Maj. Gen. Alex Kagame yamaze gusimbura Nkubito muri Cabo Delgado

Major General Alex Kagame uherutse guhabwa inshingano yo kuyobora ingabo z’u Rwanda z’iza Mozambique zihuriye mu bikorwa byo kurwanya ibikorwa by’iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado, yamaze gusimbura Maj. Gen. Nkubito Eugène. Nk’uko Minisiteri y’ingabo yabisobanuye, Maj. Gen. Kagame wajyanye n’abasirikare bagiye gusimbura abari bamazeyo igihe, yasobanuriwe na Nkubito ibikorwa bitandukanye by’izi ngabo, amugeza mu […]

Burundi: Inyeshyamba 6 z’Abanyarwanda zishwe

Ingabo z’u Burundi zishe inyeshyamba 6 z’Abanyarwanda ziba mu mutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, izindi zikomereka bikomeye. Imirwano yabereye mu gace ka Kivogero, komini Mabayi mu ntara ya Cibitoke, ahagana mu ishyamba cyimeza rya Kibira mu ijoro ryo kuri uyu wa 3 rishyira uwa 4 Kanama 2023. Umuturage wo muri Mabayi, […]

Mukeba wa Putin yongerewe imyaka 19 y’igifungo

Ubutabera bwo mu gihugu cy’u Burusiya kuri uyu wa Gatanu bwongereye imyaka 19 y’igifungo umunyapolitiki Alexei Navalny utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladimir Putin. Uyu mugabo w’imyaka 47 y’amavuko yari asanzwe ari muri gereza, nyuma yo guhamywa icyaha cy’uburiganya n’ibindi byaha byatumye akatirwa imyaka irenga 11 y’igifungo Nyirubwite n’abamushyigikiye bavuga ko ibyaha yahamijwe ari ibihimbano. […]

Umugore yahengereye umugabo we agiye ku kazi agurisha umwana wabo ibihumbi 20Ksh

Umugabo wo muri Kenya yatanze ikirego mu rukiko rwa Thika Law nyuma y’uko umugore we agurishije umuhungu wabo w’umwaka umwe ku mashilingi Ksh20.000 i Nairobi.Uyu mugabo yavuze ko yagiye ku kazi mu gitondo ariko agarutse, umugore we atari hafi,nyuma aza guhamagarwa abwirwa ko umwana wabo ari mu bitaro. Ntiyahise yemera aya makuru kubera ko umwana […]

Ethiopia yatangaza hali ya hatari katika eneo la Amhara ili kudhibiti ghasia

Ethiopia ilitangaza hali ya hatari kudhibiti ghasia zinazozidi kuongezeka katika eneo la Amhara, eneo la pili kwa ukubwa la utawala katika taifa hilo. Tangazo la Baraza la Mawaziri nchini Ethiopia lilikuja siku ya Ijumaa kufuatia siku za mapigano makali ambayo yamesababisha wasiwasi na ukosefu wa utulivu katika eneo hilo. Eneo la Amhara, linalojulikana kwa utajiri […]

Ama G yasobanuye impamvu atagiye gusezera ku nshuti ye Junior Multisystem

Umuhanzi Ama G The Black yasobanuye impamvu atagiye mu mugoroba wo kuzirikana inshuti ye iherutse gupfa, yari isanzwe ari umuhanga mu gutunganya umuziki, Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem. Junior yapfiriye mu bitaro bya Nyarugenge ku mugoroba wa tariki ya 27 Nyakanga 2023, azize uburwayi yari amaranye igihe, bwakomoka ku mpanuka yakoze mu mwaka […]

Cardi B yemerewe kwidegembya

Nyuma y’uko umuraperikazi Cardi B akubita umufana microphone ubwo yari mu gitaramo cyabereye i Las Vegas akaza gutabwa muri yombi, Polisi yo muri iyi Leta yemeje ko atagomba gufungwa. Polisi ivuga ko ikimara kubona nta bimenyetso byashingirwaho no kugisha inama urukiko yasanze uyu muhanzikazi nta mpamvu yatuma acibwa amande cyangwa ngo afungwe.Drew Findling, David Chesnoff […]

Ku cyumweru hari cyamunara y’imodoka ku Kacyiru

whatsapp_image_2023-08-04_at_8.33_18_am_1_-2.jpg

OVERPUBRO COSMOS LTD, iramenyesha abantu bose ko ku cyumweru tariki ya 06/08/2023 ,saa tanu zuzuye (11:00) , munsi ya KBC iruhande rwa COCO BEAN, hazagurishwa imodoka zo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser 2003 na Toyota Pickup 2013 zo muri Company CICO. Gusura izi modoka ni uguhera kuwa kane taliki ya 06/08/2023 ari nawo munsi […]

Rayon Sports yaguze rutahizamu w’umunya-Sudani

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu w’umunya-Sudani, Eid Mugadam Abakar Mugadam. Uyu mukinnyi usatira izamu aciye ku ruhande rw’iburyo yari asanzwe akinira Al Hilal Omdurman y’iwabo. Rayon Sports yamusinyishije amasezerano y’umwaka umwe. Iyi kipe yamurarikiye abafana bayo kuri uyu wa Gatandatu, ubwo izaba yereka abakunzi bayo abakinnyi izifashisha mu mwaka utaha w’imikino, mu birori […]

Goma: Minisitiri w’ingabo na mugenzi we wa Kenya mu biganiro ku bufatanye mu bya gisirikare

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 04 Kanama 2023, Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba, yageze i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho yahahuriye na mugenzi we wa Kenya, Aden Barre Duale, ngo baganire bibazo bifitanye isano n’ubutwererane hagati y’ibihugu byombi. Ubwo bufatanye hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya […]

Ntidusinde ngo twibagirwe ubumwe bw’Abanyarwanda: Minisitiri Musafiri

Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, yabwiye Abanyarwanda ko mu gihe bizihiza umunsi w’umuganura, badakwiye gusinda ngo bibagirwe ubumwe bwabo. Uyu muyobozi wari umushyitsi mukuru mu birori byo kwizihiza uyu munsi byabereye mu karere ka Rutsiro ku rwego rw’igihugu, kuri uyu wa 4 Kanama 2023, yamenyesheje Abanyarwanda ko kwizihiza umuganura bigamije kugira ngo barusheho kunga […]

Sheebah na Cindy Sanyu bambikanye ubusa mu ntambara y’ubutita

Umuhanzikazi w’umugande Cindy Sanyu na Sheebah Karungi bakomeje kurebana ay’ingwe nyuma y’uko umwe akomeje gushinja undi kumuzukiraho mu muziki akoresheje itangazamakuru. Bijya gutangira Sheebah ngo yatangaje ko n’ubwo Cindy amaze igihe mu muziki nta kintu gihambaye yagezeho, ahubwo ngo umuziki we wagiye ukura nk’isabune.Mu kumusubiza Cindy yahise avuga ko uyu muhanzikazi ari igicucu kuko nta […]

Niger yacanye umubano n’ibihugu 4, birimo 2 by’ibihangange

Ubutegetsi bwa gisirikare muri Niger bwacanye umubano n’ibihugu bine, nyuma yo kwivanga muri Politiki y’imbere muri iki gihugu. Ni nyuma y’icyumweru muri iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika habaye Coup d’à‰tat yasize Mohamed Bazoum wari Perezida wacyo ahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo mu mutwe wari ushinzwe kumurinda. Kuri ubu ibihugu bitandukanye birimo ibyo mu […]

Abasirikare 2 ba Amerika bafashwe baha u Bushinwa amakuru y’ibanga y’ubwirinzi

Kuri uyu wa Kane ushize, abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuze ko abasirikare babiri bo mu gisirikare kirwanira mu mazi ba Amerika batawe muri yombi bakurikiranweho guha amabanga y’umutekano y’igihugu u Bushinwa. Abayobozi bavuga ko Petty Officer (ipeti wagereranya na Sergeant mu gisirikare gisanzwe), Wenheng Zhao, ufite imyaka 26, ashinjwa ubugambanyi no kwakira […]

Masisi: Ingabo za EAC zongeye gukezwa nyuma yo gufungura umuhanda wari wafunzwe na Wazalendo

Abaturage bo muri Teritwari ya Masisi, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bongeye kugarurira icyizere ingabo za EAC zaturutse mu Burundi nyuma yo gufungura kuri uyu wa Kane umuhanda Kaluba-Sake wari wafunzwe n’inyeshyamba za Wazalendo zigatangira kubasoresha no kubambura. Uyu muhanda wari wafungiwe mu birometero bigera kuri 36 uvuye mu Mujyi wa Goma, […]

AfroBasket: Ku Rwanda, gutsinda Nigeria byasaga no kwikorera umusozi

Abakinnyi b’ikipe ya Nigeria bari 'nta makemwa'

Mu irushanwa rya FIFA Women’s AfroBasket riri kubera i Kigali guhera tariki ya 28 Nyakanga 2023, ikipe y’u Rwanda y’abagore yaraye itsinzwe n’iya Nigeria amanita 79 kuri 48, ibura amahirwe yo gukina umukino wa nyuma (final), isigarana ayo guhatanira umwanya wa gatatu. Ikipe ya Nigeria yarushije iy’u Rwanda kuva umukino utangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba […]

Impamvu nyamukuru zituma imibonano yo hanze iryoha kuruta iyo mu rugo

Iyo uganiriye na bamwe mu bantu bashakanye bakagerageza no kubaca inyuma,usanga bahuriza ku kintu kimwe cyo kuba imibonano mpuzabitsina ikorewe hanze y’urugo(guca inyuma) biryoha kuruta mu rugo.Aha iyo tuvuze ko biryoha tuba tugarutse ku mpande zose haba ku mugore cyangwa umugabo wabikoze. Impamvu biryoha, si uko uwo hanze aba yabikoze neza kuruta uwo mu rugo, […]

USA: Donald Trump yitabye urukiko ahakana icyaha akurikiranweho

Kuri uyu wa Kane, itariki 3 Kanama 2023, Donald Trump yahakanye icyaha ashinjwa cyo kuba yarateguye umugambi wo kugerageza guhindura ibyavuye mu matora yo mu 2020 yatsinzwe mu byo abashinjacyaha bo muri Amerika bise ibintu bitari byarigeze bibaho byakozwe n’uwari perezida w’icyo gihe kugira ngo yangize inkingi za demokarasi y’Abanyamerika. Umushinjacyaha, Jack Smith, wahagarikiye iperereza, […]

Drones za Ukraine zagabye igitero ku birindiro by’ingabo zo mu mazi z’u Burusiya

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yavuze ko drones zo mu mazi za Ukraine zagabye igitero ku birindiro by’ingabo zo mu mazi z’u Burusiya hafi y’icyambu cya Novorossiysk, ihuriro rikuru ry’ibicuruzwa u Burusiya bwohereza hanze, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu kandi ngo izo drones zangijwe n’amato y’intambara y’u Burusiya. Iki gitero cyatumye icyambu cya Novorossiysk […]

Niger: Bazoum wakuwe ku butegetsi yatakambiye USA ngo imusubizeho

Mohamed Bazoum uherutse gukurwa ku butegetsi n’abasirikare ba Niger yatakambiye Leta zunze ubumwe za Amerika n’andi mahanga ngo bimusubize ku nshingano yatorewe. Bazoum, mu nyandiko ye yatangajwe n’ikinyamakuru Washington Post kuri uyu wa 3 Kanama 2023, yavuze ko abasirikare bamukuye ku butegetsi bagabye igitero kuri demukarasi, kandi ko bari kumuhohotera kimwe nk’abandi baturage babarirwa mu […]