U Rwanda rwungutse abapolisi kabuhariwe barenga 200 (Amafoto)

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Kane yungutse abapolisi bashya kabuhariwe, nyuma yo gusoza amahugurwa y’ibanze y’Ibikorwa byihariye bya Polisi (Basic Special Forces Course). Ni amahugurwa bari bamaze icyenda bakorera mu kigo cya Polisi gitangirwamo amahugurwa yo kurwanya iterabwoba giherereye mu murenge wa Mayange w’akarere ka Bugesera. Abapolisi 228 ni bo bari bitabiriye ariya mahugurwa. […]
U Burusiya bwirukanye abadipolomate ba Amerika bubashinja kuba intasi
U Burusiya kuri uyu wa Kane bwatangaje ko bwirukanye ku butaka bwabwo abakozi babiri bakoraga muri Ambasade ya Amerika i Moscow, nyuma yo kubakekaho kuba intasi. Abirukanwe bashinjwa kugira imikoranire na Robert Shonov, Umurusiya wahoze akora muri Consulate ya Amerika i Vladivostok ushinjwa n’igihugu cye kuba intasi ya Amerika. Uyu Moscow imushinja kuba yarahaga abadipolomate […]
EU yemereye Mozambique ibikoresho byo kuyifasha gutsinsura ibyihebe
Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi watangaje ko uteganya guha Mozambique inkunga y’ibikoresho, mu rwego rwo kuyifasha kurwanya iterabwoba. Byatangajwe n’umunya-Portugal commodore Rogério Brito uheruka gusoza inshingano ze nk’umuyobozi w’Ingabo za Portugal zagiye guha imyitozo iza Mozambique zo mu mutwe ushinzwe gutabara aho rukomeye watangiye gukora mu cyumweru gishize. Ni imyitozo yatanzwe biciye mu itsinda ry’u Burayi […]
Mfumo wa ulinzi wa anga wa Urusi uliharibiwa huko Crimea
Ukraine inasema kuwa imeharibu mfumo wa kisasa wa ulinzi wa anga wa Urusi katika eneo linalokaliwa la Crimea. Kikosi cha usalama cha Kyiv (SBU) na jeshi la wanamaji walifanya shambulio kwenye kituo cha Urusi karibu na Yevpatoriya kwa kutumia makombora na ndege zisizo na rubani, chanzo cha kijasusi cha Ukraine kiliiambia BBC. Picha za video […]
Prince Kid sera de retour au tribunal vendredi
La Haute Cour de Nyamirambo reprendra vendredi 15 septembre l’audience dans l’affaire Dieudonné Ishimwe, plus connu sous le nom de Prince Kid. Ishimwe, directeur général de Rwanda Inspiration Back Up et ancien organisateur du concours de beauté Miss Rwanda, est empà ªtré dans une bataille juridique depuis 2022 lorsqu’il a été arrà ªté et accusé de sollicitation […]
Paris: Perezida Macron yatunguye abitabiriye inama yiga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yitabiriye nk’umushyitsi utunguranye inama mpuzamahanga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibera i Paris yateguwe n’umushakashatsi Vincent Duclert. Ngo yari surprise y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Nzeri 2013 ubwo Perezida Macron yinjiraga mu cyumba cyabereye muri iyi ma ayahawe insanganyamatsiko igira iti “Savoirs, sources et ressources sur […]
P Fla utagikoma yaba yarasubiye ku biyobyabwenge?

Hakizimana Amani uzwi nka P Fla amaze igihe kirenga amezi atatu atigaragaza cyane mu bitangazamakuru nk’uko byari bimeze mu minsi ishize aho kumubona kugeza ubu bigoye bityo hakibazwa icyo arimo gukora. Uyu mugabo wamenyekanye cyane mu ndirimbo za kunzwe nka Ntuzankinishe, Ntibishoboka nizindi nyinshi zitandukanye, akaba yaranabaye mu insinda rya Taff Geng hamwe na Bull […]
FDA yasabwe guhagurukira abacuruza imiti ivura ‘indwara zananiranye’
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gusuzuma ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa (FDA) cyasabwe guhagurukira abacuruza imiti bita ko ivura indwara zananiranye mu masoko atandukanye. Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 yagaragarije iki kigo ko hari imiti itemewe ikomeje gucuruzwa mu masoko atandukanye, bityo ko ikwiye gukora ubukangurambaga […]
Ubuyobozi burasezeranya kurwanya inzara igitembera mu mudugudu wa Rugabano
Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi burizeza ko bukemura byihuse ikibazo cy’inzara cyugarije bamwe mu batuye mu mudugudu w’icyitegererezo wa Rugabano, bimuwe n’ubuhinzi bw’icyayi. Abatuye muri uyu mudugudu baganirije radiyo Ijwi rya Amerika batangaje ko bisa n’aho ntacyo bibamariye kuba baratujwe mu nzu nziza ariko ntibagire ubutaka bwo guhinga, kuko ngo inzara ntiboroheye. Bosenibo Sylvere ufite imyaka […]
Sudani: Intumwa idasanzwe ya Loni yeguye nyuma yo guhambirizwa
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani, Volker Perthes, yatangaje ko yeguye kuri uyu wa Gatatu nyuma y’uko guverinoma ya gisirikare iyoboye igihugu imutangarije ko atagikenewe ” persona non grata ” ku butaka bwabo muri Nyakanga. Perthes yabwiye akanama gashinzwe umutekano ati: ” Ndashimira umunyamabanga mukuru kuri ayo mahirwe no kunyizera, ariko namusabye kunsimbura kuri izi […]
Vumilia wakiniye Amavubi yapfuye ari kubyara
Vumilia Aline wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda ndetse n’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ y’abari n’abategarugori, yapfuye ari kubyara. Inkuru y’urupfu rwa Nyakwigendera usanzwe ari mushiki wa Mwemere Ngirincuti ‘Sebanani’ na we wakiniye Amavubi y’u Rwanda, yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Nzeri. Vumilia Aline amakuru avuga ko yaguye muri Repubulika Iharanira […]
Rutshuru: Isasu riravuza ubuhuha hagati ya M23 n’inyeshyamba za CMC-FDP muri Tongo
Kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu muri Teritwari ya Rutshuru haravugwa imirwano yakomeje mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, hagati y’inyeshyamba za M23 ndetse n’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu kiswe CMC-FDP muri Teritwari ya Tongo. Amakuru aturuka muri iki gice aravuga ko inyeshyamba za M23 zagerageje gushinga ibirindiro bishya mu bice bya […]
Ibya Rema na Selena Gomez bikomeje kuzamo amacenga
Umuhanzi Divine Ikubor uzwi nka Rema , ibye na Selena Gomez bikomeje kuba amacenga nyuma y’uko akunze kuba hafi y’uyu muhanzikazi ndetse abenshi bakaba babona ko bakundanana. Iby’urukundo rw’aba bombi byaciye amarenga kuri uyu wa kabiri, ubwo Rema indirimbo ‘Calm down’ yasubiranyemo na Selena Gomez yatwaraga igihembo cy’indirimbo nziza ikozwe mu njyana ya ‘Afrobeat’. Aha […]
Hari abandikirwa imiti y’uburwayi bwo mu mutwe nta nyandiko zihamya ko babufite

Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) babajije Minisiteri y’ubuzima n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) impamvu hari abantu amavuriro yandikira imiti y’uburwayi bwo mu mutwe kandi nta nyandiko zihamya ko babufite. Iki kibazo PAC yakibajije abayobozi bari bahagarariye iyi Minisiteri ubwo kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 babazwaga ku mikoreshereze mibi y’umutungo […]
Mexique: Abadepite beretswe ibisigazwa bya Aliens ubwo humvwaga ubuhamya kuri ibi biremwa

Abadepite bo muri Mexique bumvise ubuhamya buvuga ko “tutari twenyine (ikiremwamuntu)” mu isanzure kandi babonye ibisigazwa bivugwa ko atari iby’ibiremwamuntu muri dosiye idasanzwe yaranze iperereza rya mbere ry’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu cyo muri Amerika y’Epfo kuri UFOs (Ibintu byagaragaye mu kirere bitazwi). Mu kumva ubuhamya kuri uyu wa Kabiri ushize kuri ibi bintu bidasanzwe […]
Amezi 6 arihiritse umurambo wa Lokassa Lokassa ya Mbongo warabuze gishyingurwa
Nyuma y’amezi atandatu umucuranzi w’umunye-Congo Lokassa ya Mbongo apfuye, umurambo we kugeza ubu ntabwo urashyingurwa. Ku wa 15 Werurwe ni bwo uyu mukambwe wari umucuranzi w’ikimenyabose yapfuye aguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umurambo we muri Mata ni bwo wajyanwe i Kinshasa aho kugeza ubu ukibarizwa. Denis Lokassa Kasiya, amazina ye nyakuri, yari mu […]
Umugabo wibye imbogo ebyiri yatawe muri yombi
Polisi yo mu majyepfo y’Ubuhinde ya Karnataka yataye muri yombi umusaza w’imyaka 78 washinjwaga kwiba imbogo mu mwaka 1965.Ganapati Vitthal Wagore yiba iyo mbogo yari afite imyaka 20 ubwo yafatwaga bwa mbere mu myaka 58 ishize azira ubujura, hamwe n’undi mugabo. Polisi yavuze ko yabanje kurekurwa by’agateganyo ariko aburirwa irengero nyuma ntibashobora kuboneka. Gusa mugenzi […]
Rulindo: Baravuga ko barembejwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo
Mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro, ho mu Karere ka Rulindo, abaturage baravuga ko bahangayikishijwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo mu gihe nta n’irondo riba muri ako gace, mu gihe ubuyobozi bw’umurenge bwo buvuga ko iki kibazo kidakabije ariko ku bufatanye n’inzego z’umutekano bugiye gushyira imbaraga mu kugikemura. Abaturage bavuga ko ibyo bituma n’abafite […]
Congo Airways iri gushaka uwayikodesha indege kugira ngo isubukure ingendo
Sosiyete y’indege ya Congo Airways yatangaje ko iri gushaka uko yakodesha indege ebyiri byihuse, kugira ngo yongere gusubukura ingendo zayo imaze iminsi yarasubitse. Byatangajwe na Marc Ekila Likombio uyiyobora, ubwo ejo ku wa Gatatu yahuraga na Minisitiri w’Intebe wa RDC, Jean-Michel Sama Lukonde. Likombio yagize ati: “Turizera ko igisubizo kiboneka byihuse kugira ngo sosiyete yongere […]
Ibihugu 10 bya Afurika, aho ibikomoka kuri peteroli bihenze kurusha ahandi
Kuva mu ntangiriro za Kanama 2023, mu bihugu byinshi bya Afurika haranzwe n’izamuka ridasanzwe ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli (lisansi na mazutu). Mu Rwanda ho, urwego rw’igihugu ngenzuramikorere (RURA) rwazamuye lisansi gusa, ruyivana ku mafaranga (Frw) 1517 kuri litiro, ruyigeze ku 1639 (idolari 1.365). Mazutu yo yagumye kuri Frw 1492 (idolari 1.243). Dr Nsabimana Ernest wari […]
Ingendo z’ishyaka rya Bobi Wine muri Uganda zahagaritswe
Polisi ya Uganda yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo ingendo z’ishyaka NUP (National Unity Platform) riyoborwa na Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine, nyuma y’aho bigaragaye ko ryarenze ku mabwiriza yari yararihaye. Bobi Wine n’abandi bayobozi bakuru bo muri NUP bamaze iminsi bazenguruka mu bice bitandukanye bya Uganda, binjiza abanyamuryango bashya ndetse bafungura ibiro […]
Rayon Sports yakoreye imyitozo muri Libya yitegura gutaha i Kigali
Rayon Sports ku mugoroba wo ku wa Gatatu yakoreye imyitozo ya mbere i Benghazi muri Libya, mbere yo kuhahagaruka iza i Kigali. Ku wa Gatanu ni bwo Gikundiro yagombaga gukina na Al Hilal Benghazi yo muri Libya, gusa birangira uwo mukino wa CAF Confederation Cup usubitswe kubera imyuzure yibasiye Libya ugahitana ababarirwa mu bihumbi. Imyitozo […]
Inyamaswa 5 zishobora kwica intare ugereranyije n’izindi
Intare rwabwiga, usanga ziba mu ishyamba bikaba binazwi ko arizo mwami w’ishyamba ariko burya hari inyamaswa zijya zizihiga kuburyo iyo ziziciye urwaho zishobora kuzica. Muri izo nyamaswa zishobora guhiga intare harimo; 1.Impyisi Iyi nyamaswa isanzwe izwiho kugira ubwoba ku bantu ariko iyo bigeze ku ntare birahonduka kuko zishobora kuyiteraniraho zikayica. 2.Ingona Ingona iyo igize amahirwe […]
Niger: Amerika yatangiye kwimura ingabo zayo izivana mu birindiro by’i Niamey
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye kwimura bamwe mu basirikare bazo bari mu birindiro biri mu murwa mukuru wa Repubulika ya Niger, Niamey, bimurirwa mu karere ka Agadez nk’uko byatangajwe na Pentagon. Kwimura abasirikare bije mu gihe Burkina Faso, umuturanyi wo mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Niger akaba n’umwe mu bashyigikiye byimazeyo abahiritse ubutegetsi, yohereza imitwe […]