Umunyamakuru wa BBC uvugwaho gukora amabara yashyizwe hanze n’umugore we
Umugore witwa Vicky Flind yatangaje ko umugabo we usanzwe ari icyamamare kuri BBC, Huw Edwards, ari we ukekwaho kwishyura umwana w’umukobwa amafaranga kugira ngo ajye amwereka amafoto n’amashusho y’urukozasoni. Iyi nkuru imaze igihe ivugwa mu binyamakuru mpuzamahanga bitandukanye, cyane cyane The Sun, gusa byirinze gushyira hanze amazina y’uyu munyamakuru w’imyaka 61 y’amavuko ku mpamvu z’umutekano […]
Umugabo yafashe ku ngufu nyirabukwe nyuma yo kuza kumukiza umukobwa we
Mu Ntara ya Copperbelt i Lufwanyama muri Zambia,umukecuru w’imyaka 58 yafashwe ku ngufu n’umukwe we nyuma yo kuza kubakiza ubwo bari bari mu mirwano.Uyu mugabo uzwi ku izina rya Pathias Ngwata w’imyaka 33, ukomoka mu gace ka Mukutuma, yahise atabwa muri yombi na polisi nyuma yo gufatwa asambanya nyirabukwe ubwo yaraje guhosha amakimbirane. Uyu mukecuru […]
Rutshuru: Imirwano yakomeje nyuma y’aho M23 ifashe Gurupoma ya Bukombo
Kuri uyu wa Gatatu, imirwano yongeye kuba hagati y’inyeshyamba za M23 n’uinyeshyamba Nyatura ahitwa Katwiyovu, nyuma y’indi mirwano ikaze yabereye muri Gurupoma ya Bukombo-centre, yarangiye M23 ihafashe . Amakuru ahabera imirwano muri iki gice cya Teritwari ya Rutshuru avuga ko igice kinini cy’abaturage bahungiye i Nyanzale, Katsiru na Mashango. Hagati aho, Centre ya Bukombo ikomeje […]
Rayon Sports irakoza imitwe ku banyamahanga 3
Rayon Sports yamaze kumvikana n’abakinnyi bashya b’abanyamahanga bagomba kuyikinira mu mwaka utaha w’imikino, by’umwihariko mu mikino ya CAF Confederation Cup izahagarariramo u Rwanda. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda iheruka gutangaza umunya-Maroc Youssef Rharb wigeze kuyinyuramo nk’umukinnyi wayo mushya. Amakuru avuga ko uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko agomba kwiyongeraho abandi bakinnyi batatu b’abanyamahanga Rayon […]
Perezida Ebrahim Raisi wa Iran ari muri Uganda
Perezida Ebrahim Raisi wa Iran uri kugirira uruzinduko rw’amateka ku mugabane wa Afurika, kuri uyu wa Kabiri yasuye Uganda. Perezida Raisi wageze i Kampala akubutse i Nairobi muri Kenya aho yagiraniye ibiganiro na mugenzi we William Ruto, akigera i Entebbe yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ubufatanye bw’akarere, Okello Oryem. Ni mbere yo kwakirwa […]
Zari yavuze akaga yahuye nako abana be bakimenya ko agiye kurongorwa
Zari Hassan, usanzwe ari ikimenyabose biturutse ku bwiza n’ikimero agaragaza cyane cyane binyuze ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku rukuta rwe rwa Instagram, avuga ko abana be batumva ko yakora ubukwe n’umukunzi Shakib. Uyu mubyeyi w’imyaka 42, akaba na nyina w’abana batanu, yatangaje ko abana be babanje kutemera ubukwe bwe na Shakib, ariko, nyuma yo kumarana […]
EU iri gutegura ibihano ku biganjemo abofisiye ba FARDC
Komisiyo y’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) irateganya gufatira ibihano abasirikare n’abarwanyi batandukanye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo biganjemo abo mu ngabo z’iki gihugu. Ikinyamakuru Africa Intelligence gisobanura ko iyi gahunda iri gutegurwa nyuma y’ubusabe bw’ibihugu bitandukanye bigize EU birimo: u Buholandi, u Bubiligi n’u Budage, byashingiye kuri raporo y’Umuryango w’Abibumbye yasohotse mu kwezi gushize. Amazina […]
Rutshuru: M23 imechukua eneo la Bukombo tangu Jumanne
Tangu Jumanne, Julai 11, waasi wa M23 wamekalia eneo la Bukombo-kati, mji mkuu wa kundi lenye jina moja, eneo la Rutshuru (Kivu Kaskazini) . Wapiganaji hawa wanauzingira mkoa huu baada ya mapigano yaliyowakutanisha na vikundi vya wenyeji wenye silaha katika mkoa wa Bwito, haswa huko Bukombo. Vyanzo vya habari katika ukanda huo vinasema kuwa sehemu […]
Sudani: Abasivili bagera kuri 34 biciwe mu gitero cya bombe mu isoko
Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje kuri uyu wa Gatatu, ko byibuze abasivili 34 bahitanwe n’ibisasu byarashwe nta kurobanura mu isoko ryo mu mujyi wa Omdurman, mu burengerazuba bw’umurwa mukuru Khartoum . Minisiteri mu itangazo rigufi yavuze ko abana benshi bari mu bahohotewe. Ababibonye bavuga ko igitero cyabaye ku isaha ya saa mbiri za mu gitondo […]
Umukuru wa UN yasabye ko abishe umusirikare w’u Rwanda bahigwa bukware
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yasabye ko abagizi ba nabi baherutse kugaba igitero cyaguyemo umusirikare w’u Rwanda muri Repubulika ya Centrafrica bahigwa bukware. Nk’uko Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda ibisobanura, iki gitero cy’abitwaje intwaro cyagabwe ku basirikare bari ku burinzi hafi y’agace ka Sam-Ouandja, intara ya Haute-Kotto tariki ya 10 Nyakanga 2023. Guterres, nk’uko urubuga […]
Goma: Uhuru Kenyatta yasabye RDC gushyikirana na M23
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya, yongeye gusaba Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kujya mu biganiro n’umutwe wa M23. Kenyatta usanzwe ari umuhuza mu bibazo bya Congo yasabye Kinshasa kujya mu biganiro na M23, ubwo yari mu mujyi wa Goma aho yafunguye inama yiga kuri gahunda yo kurebera hamwe uko abarwanyi ba […]
UK: Theresa May abona kwirukana abimukira bizorohereza abacuruza abantu
Theresa May wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ntashyigikiye gahunda ya guverinoma yo kwirukana abimukira bageze muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko guhera muri Werurwe 2023, cyangwa kubohereza ku ngufu ahandi hantu. Ibi yabivuze ubwo mu ngoro y’inteko ishinga amategeko bajyaga impaka kuri iri tegeko riha guverinoma ububasha bwo kwirukana abimukira bose bageze mu Bwongereza […]
L’ONU condamne l’attaque qui a tuĂ© un casque bleu rwandais
Le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral des Nations unies, Antonio Guterres, a condamnĂ© une attaque contre la mission de l’ONU en RĂ©publique centrafricaine (MINUSCA) le lundi 10 juillet, au cours de laquelle un casque bleu rwandais a Ă©tĂ© tuĂ© . Une patrouille de la MINUSCA sur l’axe Sam-Ouandja-Ouadda, prĂ©fecture de la Haute-Kotto dans le nord-est de la RĂ©publique […]
“Nari narabyaye mbere yo kubana na Mutabazi”Kecapu avuga iby’undi mwana yari yarabyaye
Umukinnyikazi wa Cinema Mukazayire Nelly uzwi nka Kecapu muri Filime ya Bamenya,yabajijwe byinshi ku byajyaga bivugwa ko yabyaye umwana mbere yo gukora ubukwe.Uyu mubyeyi uherutse kwibaruka abana batatu bimpanga, yashyize umucyo ku byajyaga bivugwa inyuma y’amalido,ko yaba yari yarabyaye undi mwana mbere yo gushaka umugabo mu mwaka wa 2022. Kecapu yabajijwe ku makuru ko ngo […]
RDC ikomeje kumvisha u Bwongereza ko bukwiye kugira icyo bukorera u Rwanda
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) ikomeje gusobanurira iy’ubwami bw’u Bwongereza uburyo ikwiye gufatira ingamba u Rwanda. RDC isobanura ko ingabo z’u Rwanda ziri ku butaka bwayo, aho ngo zagiye gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 irimo kurwanira mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ubutegetsi bw’igihugu bwashimiye ibihugu bikomeye bitandukanye kuba “byarasabye u Rwanda […]
SADC yemeje igihe izoherereza muri RDC ingabo zo ‘kurandura burundu’ M23
Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko uteganya kuba wamaze kohereza Ingabo zawo muri RDC bitarenze ku wa 30 Nzeri, mu rwego rwo kurandura imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwaho. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga ni bwo abakuru b’ibihugu bya SADC bahuriye mu nama idasanzwe yigaga kuri Repubulika […]
Perezida wa Iran ari muri Kenya mu ruzinduko rwa mbere mu myaka 10 ishize ku mugabane
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yakiriwe na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, ubwo yatangiraga kuzenguruka ibihugu bitatu byo muri Afurika Tehran ivuga ko ari “intangiriro nshya” mu mibanire n’umugabane . Urugendo rwa Raisi muri Afurika, ruzanamujyana muri Uganda na Zimbabwe, ni urwa mbere rwa perezida wa Iran mu myaka irenga […]
Kaminuza ya Harvard igeze kure gahunda yo guha robot akazi ko kwigisha
Kaminuza ya Harvard irimo gutera intambwe mu myigire ya siyanse ya mudasobwa,aho rimwe mumasomo azwi cyane azigishwa n’umwarimu w’irobo(Robot).Iri koranabuhanga rizwi nka CS50, ni intangiriro yo kurwego rwo gutangiza code ikurura abanyeshuri ibihumbi buri mwaka, haba mumashuri ndetse no mu zindi nzego . Ikinyamakuru FirstPost gitangaza ko aya masomo azwiho gukoresha udushya twifashishije ibikoresho bya […]
Igisasu cyambukiranya imigabane cya Koreya ya Ruguru cyaguye hafi y’u Buyapani
Abayobozi b’u Buyapani na Koreya y’Epfo baravuga ko Koreya ya Ruguru yarashe misile bikekwa ko ari yo mu bwoko bwa misile zambukiranya imigabane, intercontinental ballistic missile (ICBM) ikagwa hafi y’u Buyapani . Iki gisasu kiraswa mu ntera ndende cyane cyagurutse mu gihe kirenga isaha imwe mbere yo kugwa mu mazi y’u Buyapani mu gitondo cyo […]