Abanyeshuri 320 basoje amahugurwa yo kunganira abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka

Abanyeshuri 320 barimo 284 bigiye mu mujyi wa Kigali na 36 bo mu karere ka Rubavu kuri uyu wa 23 Kamena 2023 basoje amahugurwa yo kunganira abacuruzi bambukiranya imipaka yateguwe n’ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA), ihuriro RWAFFA rigizwe n’abafasha abacuruzi kwinjiza ibicuruzwa kuri za gasutamo n’ihuriro ry’ibigo byo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba bishinzwe imisoro. Komiseri […]
Gen James Kabarebe yasuye ingabo za RDF i Cabo Delgado (Amafoto)

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, kuri uyu wa Gatanu yasuye Ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. U Rwanda rufite muri iyi ntara abasirikare n’abapolisi barenga 2,000 bayoherejwemo mu butumwa bwo kugarura amahoro, nyuma y’igihe yarigaruriwe n’ibyihebe bya Al Shabaab. Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje […]
Yakatiwe imyaka 15 y’igifungo azira gukora ku kibuno cy’umugore utari uwe
Umugabo witwa Mathotho w’imyaka 55 y’amavuko yakatiwe gufungwa imyaka 15 azira gukorakora umugore utari uwe nyuma yo guhengera ko umugabo we adahari. Amakuru avuga ko uyu mugabo yahengereye igicuku kinishye ajya mu rugo rw’umuturanyi we ariko akaba yari yacunze ko umugabo we adahari maze aboneza mucyumba aramukorakora. Bitewe n’uko ngo itara ryakaga mu cyumba , […]
APR FC yahawe abayobozi bashya barimo uwahoze ari SG wa FERWAFA
Ikipe ya APR FC yabonye abayobozi bashya, barimo Umuyobozi Mukuru ndetse n’Umuyobozi Mukuru wungirije. Uwagizwe Chairman w’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ni Lt Col Karasira Richard wahoze ari Perezida wa Marines FC. Uyu musirikare yagizwe Umuyobozi Mukuru wa APR FC nyuma y’igihe kirekire bivugwa ko ari we ugomba gusimbura Lt Gen Mubarakh Muganga umaze igihe gito […]
Itsinda ryiganjemo abasirikare ryatangiye gusura ikigo cya Rumangabo cyatijwe M23

Itsinda rigari ry’abantu baturutse mu ngabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EACRF), abo muri misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo n’izindi nzego z’akarere zihuriweho, ryatangiye gusura ikigo cya gisirikare cya Rumangabo cyatijwe abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Iri tsinda ryakiriwe n’ingabo za Kenya zigenzura iki kigo, ziyobowe na Colonel […]
Kagame anaipongeza Msumbiji kwa kuwajumuisha wapiganaji wa zamani
Rais Paul Kagame siku ya Ijumaa Juni 23 alimpongeza Rais Filipe Nyusi na wananchi wa Msumbiji kwa kufanikisha utekelezaji wa kuwapokonya silaha na kuwajumuisha tena wapiganaji wa zamani wa Renamo . Mamia ya wapiganaji wa zamani wa Renamo, chama kikuu cha upinzani nchini Msumbiji, wamefukuzwa na kurejea katika maisha ya kiraia nchini Msumbiji. Kagame alitweet: […]
Neymar ashobora gucibwa amande ya miliyoni 1$ azira imyubakire
Umunya Bresil Neymar Junior De Santos ashobora gucibwa amande angana na miliyoni 1$ nyuma y’uko avuguruye urugo rwe nta burenganzira abiherewe n’ubuyobozi bwo muri ako gace. Ni amakuru yakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ko Neymar yafatiwe ibyemejzo n’ubuyobozi bw’akarere afitemo inyubako aho ngo ashobora gucibwa amande ya miliyoni 1 z’amadolari azira kubaka nta burenganzira no […]
ATMIS yatangiye kugabanya ingabo zayo muri Somalia
Ubutumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somalia (ATMIS) bwatangaje kuri uyu wa Gatatu ushize ko bwatangiye kugabanya umubare w’abasirikare bijyanye na gahunda yo gushyira ikibazo cy’umutekano w’iki gihugu mu biganza by’ingabo zacyo . Itangazo ryasohowe ryagize riti: “ATMIS yatangiye kuvayo yubahiriza (Imyanzuro y’Umuryango w’Abibumbye) itegeka ATMIS kuba yakuyemo ingabo 2000 mu mpera za Kamena […]
Le célèbre pasteur Theogene Niyonshuti décède dans un accident de voiture
Le cĂ©lèbre pasteur de l’ADEPR (Association des Eglises de Pentecote au Rwanda), Theogene Niyonshuti, est mort jeudi soir dans un accident de voiture en Ouganda . Les informations sur son dĂ©cès Ă©taient encore rares au moment de la presse, mais le responsable des relations publiques de l’ADEPR, Emmanuel Ntakirutimana, a dĂ©clarĂ© au New Times avoir […]
Marizamunda yahagarariye P. Kagame mu gusubiza mu buzima busanzwe inyeshyamba za RENAMO
Minisitiri w’Ingabo, Marizamunda Juvenal, ari i Maputo muri Mozambique aho yitabiriye igikorwa cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi bo mu mutwe wa RENAMO. Mbere yo kwitabira kiriya gikorwa, Minisitiri Marizamunda n’intumwa ayoboye bagiranye ibiganiro na bagenzi babo bo muri Minisiteri y’Ingabo za Mozambique. Perezida Paul Kagame mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye, yashimiye […]
Kenya: Umubyeyi wa Ruto yatwikiriye Gafotozi wari wambaye impenure

Umubyeyi wa Perezida William Ruto uyobora Kenya, Sarah Samoei Cherono, yatangaje ko yatwikirije umwenda we Gafotozi w’umukobwa wari wambaye impenure (akenda kagufi bikabije). Ibi byabaye kuri uyu wa 21 Kamena 2023 ubwo Sarah yasuraga Guverineri w’intara ya Uasin Gishu, Jonathan Bii, nk’uko bigaragazwa n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Kenya. Muri uku guhura na Guverineri, Sarah yafashe […]
Perezida Kagame yashimiye Mozambique yubahirije amasezerano yayo n’inyeshyamba
Perezida Paul Kagame yashimiye Leta ya Mozambique ku bwo kuba yamaze kubahiriza byuzuye amasezerano y’amahoro yagiranye n’umutwe witwaje intwaro wa RENAMO wayirwanyaga. Uyu mutwe wavutse ku ishyaka RENAMO mu mwaka w2013 kubera amakimbirane wagiranye n’ubutegetsi buriho bw’ishyaka FRELIMO, kuva ubwo haduka imirwano. Bigizwemo uruhare n’ubutegetsi, mu mwaka w’2014 habaye imishyikirano, impande zombi zisinya ko zihagaritse […]
Aya makosa umukobwa akwiye kuyirinda iyo ari gukoresha SMS aganira n’umukunzi we
Mu rukundo cyo kimwe no mu buzima busanzwe hari igihe abantu bahitamo uburyo bwo gukoresha ubutumwa bugufi nk’itumanaho ariko iyo bigeze mu bakundanana hari ibyo umukobwa asabwa kwitondera. 1.Kwandikira umusore amagambo menshi Mu gihe mukobwa/gore urimo wohererezanya ubutumwa bugufi n’uwo mukundana irende kwandika amagambo menshi cyane kuburyo uwo uyoherereje ashobora kubwinubira ahubwo ikiza n’ukugabanya ukagendera […]
Rayon Sports yasinyishije myugariro wasezerewe na Kiyovu Sports
Myugariro Serumogo Ally Omar wari umaze imyaka itanu muri Kiyovu Sports, yamaze kwerekeza muri Rayon Sports nyuma yo gutandukana na yo. Uyu myugariro ukina inyuma ku ruhande rw’iburyo yasinye amasezerano yo gukinira Murera mu myaka ibiri iri imbere. Ku mugoroba wo ku wa Kane Kiyovu Sports yari yatangaje ko yatandukanye na Serumogo wari usanzwe ari […]
Uganda: Minisitiri w’ingabo yasebeye mu nteko ubwo yatangaga ibisobanuro ku gitero cyahitanye abanyeshuri 37
Kuri uyu wa Kane mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, minisitiri w’ingabo yari yivuganwe n’abadepite, nyuma y’ibyo yatangaje ku gitero cya ADF giherutse guhitana abana b’Abanyeshuri 37 mu bantu 41 bakiciwemo kuwa Gatanu ushize, aho bemeza ko abasirikare n’abapolisi bari bazi neza ko igitero kiri kuba ariko bagatinda gutabara ku bwende . Iyi nkuru dukesha […]
Clever J aravumira ku gahera abo mu muryango wa Chameleon wamutereranye
Umuhanzi Clever J yifatiye ku gahanga abo mu muryango wa Jose Chameleon abashinja kumutererana mu buzima akomeje kubamo avuga ko batigeze bamushaka nk’umuryango ngo bamube hafi.Uyu mugabo ubusanzwe witwa Gerald Muwonge yabivuze asa n’usubiza abo mu muryango wa Mayanja bavuga ko atakabaye yitabira ibitaramo by’abandi bahanzi asize iby’abo mu muryango. Ni nyuma y’uko Clever J […]
Kinshasa: Mu mikino ya OIF hazifashishwa ba GP n’abapolisi 4500
Komite ya Repubulika ya demukarasi ya Congo yatangaje ko abazitabira amarushanwa y’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF) bazarindirwa umutekano n’abasirikare bo mu rwego rushinzwe kurinda abayobozi bakuru (GP/GR) n’abapolisi 4500. Umuyobozi w”iyi komite uherutse kwitabira inama ya OIF itegura aya marushanwa yabereye mu Bufaransa tariki ya 21 Kamena 2023, Isidore Kwandja Ngembo, yasobanuye ko aba […]
Zimbabwe: Abakandida 10 biteguye guhangana na Mnangagwa mu matora yo muri Kanama
Abakandida 11 biteguye guhatanira umwanya wa Perezida wa Zimbabwe mu matora yo muri Kanama, nk’uko byatangajwe na komisiyo y’amatora nyuma y’uko benshi babyifuzaga batemerewe kubera ko batigeze bakusanya amadorari 20.000 yari akenewe kugira ngo bagaragare ku rutonde . Biteganijwe ko amatora azahuriramo Emmerson Mnangagwa uri ku butegetsi, wo mu ishyaka rya ZANU-PF, na Pasiteri n’umunyamategeko, […]
Mu gihe habura imyaka 2 yo kugera ku ntego za EAC zo kurandura inzara ikomeje kwiyongera
Mu gihe hasigaye imyaka ibiri gusa kugeza igihe ntarengwa cyagenwe n’ibihugu bigize Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) cyo guhagarika inzara muri gahunda y’iterambere ry’ubuhinzi ku mugabane wa Afurika, inzara n’imirire mibi biriyongera, nk’uko abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Afurika y’uyu muryango (EALA) babitangaza . Mu nama rusange yabereye muri Arusha kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki […]
Abacuruzi bo muri Uganda banezererewe u Rwanda nyuma yo gukura inzitizi ku mipaka
Abacuruzi bo muri Uganda bagaragaje ko bishimiye Leta y’u Rwanda nyuma y’aho ikuyeho inzitizi zatumaga abaruturukamo batoroherwa no kwambuka imipaka, bajya i Kabale, Kisoro n’ahandi. Imipaka y’u Rwanda na Uganda yafunguwe muri Werurwe 2022 gusa abacuruzi bo muri iki gihugu cy’abaturanyi bari bakigaragaza ko ibikorwa byabo bitagenda neza kubera ko abaturuka i Kigali bari basanzwe […]
Pasiteri Niyonshuti Théogène yapfuye
Pasiteri Niyonshuti ThĂ©ogène wamenyekanye cyane nka ‘Inzahuke’, yitabye Imana azize impanuka y’imodoka. Inkuru y’urupfu rw’uyu muvugabutumwa wari ukunzwe n’abatari bake yatangiye kuvugwa mu ijoro ryakeye. Umuvugizi w’itorero ADEPR mu Rwanda nyakwigendera yasengeragamo, Rev. Past Ndayizeye IsaĂ ÂŻe, ari mu bemeje urupfu rwe. Yabwiye Imvaho Nshya ko “N’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro ariko twamenye ko Pasiteri ThĂ©ogène yitabye […]