Abadepite bakomeje kotsa igitutu Tshisekedi nyuma yo kwinubira ingabo za EAC

Abadepite bo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bahagarariye amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi, bakomeje gushyira igitutu kuri Perezida FĂ©lix Tshisekedi, nyuma y’aho yinubiye ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba. Tshisekedi uri mu ruzinduko rw’akazi muri Botswana, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023, yatangaje ko ingabo za EAC, keretse gusa iz’u Burundi, […]

Museveni yatangaje ko ahembwa umushahara muke

Museveni ashyira indabo ku isanduku irimo umurambo wa Engola

Perezida wa Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’iki gihugu, General (Rtd) Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko guhemba abasirikare umushahara munini bitashoboka, atanga urugero ko na we ahembwa make. Yabivuze kuri uyu wa 10 Gicurasi 2023, ubwo yari ku kibuga cya Kololo mu muhango wo gusezera ku wahoze ari Minisitiri w’umurimo, Colonel (Rtd) Charles Engola, uherutse […]

Icy’Amahoro: Rayon Sports yabirinduye Mukura, APR FC na Kiyovu rubura gica

Ikipe ya APR FC yaguye miswi na Kiyovu Sports igitego 1-1, mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza w’Igikombe cy’Amahoro amakipe yombi yari yahuriyemo kuri uyu wa Gatatu. APR FC yari yakiriye Rayon Sports mu mukino w’agapingane wabereye kuri Stade ya Bugesera. Ni umukino watangiranye no gusatirana ku mpande zombi, bisaba umunota wa 23 w’umukino ngo […]

Yolo The Queen, Ikimenyetso ku buhehesi bivugwa ko Hamonize yigishijwe na Diamond

Umuhanzi Harmonizer, uzwi cyane nka Konde Boy, aravugwaho kuzamura urwego mu gukunda abagore nyuma y’uko yamaze igihe kinini mu biganza by’umuhanzi Diamond Platinums nawe ujya avugwaho ubuhehesi bukabije. Mu minisi ishize nibwo ku binyamakuru bitandukanye, hakwirakwiye amakuru y’uko Harmonizer yatandukanye n’uwari umukunzi we Kajala Fridah ndetse uyu muhanzi anasiba Tatto yari yarashyize ku mubiri we […]

Umusenateri w’Umunyamerika arashinjwa uburiganya no kunyereza umutungo

Umusenateri w’Umurepubulikani muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, George Santos, wanze kwegura kubera kubeshya ku mwirondoro we, yashinjwe uburiganya, iyezandonke no kwiba amafaranga ya Leta, nk’uko Minisiteri y’Ubutabera yabitangaje kuri uyu wa Gatatu . Byari byitezwe ko yitaba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gataatu mu Rukiko rwa New York. Ku wa Kabiri, uwunganira Santos […]

U Rwanda rurateganya kohereza vuba Maj. Gen. Karamba muri Angola

Maj. Gen. Karamba yaganiraga na Perezida Samia Suluhu mbere yo kumusezeraho

Guverinoma y’u Rwanda irateganya kohereza mu gihe cya vuba Major General Charles Karamba muri Angola kugira ngo arubere Ambasaderi muri iki gihugu kiri mu karere ka Afurika y’Amajyepfo. Icyemezo cyo kugira Maj. Gen. Karamba Ambasaderi w’u Rwanda muri Angola cyafashwe na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, tariki ya 24 Werurwe 2023. Uyu musirikare yari asanzwe […]

DRC:Abana babiri batoraguwe bareremba hejuru y’ amazi yahitanye ababyeyi babo

f2478b00-ef15-11ed-a142-ab0e42bfd9c3.jpg

Muri kivu y’Amagepfo muri Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa inkuru y’abana babiri batoraguwe n’abagiraneza ubwo babasangaga bareremba hejuru y’amazi. Ababatabaye bavuze ko babasanze ku nkombe z’ikiyaga cya cyivu, Bikaba bivugwa ko bashobora kuba bari bahamaze nibura iminsi itatu bareremba hejuru y’amazi. Delphin Birimbi ukuriye sociĂ©tĂ© civile muri Kalehe yabwiye BBC dukesha iyi nkuru, ko […]

RDC: Barasaba leta kubanza gusobanura neza ikizaba kizanye ingabo za SADC mbere y’uko zihagera

Mu kiganiro yagiranye na Actu30.cd, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Gicurasi 2023, umuhuzabikorwa wa Sosiyete Sivile Nshya ya Congo (NSCC), Jonas Tshiombela, yahamagariye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gusobanura neza inshingano z’ingabo za SADC byemejwe kuwa Mbere ko zigiye koherezwa mu burasirazuba bw’igihugu . “Ubu kuva Umukuru w’igihugu ahindukiriye SADC, turizera […]

Inkende yatawe muri yombi yambikwa amapingu izira gusakambura inzu

Inkende yatawe muri yombi isakambura inzu

Ku mbuga nkoranyambaga , hakomeje gusakara amafoto y’inkende yatawe muri yombi izira gusakambura amabati yari asakaye ku nzu. Mu mashusho yafashwe agaragaza inkende yari iri hejuru y’inzu ifite umujinya ari nako igenda ikura amabati hejuru y’inzu y’umuturage.Ushinzwe gucunga umutekano kuri iyo nzu akimara kubona ibiri kuba yahise afata iyo nkende ayambika amapingu. Amakuru avuga ko […]

Ibihugu bifite amategeko yemerera abahuje igitsina gushyingiranwa n’igihe yatorewe

Kuva mu 2001, ibihugu bitandukanye byiganjemo ibo mu Burayi na Amerika byamaze kwemerera abahuje ibitsina gushyingiranwa mu mategeko, ho u Buholandi bwabimburiye ibindi mu gihe muri Afurika igihugu kigaragara kuri uru rutonde dukesha World of Statistics ari Afurik y’Epfo gusa. 2001: U Buholandi 2003: U Bubiligi 2005: Canada, Espagne 2006: Afurika y’Epfo 2009: Norvege, Sweden […]

Patrick washinjwe gufata kungufu mu 1994 yagizwe umwere nyuma yo gufungwa imyaka 29

Ibyishimo byari byinshi kuri Patrick ndetse n'inshuti n'abavandimwe

Umugabo witwa Patrick Brown ubarizwa muri Leta ya Louisiana mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bwa Leta Zunze ubumwe za Amerika,yarekuwe n’urukiko kuri kuri uyu wa mbere taliki 8 Gicurasi 2023, nyuma y’uko agizwe umwere ku cyaha cyo gufata ku ngufu. Uyu mugabo w’imyaka 49, ngo yasohotse muri Gereza nyuma yo kumaramo imyaka 29 aho yari yarakatiwe […]

Sergio Busquets yasezeye FC Barcelona yandikiyemo amateka

Umunya-Espagne Sergio Busquets yatangaje ko azatandukana na FC Barcelona ubwo umwaka w’imikino wa 2022/23 uzaba urangiye, nyuma y’imyaka 15 ayikinira. Iyi kipe y’i Catalunya yemeje aya makuru binyuze mu mashusho yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo. Ni amashusho Busquets agaruka ku bihe byiza yagiriye muri Barà§a kuva ayigezemo akiri umwana muto kugeza urugendo rwe nk’umukinnyi wayo […]

France: Hatangiye urubanza rwa Hategekimana ukurikiranweho uruhare muri jenoside

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Gicurasi 2023, uwahoze ari umujandarume mu Rwanda yatangiye kuburanishwa mu Bufaransa, akurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi no mu byaha byibasiye inyokomuntu mu 1994 . Philippe Hategekimana w’imyaka 66 yahungiye mu Bufaransa nyuma ya jenoside, ahabwa ubuhungiro nyuma yo gukoresha amazina y’impimbano. Ni ku nshuro ya gatanu mu Bufaransa […]

EACRF bila shaka inaweza kuondoka DRC mwishoni mwa Juni 2023

Saa 24 baada ya kutangazwa kutumwa kwa kikosi cha kijeshi cha SADC Mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, Rais wa Jamhuri Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo amejieleza hadharani kwa mara ya kwanza kabisa juu ya motisha ya uamuzi huu wa pamoja wa jumuiya ya maendeleo ya Afrika Kusini na juu ya yote hatma iliyohifadhiwa kwa […]

La force régionale de la communauté Est-africaine pourrait définitivement quitter la RDC fin juin 2023

24 heures après l’annonce du dĂ©ploiement de la force militaire de la SADC dans l’Est de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo, le PrĂ©sident de la RĂ©publique Antoine Tshisekedi Tshilombo s’est pour la première fois publiquement expliquĂ© sur la motivation de cette dĂ©cision unanime de la communautĂ© sud-africaine du dĂ©veloppement et surtout sur le sort rĂ©servĂ© […]

Umuherwe Elon Musk yagumuye abakoresha WhatsApp

Umunyamerika Elon Musk uri mu baherwe ba mbere ku Isi, akaba ari na we Muyobozi Nshingwabikorwa w’urubuga rwa Twitter, yatangaje ko WhatsApp ya mugenzi we Mark Zuckerberg atari iyo kwizerwa. Musk kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023 yagize ati “WhatsApp si iyo kwizerwa”, asubiza Enjenyeri wa Twitter winubiraga ko mu gihe yari asinziriye, telefone yakiriye […]

Sudani: Umurwa mukuru wibasiwe n’ibitero by’indege n’ibikorwa by’ubusahuzi

Kuri uyu wa Kabiri ushize, urugamba rwo mu murwa mukuru wa Sudan, Khartoum, rwaranzwe n’ibitero byinshi by’indege mu gihe ku rundi ruhande hagaragaye ibikorwa by’ubusahuzi ku rundi ruhande Arabia Saoudite ikaba ivuga ko imishyikirano irimo gukorwa kugira ngo imirwano ihagarare mu gihe gito . Ababibonye bavuga ko ingabo zagabye igitero gikomeye cy’indege muri Khartoum rwagati […]

Turahirwa Moses yemereye urukiko ko yamaze imyaka hafi 2 anywa urumogi

Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions, yemereye imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge icyaha cyo kunywa ibiyobyabwenge, avuga ko yamaze imyaka igera kuri ibiri arunywera mu Butaliyani aho yabaga. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Gicurasi ni bwo Turahirwa yagejejwe imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatangiye kumuburanisha ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. […]

Umuraperi Riderman yararozwe akajya aruka amaraso ariko aryumaho

16ba72172e6a4f1de54d11ab6967e371.jpg

Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman yatangaje ko bigeze kumuroga ariko arabiceceka bimenywa n’abari bamuri hafi gusa. Kumenyekana kw’aya makuru byatunguranye kuko usanga akenshi bimenyerewe ko iyo hagize ikintu runaka kiba ku byamamare runaka, usanga bihita bikwirakwira hose, byaba kumaradiyo cyangwa ku mbuga nkoranyambaga. Aya makuru Riderman yayashyize hanze, mu mpera zicyumweru gishize aganira na […]

Green Party yateguye kongere izatorerwamo uzayihagararira mu matora ya perezida yo mu 2024

Abayoboke b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) kuri uyu wa Gatandatu utaha, itariki 13 Gicurasi 2023, bazateranira muri kongere y’ishyaka aho ku murongo w’ibizigirwamo harimo no gutora uzahagararira ishyaka mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka utaha . Iyi kongere biteganyijwe ko izabera muri Hotel Olympic ku Kimironko, Akarere ka Gasabo, mu […]

Col Doumbouya yirukanye GĂ©n wari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cye

Perezida w’inzibacyuho wa GuinĂ©e-Conakry akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Colonel Mamadi Doumbouya, yirukanye ku mirimo GĂ©n Sadiba Koulibaly wari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu cye. Itangazo rivana Gen Koulibaly ku mirimo ryasomewe kuri Televiziyo y’Igihugu mu ijoro ryakeye. Uyu musirikare yahise asimburwa na GĂ©nĂ©ral Ibrahima Sory Bangoura wari umaze umunsi umwe avanwe na Perezida Doumbouya […]

Tshisekedi yandagaje ingabo za EAC n’uwari Komanda wazo

Tshisekedi ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru hamwe na mugenzi we uyobora Botswana, Mokgweetsi Masisi

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yandagaje ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) ziri mu gihugu cye n’uwahoze ari Komanda wazo, Major General Jeff Nyagah, uherutse kwegura. Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru mu ruzinduko yagiriye muri Botswana kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023, Tshisekedi yasobanuye icyatumye asaba ubufasha mu bihugu biri mu […]