Perezida Kagame yahuye na ba Jenerali baheruka gusezererwa muri RDF

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu yahuye n’abasirikare bo ku rwego rwa ba Jenerali ndetse na ba Ofisiye bakuru baheruka gusezererwa mu ngabo z’u Rwanda. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko yabashimiye ku bw’akazi bakoreye igihugu. Abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru na bo bashimiye Perezida Paul Kagame ku bw’imiyoborere ye, […]

Rayon Sports yikuye mu nzara z’Amagaju yiyushye akuya

Ikipe ya Rayon Sports yongeye gutakaza amanota abiri muri shampiyona, nyuma yo kugwa miswi n’Amagaju igitego 1-1. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda yari yakiriye Amagaju y’i Nyamagabe kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino ufungura umunsi wa gatatu wa shampiyona. Ni umukino waranzwe no gusatirana gukomeye hagati y’amakipe yombi. Igice cya mbere cy’umukino cyarangiye […]

Impamvu Amerika yafatiye ibihano Brig Gen Nyamvumba mu mboni za P. Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye Brig Gen Andrew Nyamvumba wo mu ngabo z’u Rwanda biri mu rwego rwo gushimisha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu kwezi gushize ni bwo Amerika yafatiye ibihano Brig Gen Nyamvumba n’abandi bantu batanu, ibashinja kwenyegeza amakimbirane mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. […]

Le ministre britannique à  Kigali pour lancer des projets de développement

M. Andrew Mitchell, ministre britannique des Affaires étrangères, du Commonwealth et du Développement (FCDO) pour l’Afrique, est arrivé au Rwanda en visite officielle de trois jours alors que les relations bilatérales entre le Royaume-Uni et le Rwanda restent solides en raison du partenariat migratoire controversé existant qui verra le transfert des immigrants illégaux expulsés. au […]

Umwana w’Ingagi miss Kalimpinya yise izina amaze iminsi 5 avutse

Queen Kalimpinya ari mu bitabiriye umuhango wo kwita izina abana b’Ingagi, mu birori byabaye kuri uyu wa Gatanu taliki ya 1 Nzeri 2023. Abana b’ingagi bahawe amazina ni abo mu miryango ya Muhoza, Mutobo, Hirwa, Pablo, Ntambara, Dushishoze, Segasira, Isimbi, Musirikare, Kwitonda, Igisha , Sabyinyo na Agashya. Kalimpinya ni Umunyarwanda wa gatatu wari watangajwe ku […]

M23 yiyemeje kurinda abaturage n’ibyabo nyuma y’iyicwa ry’abakabakaba 100 i Goma

f47gnujwgaadlxy.jpg

Umutwe wa M23 witeguye kurinda abaturage n’ibyabo nyuma y’ubwicanyi buherutse gukorerwa abaturage bari mu myigaragambyo yo kwamagana Monusco mu Mujyi wa Goma kuwa 30 Kanama 2023, bukozwe n’igisirikare cya leta n’abafatanyabikorwa bacyo barimo FDLR, abacanshuri n’abandi bitwaje intwaro nk’uko bigaragara mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa 1 Nzeri 2023. Nk’uko bigaragara muri iri tangazo […]

Kevin Hart ‘azashakira’ ingagi telefone n’icyemezo cy’amavuko

Umunyamerika wamamaye ku rwego mpuzamahanga mu mwuga w’urwenya, Kevin Hart, yatangaje ko azashakira ingagi ye telefone, icyemezo cy’amavuko na konte ya imeyili (email). Ibi yabivuze ubwo yitaga ingagi ikomoka mu muryango wa Muhoza izina rya ‘Gakondo’, mu muhango wo kwita izina abana b’ingagi uri kubera mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze kuri uyu […]

I Goma: Abacanshuro baravugwa mu bwicanyi bw’abaturage bigaragambyaga

Abacancuro b’abanya-Roumanie boherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baravugwa mu bwicanyi buheruka gukorerwa mu mujyi wa Goma. Ni ubwicanyi bwabaye ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2023. Leta ya Congo Kinshasa yemera ko hari abaturage 43 baguye muri iriya myigaragambyo, na ho ababarirwa muri 56 bayikomerekeramo. Imibare y’abaguye muri iyi myigaragambyo cyakora ntivugwaho […]

Rutahizamu umaze igihe yifuzwa n’Amavubi mu muryango winjira muri Premier league

Rutahizamu Mike Trésor Ndayishimiye, yatangiye gukora ikizamini cy’ubuzima mu kipe ya Burnley yo mu Bwongereza. Mike Trésor Ndayishimiye umaze igihe yifuzwa n’Amavubi y’u Rwanda, akomoka ku babyeyi barimo Umurundi n’Umunyarwanda. Uyu rutahizamu w’imyaka 24 y’amavuko, mu mwaka ushize w’imikino yatowe nk’umukinnyi mwiza waranze shampiyona y’u Bubiligi. Ni nyuma yo gutsindira Genk yakiniraga ibitego umunani ndetse […]

A.U yahagaritse Gabon mu muryango nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi

Kuri uyu wa Kane, itariki 31 Kanama, Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wahagaritse igihugu cya Gabon mu banyamuryango nyuma y’umunsi umwe abasirikari bahiritse Perezida Ali Bongo. Iri hirikwa ry’ubutegetsi ryarangije ingoma y’umuryango wa Bongo umaze imyaka hafi mirongo itandatu ku butegetsi kandi rizana urundi rujijo mu karere kugarijwe n’ihirika ry’ubutegetsi rya hato na hato Perezida […]

Jomba: M23 yahaye abaturage imfashanyo

Abofisiye ba M23 inyuma y'ikamyo yajyanye ibi biryamirwa muri Jomba

Umutwe witwaje intwaro wa M23 yashyikirije ivuriro muri gurupoma ya Jomba, teritwari ya Rutshuru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) imfashanyo yiganjemo ibiryamirwa (matelas) n’amashuka bigenewe abaturage bivurizayo. Ni igikorwa cyayobowe n’abayobozi batandukanye b’uyu mutwe ku rwego rwa gisirikare barimo: Colonel Séraphin Mirindi, Colonel Julien Mahano n’Umuvugizi wawo, Major Willy Ngoma, kuri uyu wa […]

Kuva kuri uyu wa Gatanu ubucuruzi bujyanye no kwidagadura burahindura isura

Mu ntangiro z’ukwezi kwa Kanama uyu mwaka wa 2023, nibwo inama y’Abaminisitiri yanzuye ko kuva taliki ya 1 Nzeri amasaha y’ahokorerwa ibikorwa by’ubucuruzi bujyanye no kwidagadura azahinduka. Aya mabwiriza mashya arebana n’ibikorwa by’imyidagaduro,avuga ko mu minsi isanzwe ahakorerwa ubucuruzi bw’imyidagaduro hazajya hafunga ibikorwa byaho kuva saa saba (01:00) naho mu mpera z’icyumweru (Kuwa Gatandatu no […]

Afurika y’Epfo: Umucamanza yasanze nta kiri muri dosiye isaba kohereza Kayishema i Arusha

Ibibazo bikomeje kwiyongera ku Munyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, Fulgence Kayishema, nyuma y’aho we n’umuryango we bamenyeshejwe ko bashobora no gutakaza kurindwa nk’impunzi muri Afurika y’Epfo, ariko ku kijyanye no kumwohereza Arusha kuburana ku byaha bya jenoside, umucamanza yasanze usibye impapuro zo kumuta muri yombi nta kintu kiri muri dosiye yashyikirijwe. Kuri uyu […]

Fille Mutoni uvugwaho kwanduzwa SIDA na MC Kats yanenze Sheila Gashumba

Sheila akomeje kuvugisha benshi

Umuhanzi Fille Mutoni yatangaje wigeze kuvugwaho kwanduzwa HIV/SIDA na MC Kats yanenze Sheila Gashumba nyuma y’uko hasakaye amashusho ye y’urukozasoni yifashe arikumwe n’umukunzi we. Uyu muhanzikazi Fille yeruye ko atazigera asangira amashusho yihariye n’uwahoze ari umukunzi we Edwin Katamba, uzwi kandi ku izina rya MC Kats ashimangira ko bitiyubashye. Yagize ati” Ntabwo nigeze noherereza ibintu […]

Ifungwa rya Irangabiye rituma Perezida Ndayishimiye atizerwa: Carina Tertsakian

Carina Tertsakian ukorera mu mushinga wa Burundi Human Rights Initiative uteza imbere uburenganzira bw’ikiremwamuntu aremeza ko ifungwa ry’umunyamakuru Floriane Irangabiye rituma amagambo Perezida Evariste Ndayishimiye avuga atizerwa. Ibi yabivuze yibutsa ko Irangabiye amaze umwaka afunzwe, azira umwuga yakoraga mu buryo butashimishaga ubutegetsi. Ati: “Perezida Evariste Ndayishimiye agomba kuba azi ifungwa rya Floriane Irangabiye ariko yanze […]

U Bwongereza buzanye indi mishinga mu Rwanda

Guverinoma y’u Bwongereza kuri uyu wa 31 Kanama 2023 yatangaje ko igiye gufungura indi mishinga mu Rwanda irimo uwo gufasha abakobwa kwiga, binyuze muri gahunda yitwa GIRL (Girls In Rwanda Learn). Mu izina ry’u Bwongereza, aya masezerano arashyirwaho umukono na Minisitiri wabwo ushinzwe iterambere na Afurika, Andrew Mitchell uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu i Kigali […]

Goma: Umubare w’abo RDC yemera ko FARDC yiciye mu myigaragambyo ukomeje gutumbagira

Abantu 43 ni bo Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ivuga ko baguye mu myigaragambyo ikomeye iheruka kubera mu mujyi wa Goma. Ni imyigaragambyo yabaye ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2023. Iyi myigaragambyo yari yateguwe n’abantu batandukanye barimo abo mu miryango y’abihaye Imana irimo uzwi nka ‘La Foi Naturelle Judaà¯que Messianique vers […]