Lionel Messi yateye umugongo FC Barcelona yari ifite gahunda yo kumwisubiza
Umunya-Argentine Lionel Messi yamaze kugera ku bwumvikane na Paris Saint-Germain asanzwe akinira bw’uko agomba kuyongeramo amasezerano, atera umugongo FC Barcelona yifuzaga kumwisubiza. Messi ni umukinnyi wa PSG nyuma yo kuyigeramo mu mpeshyi ya 2020. Uyu munya-Argentine aracyafitanye na PSG amasezerano agomba kurangira mu mpeshyi itaha ya 2023. Amakuru yariho cyakora cyo yavugaga ko FC Barcelona […]
U Rwanda rwamenyesheje amahanga ko kurushinja gufasha M23 nta gisubizo byatanga
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje amahanga ko gushyigikira ibirego by’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) by’uko ingabo zarwo zifasha umutwe witwaje intwaro wa M23 nta gisubizo kizima byatanga. Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro by’Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa 21 Ukuboza 2022, risubiza amatangazo y’ibihugu bitandukanye byo mu burengerazuba […]
Hagaragaye videwo ‘ibabaje’ y’umusirikare wa FARDC yatawe ku munigo n’abaturage bamushinja kuba Umututsi, Umunyarwanda
Hagaragaye amashusho y’umusirikare wa FARDC ari gukorerwa ihohoterwa n’abaturage bafatanyije n’umusirikare mugenzi we, bamuziza ko ari uwo mu bwoko bw’Abatutsi, bamwita ngo ‘Umunyarwanda’. Aya mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Ukuboza 2022, yatanzweho igitekerezo na Perezida w’Umutwe wa M23, Betrand Bisimwa. Mu butumwa buherekeje aya mashusho, Bertrand […]
Sunrise FC yisasiye AS Kigali, iha Rayon Sports amahirwe yo kwisubiza umwanya wa mbere
Ikipe ya AS Kigali yatsinzwe na Sunrise FC ibitego 2-1, iha amakipe ya Rayon Sports na APR FC amahirwe yo kwisubiza umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda. Iyi kipe y’umutoza Cassa Mbungo André yari yasuye Sunrise FC i Nyagatare, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona wabaye kuri uyu wa Gatatu. Ni […]
La Haye: Umugore yavuze ko yabonye Interahamwe za Kabuga ziririmba ngo ” Mureke tubamareho”
Mu iburanisha ry’uyu munsi kandi humviswe umutangabuhamya w’umugore, wahawe izina KAB086 mu kurinda umwirondoro we, na we washinje Kabuga. Mu ncamake y’ubuhamya bwe yasomwe n’umushinjacyaha Rashid, yavuze ko ari Umuhutukazi wari utuye ku Kimironko, mu 1992 akabona Interahamwe za Kabuga zibyina indirimbo zimeze nk’izo mu ntambara aho zavugaga ngo “mureke tubamareho, mureke tumareho izi Nkotanyi”. […]
Huye: Umukobwa washinjwaga gusambanya umuhungu w’imyaka 17 yakatiwe imyaka 25 y’igifungo
Urukiko rwisumbuye rwa Huye kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Ukuboza 2022, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umukobwa w‘imyaka 32 icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cy’imyaka 25 .  Ubushinjaacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko iki cyaha cyabaye mu ijoro ryo ku wa 23 Nzeri 2022 iwe […]
Gitega: Mu rugo rw’umupolisi hafatiwe imyambaro n’inkweto by’igisirikare n’igipolisi

Mu rugo rw’umupolisi w’Umurundi witwa Vyankandondera Thérence ruherereye mu gace ka Mwaro, komini Makebuko mu ntara ya Gitega hafatiwe ibikoresho by’igisirikare n’igipolisi birimo imyambaro n’inkweto. Ibiro by’intara ya Gitega byemeje aya makuru kuri uyu wa 21 Ukuboza byerekanye amafoto y’impuzankano y’igisirikare, iy’abapolisi ndetse n’imiguro enye y’inkweto zizwi nka ‘butini’. Byasobanuye kandi ko uyu mupolisi yafatanwe […]
Le ministre de l’Intérieur met en garde la communauté frontalière contre le passage illégal en RD Congo
Le ministre de l’Intérieur, Alfred Gasana, a exhorté mardi 20 décembre les habitants du district de Rubavu dans le secteur de Bugeshi à éviter tout passage illégal en République démocratique du Congo (RDC), affirmant que le pays ne serait pas en mesure de les “sauver” . S’adressant aux citoyens qui se sont rassemblés à Bugeshi, […]
Umucamanza yihanangirije uruhande ruregwa muri dosiye y’abanyamigabane ba SDU
Umucamanza wo mu rukiko rukuru rw’ubucuruzi yamenyesheje Sibomana Jovithe ukuriye inama y’ubutegetsi ya kampani ya SDU (Special Drivers United) itanga serivisi zo gutwara abantu n’ibintu, yarezwe na bamwe mu banyamigabane ba yo, ko ubutaha nibongera gutuma urubanza rusubikwa bazafatirwa ibihano nk’abashaka gutinza urubanza nkana nyuma y’aho urubanza rwongeye gusubikwa kubera kongera kubura k’umunyamategeko wunganira Sibomana […]
Espagne yiyongereye mu bihugu byikomye u Rwanda biruhora M23
Leta ya Espagne yiyongereye ku bihugu bishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, irusaba guhagarika ubufasha ruha uyu mutwe umaze igihe mu mirwano n’Ingabo za RDC (FARDC). Espagne yasabye u Rwanda kureka gufasha M23 mu butumwa Ambasade yayo i Kinshasa yanditse kuri Twitter yayo. Iyi Ambasade yavuze ko “Espagne yishimiye icyemezo cy’ejo hashize cy’akanama k’Umuryango […]
RRA yatangiye gufunga ubucuruzi budakoresha neza inyemezabwishyu za EBM

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) kuri uyu wa Gatatu, itariki 21 Ukuboza, cyatangiye igikorwa cyo gufunga ibikorwa by’abacuruzi badakoresha neza inyemezabwishyu z’ikorabuhanga (EBM) hirya no hino mu Mujyi wa Kigali nyuma yo kubihanangiriza inshuro zigera muri esheshatu ariko ntibikosore . Iki gikorwa cyari cyatumiwemo n’itangazamakuru, cyatangiriye mu isoko ryo muri MIC, aho ku ikubitiro hafunzwe […]
Ingabo za Kenya ziri mu mutwe wa EAC zashimiwe uko ziri kwitwara muri RDC

Ingabo za Kenya zibarizwa mu mutwe w’umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba, EACRF, zashimiwe uburyo ziri kwitwara mu kazo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Zashimiwe n’umuyobozi wazo, Lieutenant Colonel Denis Obiero, ubwo yaziganirizaga mu birindiro byazo biherereye mu nkengero z’umujyi wa Goma kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022. Ibiro bya EACRF byagize biti: […]
France accuses Rwanda of backing M23 rebels
France on Monday joined the US in accusing Rwanda of supporting M23 rebels, laying the allegation for the first time in public on Kigali, in spite of recent support for the country’s military offensives in Mozambique. The accusations by France on M23 came just two weeks after Paris rallied the European Union to disburse 20 […]
Zelensky yasohotse muri Ukraine ku nshuro ya mbere kuva u Burusiya bwatangiza intambara
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira na Perezida Joe Biden ndetse akageza ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu. Zelenskyy yanditse kuri Twitter ko ari mu nzira yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gukomeza ubushobozi bw’ukwirwanaho n’ubufatanye bw’ibihugu byombi. Ni uruzinduko rwa mbere hanze ya […]
Kigali: Umugabo yafashwe yiba amatara y’imitako y’iminsi mikuru
Umugabo utavuzwe amazina yafashwe yiba amatara yifashishwa mu kurimbisha umujyi ku ndabo z’imikindo. Ni umuco umaze kumenyerwa mu Mujyi wa Kigali ko iyo iminsi mikuru yegereje, yaba Ubuyobozi bwawo cyangwa ubw’ibigo bitandukanye bihakorera usanga bakora amanywa n’ijoro bashakisha uko bawurimbisha imitako ku buryo bunogeye amaso. Umujyi wa Kigali washyize kuri Twitter ifoto y’umugabo wandikaho ko […]
AHUPA Store yagejeje ku isoko television za Neiitec na RWK zikorerwa mu Rwanda

Mu gihe u Rwanda rukomeje gukataza mu nzira yo guteze imbere ibikorerwa imbere mu gihugu muri politike ya Made in Rwanda, ubu noneho watunga television zakorewe mu Rwanda. Ni Television zigezweho zimenyerewe nka Flat TV ziri mu moko abiri ariyo NEIITEC na RWK zikaba zikorwa n’ uruganda Electronic Industry and information Technology Rwanda Co., Ltd […]
Perezida Trump wa Musanze FC yageneye buri mukinnyi wayo ihene y’ubunani
Perezida wa Musanze FC, Tuyishimire Placide ‘Trump’, yageneye buri mukinnyi w’iyi kipe ihene yo kurya ku munsi mukuru w’ubunani. Perezida wa Musanze FC yakoze iki gikorwa mu rwego rwo gushimira abakinnyi b’ikipe ye uburyo bakomeje kwitwara muri shampiyona y’icyiciro cya mbere. Mu gihe iyi shampiyona ibura umukino umwe kugira ngo igice cyayo kibanza kirangire, Musanze […]
RDC yizeye gutsinda M23 nyuma yo gukurirwaho ‘embargo’
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko bwizeye ko ingabo z’iki gihugu zizatsinda umutwe witwaje intwaro wa M23, nyuma y’aho umwanzuro (embargo) wari warafashwe n’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ukuweho. Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022, aka kanama kemeje ko gakuyeho ibwiriza kari karahaye ibihugu cyangwa se inganda bigurisha RDC intwaro, wo […]
Afghanistan: Leta y’Abatalibani yafashe icyemezo cyo gukumira abakobwa muri za kaminuza
Minisiteri y’amashuri makuru muri leta iyobowe n’Abatalibani muri Afghanistan yavuze ko abanyeshuri b’abakobwa batazemererwa kwinjira muri kaminuza z’igihugu kugeza igihe hazasohoka amabwiriza mashya . Ibaruwa yemejwe n’umuvugizi wa minisiteri y’amashuri makuru kuri uyu wa Kabiri, yategetse kaminuza za Leta n’abikorera bo muri Afghnistan guhagarika byihuse abanyeshuri b’abakobwa, nk’uko byemejwe n’inama y’abaminisitiri. Ibaruwa yahawe kaminuza zose […]
Abakinnyi ba Maroc n’ababyeyi babo bashimiwe n’umwami Mohammed VI (Amafoto)

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Maroc ‘Les Lions de l’Atlas’ n’ababyeyi babo, bashimiwe n’umwami Mohammed VI nyuma yo guhesha ishema mu mikino y’Igikombe cy’Isi giheruka kubera muri Qatar. Ku mugoroba w’ejo ku wa Kabiri ni bwo abari bagize ikipe y’Igihugu ya Maroc bakiriwe mu ngoro y’umwami Mohammed VI i Rabat, abambika imidari y’ishimwe ku bwo guhesha […]
Minisitiri Gasana yaburiye abajya muri RDC mu buryo butemewe n’amategeko
Minisitiri w’umutekano w’imbere, Gasana Alfred, yaburiye Abanyarwanda bajya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu buryo butemewe n’amategeko. Minisitiri Gasana yatanze uyu muburo ubwo yaganiraga n’abatuye mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu, mu nteko y’abaturage yo kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022. Uyu muyobozi yavuze ko muri iki gihe, umuntu ugiye muri […]
Akurikiranweho gusambanya ku gahato: RIB kuri muganga uregwa gukorakora igitsina cy’umurwayi
Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, yatangaje ko muganga wo mu bitaro bya Murunda mu karere ka Rutsiro uregwa gukorakora igitsina cy’umurwayi akurikiranweho icyaha cyo gusambanya undi ku gahato. Dr Murangira yabwiye Primo Media Rwanda ko uyu muganga w’imyaka 27 y’amavuko yatawe muri yombi tariki ya 1 Ukuboza 2022 nyuma yo kuregwa n’umukobwa w’imyaka […]
Umutangabuhamya yavuze ko Interahamwe zizwi nk’iza Kabuga zari zirimo ‘Abatutsi nka Mutabazi waziyoboyeho’
Urubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwakomeje kuri uyu wa kabiri, umutangabuhamya w’undi amushinja ko Interahamwe ze zizwi nk’Interahamwe za Kabuga, zishe Abatutsi muri jenoside, akongeraho muri izo Nterahamwe zo ku Kimironko zari zirimo Abatutsi kandi ko hari igihe cyageze zikayoborwa na Mutabazi ngo na we wari Umututsi. Uyu […]