Rwanda: Hagaragaye abandi barwayi ba Coronavirus 9

eud0njwwaaspbeh.jpg

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko mu Rwanda hagaragaye abandi barwayi ba Coronavirus 9, bose hamwe baba 50. Abarwayi batanu muri aba bageze mu Rwanda baturutse mu mugi wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, bahita bashyirwa mu kato. Umurwayi umwe yageze mu Rwanda aturutse muri Amerika, ahita ashyirwa mu kato. Undi ni uwaturutse mu Buholandi […]

ONU isaba ibihugu gufungura imfungwa byihuse kubera Coronavirus

Mu rwego rwo kurinda ko icyorezo cya Coronavirus cyakwirakwira mu magereza, Umuryango w’Abibumbye urasaba ibihugu byose gufungura byihuse imfungwa n’abagororwa, cyane cyane izikuze, izirwaye n’izifite intege nke. Ibi byatangajwe n’Intumwa y’Uburenganzira bwa Muntu muri uyu muryango, Michelle Bachelet kuri uyu wa gatatu tariki ya 25 Werurwe 2020 nk’uko tubikesha ikinyamakuru Le Figaro mu nkuru cyasohoye […]

Perezida Kagame yifatanyije n’abayobozi ba G20 mu nama yigaga kuri COVID-19

Kuri uyu wa 26 Werurwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu kiga ku cyerekezo cy’urwego rw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe rushinzwe iterambere (AUDA-NEPAD), yifatanyije n’abakuru b’ibihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi (G20) mu nama idasanzwe yigaga ku cyorezo cya Coronavirus. Ni inama Perezida Kagame yitabiriye ari muri Village Urugwiro, abayitabiriye […]

Abarenga 1000 bahuye n’abanduye Coronavirus bamaze kubarurwa, abarenga 900 barakurikiranwe

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Ngamije Daniel kuri uyu wa 26 Werurwe 2020 yavuze ko hamaze kubarurwa abantu barenga 1000 bahuye n’abarwayi 41 ba Coronavirus bagaragaye mu Rwanda, abarenga 900 muri bo bamaze gukurikiranwa. Ni mu kiganiro uyu muyobozi ari kugirana n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, akaba asobanura imiterere y’iki cyorezo mu Rwanda. Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa 25 […]

Musanze: Utubari tw’inzagwa twimukiye mu ngo z’abaturage

Nyuma y’uko Leta y’u Rwanda ishyizeho ingamba zikomeye mu rwego rwo guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya Virusi ya Corona, hari abaturage bo mu murenge y’akarere ka Musanze basigaye bihisha bakanywera inzagwa mu ngo. Uwahaye Bwiza aya makuru, yavuze ko mu murenge wa Remera w’akarere ka Musanze, iyo hari nk’umuturage wamanuye urwagwa, atumira inkoramutima ze zikarunwa ku […]

Kigali: Umubyeyi wugarijwe n’ibibazo ageze n’aho kwibagirwa nimero ye ya Telefoni

Uwimbabazi Aline, umubyeyi w’abana batanu utuye mu Mudugudu wa Runyinya, Akagari ka Rugarama, Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, avuga ko umutwe we utakibasha no kwibuka ibintu bimwe na bimwe birimo na nimero ye ya Telefoni bitewe n’ibibazo bimwugarije. Uwimbabazi, umugabo we yamutanye abana batanu ajya kwishakira undi mugore, muri aba bana umuto muri […]

Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali

Umugabo witwa Nkusi (izina ryahinduwe nk’uko yabisabye) avuga ko atuye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali ariko ngo asigaye arara mu modoka kubera inkeke ashyirwaho n’umugore we. Nkusi yandikiye Bwiza.com kuri info@bwiza.com avuga ko muri ibi bihe atorohewe n’umugore umushinja kumuca inyuma. Avuga ko umugore we yarakajwe n’uburyo ngo yabonye Nkusi ahobera umugore […]

Kagame yashimiye Canada na Ethiopia urukundo bagaragarije u Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashimiye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Ahmed Abiy na mugenzi we wa Canada, Justin Trudeau ku nkunga ku rukundo bakomeje kwereka u Rwanda muri ibi bihe Isi yose ihangayikishijwe n’icyorezo cya Coronavirus. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Kagame yashimiye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia ku neza bagiriye u […]

Uganda: Pasiteri yatanze imfashanyo ku miryango 500 muri ibi bihe bya Coronavirus

Pasiteri witwa Robert Kayanja wo mu gihugu cya Uganda yashyikirije inkunga y’ibiribwa imiryango isaga 500 mu kuyifasha guhangana n’ibihe bigoye bya Covid-19 iki gihugu kirimo. Mu gihe bamwe mu bashumba b’amatorero bakomeje gutungwa agatoki kuba bakomeza kwaka amaturo abakirisitu babo bagereranywa n’intama baragiye, Pasiteri Kayanja wo mu gihugu cya Uganda ufite itorero ryitwa Robert Kayanja […]

Grants Specialist at Land O’Lakes Venture37

Land O’Lakes Venture37 is a 501(c)(3) nonprofit helping communities around the world build economies by strengthening agriculture from farm-to-fork, helping businesses grow, and linking farmers to markets. Since our start in 1981, we have been leveraging nearly 100 years of expertise in crop inputs, agricultural insights, dairy and animal nutrition from our close affiliate, Land […]

Umukecuru w’imyaka 97 yakize Coronavirus

Mu gihe Covid-19 ikomeje guhitana umubare munini w’abatuye isi cyane cyane abageze mu za bukuru, umukecuru w’imyaka 97 wo mu gihugu cya Koreya y’Epfo yabaye undi mu bantu bake bakize iyi ndwara bari mu bakuze cyane ku isi. Mu ntangiriro z’uku kwezi, Ibiro ntaramakuru by’Ubushinwa (Xinua) byari byatangaje ko umusaza w’imyaka 100 yakize Coronavirus, uyu […]

Kizza Besigye yiteguye gusubira mu kazi k’ubuganga akifatanya n’abavura Coronavirus

Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda (Rtd) Col Dr. Warren Kizza Besigye Kifefe yatangaje ko yiteguye kuba yasubira mu mwuga w’ubuganga amazi igihe adakora igihe cyose yaba yitabajwe ngo atange ubufasha mu rugamba igihugu cye kirimo rwo guhangana na Coronavirus. Besigye ubusanzwe wize iby’ubuvuzi akaba yarabaye na muganga wihariye wa Museveni avuga ko ibyo […]

Coronavirus: Bavuye i Rubavu bagera i Huye n’amaguru

Abagabo n’abasore barindwi bakoraga mu mushinga wa Kivu Belt ucukura ‘Gaz Méthane’ mu Kiyaga cya Kivu bakoze urugendo rw’amaguru baturutse mu Karere ka Rubavu, bacumbika ku biro by’akagari ka Kibariro, Umurenge wa Rwaniro mu Karere ka Huye, ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa 25 Werurwe 2020. Aba ni: Minani Emmanuel w’imyaka 27 y’amavuko, Nsabimana […]

Program Rotation Specialist at One Acre Fund

One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five years in Rwanda, We have grown to serve more than 180,000 farm families with 1,500 full-time staff in Rwanda. In Burundi, We have grown to serve 40,000 farm families […]

Uko imibare ya COVID-19 yifashe kuri uyu wa 26 Werurwe 2020

Imibare y’urubuga Worldo meters yerekana isegonda ku rindi uko icyorezo cya COVID-19 cyifashe ku Isi, yerekana ko iki cyorezo kimaze kugera mu bihugu 198 hirya no hino ku Isi. Abamaze kwandura iki cyorezo ni 472,030 ku Isi, mu gihe abo kimaze guhitana kugeza ubwo twakoraga iyi nkuru ari 21,297 Abantu 114,713 ni bo bamaze Gukira […]

Technical Advisor on SME promotion and E-Commerce of the Special Initiative for Training and Job Creation in Rwanda at GIZ Rwanda

Technical Advisor on SME promotion and E-Commerce of the Special Initiative for Training and Job Creation in Rwanda The Deutsche Gesellschaft für Internationale Zusammenarbeit (GIZ) GmbH is a federally owned international cooperation enterprise for sustainable development with worldwide operations. GIZ has worked in Rwanda for over 30 years. The primary objectives between the Government of […]

Museveni yahagaritse ingendo rusange na bumwe mu bucuruzi

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko ingendo rusange mu gihugu ziba zihagaritswe mu gihe cy’ibyumweru bibiri, mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus. Museveni yabitegetse ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Werurwe, ubwo yagezaga ku Banya-Uganda ingamba zo guhangana na Coronavirus ku ncuro ya gatanu. Umukuru w’igihugu cya Uganda yategetse ko […]

Kenyatta yemeye gukurwaho 80% by’umushahara we mu guhangana na COVID-19

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yatangaje ko Guverinoma igiye kugoboka abaturage bayo bafite amikoro make binyuze mu kwigomwa kwa bamwe mu bakozi ba Leta bahembwa amafaranga menshi bazagabanyirizwa ku mishahara yabo uhereye no kuri we aho yemeye gukurwaho 80% by’umushahara we ngo ufashe abatishoboye bari kuzahazwa n’ingaruka z’ibihe bidasanzwe bya COVID-19. Ibi Perezida Kenyatta yabitangaje […]