze ari abayobozi bakuru muri FDLR. Aba bombi bakurikiranweho ibyaha birimo iby’ubugambanyi, kurema umutwe w’ingabo […]
Health Management Information System Officer (HMIS) at Save the Children
Save the Children believes every child deserves a future. Around the world, we give children a healthy start in life, the opportunity to learn and protection from harm. We do whatever it takes for children – every day and in times of crisis – transforming their lives and the future we share. Website: https://rwanda.savethechildren.net Health […]
Yishe mukuru we ubwo yamufataga asambana na nyina
Umusore w’imyaka 35 y’amavuko utuye mu Mudugudu wa Kegati mu gace ka Kiisi muri Kenya yishwe na murumuna we wari umaze kumufatira mu cyuho ari mu buriri bumwe na nyina, bikekwa ko basambanaga. Tariki ya 8 Werurwe saa tatu z’ijoro, ni bwo uyu muvandimwe wishe mukuru we yagiye kureba nyina mu rugo, ntiyahamusanga, arongera asubirayo […]
Akuma kifashishijwe bakata ku gitsina cya wa mukobwa wa Kimisagara kerekanwe, Zaina yarahari n’abandi 6
Nyuma y’inkuru imaze iminsi mu bitangazamakuru ivuga ko hari umukobwa wahohotewe mu Murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali na bagenzi be barimo uwitwa Zaina bapfaga umugabo, mu iburanisha ryabaye ku wa Mbere tariki ya 9 Werurwe 2020, herekanwe akuma ka jirete bifashishije bamwogosha imisatsi ndetse n’insya, byakozwe mu rwego rwo kumuhohotera. Abashinjwa […]
Business Advisor at COGEBANQUE Plc
CAREER OPPORTUNITY BUSINESS ADVISOR Join the fastest growing bank in Rwanda, Apply Now ABOUT US Compagnie Générale de Banque Plc (COGEBANQUE Plc) is a commercial bank that is licensed and regulated by the National Bank of Rwanda (BNR). It was incorporated on July 17, 1999, and currently has 28 branches, over 600 agents and 33 […]
Dr Kayumba ntabwo yapfuye-RCS

Ikigo cy’igihugu gishinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS) cyanyomoje amakuru yacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga avuga Dr Kayumba Christopher yapfiriye muri gereza aho yari afungiye. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ku wa 10 Werurwe 2020, ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakwirakwiraga ubutumwa buvuga ko Dr Kayumba Christopher wigishije muri Kaminuza y’u Rwanda by’umwihariko mu ishuri ry’itangazamakuru […]
Country Director at CARE Rwanda
Country Director CARE Rwanda Location: Kigali Closing date: 30th March 2020 Are you a leader passionate about gender justice and promoting long-term economic development for women and girls? Do you have strategic vision, outstanding engagement skills, and senior-level management, communications, and policy experience? Are you ready to take on the challenge of developing and implementing […]
Coronavirus yageze mu gihugu cya 10 muri Afurika
Minisiteri y’Ubuzima ya Burkina Faso yemeje ko hari abantu babiri basanzemo iyi virus, nibwo bwa mbere iyi ndwara ihageze. Abayirwaye ni umugore n’umugabo we baherutse kuva mu Bufaransa mu kwezi kwa kabiri muri uyu mwaka nk’uko minisitiri w’ubuzima Claudine Lougue yabibwiye abanyamakuru. Ni umugabo w’imyaka 73 n’umugore w’imyaka 57. Ejo kuwa mbere nibwo babasanzemo iyi […]
Huye:Inkende zivugwaho konera abaturage ziri kuvugutirwa umuti
Ibiganiro hagati y’akarere ka Huye n’ikigo k’igihugu gishinzwe iterambere RDB bigeze kure harebwa umuti ku kibazo cy’inkende zivugwaho kwangiza umusaruro w’abaturage muri aka karere. Mu karere ka Huye ho mu ntara y’Amajyepfo ahegereye ishyamba rya Kaminuza rizwi nka Aruberitumu hakunze kugaragara inkende bivugwa ko zitagenzwa na kamwe aho zidatinya no kwigabiza imihanda zigatembera ku buryo […]
Ikoranabuhanga rigiye kwifashishwa mu guhashya amanyanga aba muri cyamunara
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyavuze ko mu ipiganwa rya cyamunara hagiye kujya hifashishwa ikoranabuhanga, nk’umuti w’amanyanga akunze kugaragara mu gihe hari imitungo igurishwa mu cyamunara. Amwe mu manyanga yakundaga kugaragara nk’uko byakunze kugarukwaho n’urugaga rw’abahesha b’inkiko, arimo ashingiye ku kibazo cy’abakomisiyoneri. Perezida wa ruriya rugaga Me Sebera Nyunga Antoine, avuga ko abakomisiyoneri ngo usanga ari […]
Uganda: Abaturage bahunze urusaku rw’amasasu rukomeje kumvikana iwabo
Abaturage batuye mu gace ka Oduk abitwa muri Zombo batangiye guhunga bava mu ngo zabo bitewe n’urusaku rw’amasasu rukomeje kuhavugira mu gikorwa cyo guhiga abagizi ba nabi bagabye igitero ku ngabo za Uganda. Iki gitero cyagabwe n’itsinda rigari ry’abagizi ba nabi bagera kuri 200 bari bitwaje intwaro zirimo imihoro, amacumu, imiheto ndetse n’imbunda nkeya. Bageze […]
Abafana basabye Diamond gutera inda uwiswe ” Perezida w’abagore batagira abagabo”
Abafana b’umuririmbyikazi Akothee ukomoka mu gihugu cya Kenya, bakunze kwita Perezida w’abagore abatagira abagabo, bahaye umukoro Umunya-Tanzania, Diamond Platnumz wo kuzamutera inda kugira ngo bemere ko ari umugabo wa nyawe. Umuhanzi Diamond yagarutsweho cyane kubera amafoto y’abagore bose yakundanye na bo yafashe akayashyira ku rukuta rwa Instagram. Ibi byabaye ku wa 08 Werurwe 2020, umunsi […]