Uwo ari we wese undwanya, arwanya na data_Gen. Muhoozi
Umujyanama wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akanaba umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba, yaburiye abanyapolitiki bamurwanya ababwira ko baba banarwanya se batabizi. Gen Muhoozi yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 03 Mutarama 2023. Yagize ati: “muri Politike yo kurya inyama z’abantu ya NRM, reka mvuge ibi. Abandwanya barwanya data.” Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje […]
Robertinho nyuma yo gutandukana na Vipers yagizwe umutoza w’ikipe y’ikigugu
Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho, yamaze kugirwa umutoza mukuru wa Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania. Iyi kipe y’i Dar es Salaam yahaye ikaze uyu mutoza wanyuze muri Rayon Sports ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Robertinho yasinye amasezerano yo gutoza Simba Sports Club mu myaka ibiri iri imbere. Ikinyamakuru […]
US investor, Rwandan citizen in disputes over a piece of land in Kinigi
American investor Allen Michael Bechky, accuses Rwandan citizen Gilbert Iradukunda of stealing his piece of land located in Kinigi sector, Musanze district. Mr. Allen is normally the owner of Villa Gorilla Hotel located in Kinigi. The Hotel was recently inaugurated and started services delivery. He says that he used to send money to Mr. Iradukunda […]
Umusirikare wa UPDF yarashe mu kico bagenzi be batatu
Umusirikare wo mu ngabo za Uganda ziri mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bwo kugarura amahoro muri Somalia, yarashe bagenzi be batatu arabica. Byabereye i Mogadishu ku wa Mbere tariki ya 02 Mutarama 2023. Amakuru avuga ko bigitangira uriya musirikare wari ku burinzi ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Aden Adde, yarashe mugenzi we mu […]
Elon Musk yabaye umuntu wa mbere ku Isi uhombye $ miliyari 200
Umuherwe Elon Musk usanzwe ari Umuyobozi Mukuru w’ibigo birimo Tesla (TSLA), SpaceX na Twitter, yashyizeho umuhigo wo kuba umuntu wa mbere ku Isi uhombye miliyari 200 z’amadorali ya Amerika. Uyu munyamerika wafatwaga nk’umuherwe wa mbere ku Isi yahombye uyu murengera w’amafaranga, ahanini bitewe na $ miliyari 137 yahombye mu cyumweru gishize bitewe n’igabanuka rikomeye ry’abagura […]
Padiri Lukanga wa Diyosezi ya Kabgayi yapfuye
Padiri Lukanga Kalema Charles wakoreraga ivugabutumwa muri Diyosezi Gatolika ya Kabgayi, yitabye Imana ku wa Mbere tariki ya 02 Mutarama 2023 azize uburwayi. Kiliziya Gatolika yemeje inkuru y’urupfu rwe ibinyujije mu kinyamakuru cyayo, Kinyamateka. Kiliziya yagize iti: “Padiri Lukanga Kalema Charles wa Diyosezi ya Kabgayi yitabye Imana ku mugoroba w’uyu wa 2 Mutarama 2023 mu […]