Cristiano Ronaldo yanyomoje umusifuzi wari wemeje ko yakoreweho penaliti y’igihuha

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo yakoze ibitari bimenyerewe, ubwo yabuzaga umusifuzi kumuha penaliti nyamara yari yemeje ko yakoreweho ikosa mu rubuga rw’amahina. Hari mu mukino wa Champions league yo muri Aziya ikipe ye ya Al Nassr yahuriragamo na Persepolis yo muri Iran. Ubwo umukino wari ugeze ku munota wa kabiri w’umukino Cristiano Ronaldo yaguye mu rubuga rw’amahina […]

Rubavu: Ubukerarugendo bukorerwa ku mucanga w’Ikivu bugiye kuza mu isura nshya

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwatangaje ko buteganya kuvugurura no kunoza serivisi abatemberera ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu bakenera, mu rwego rwo kubafasha kurushaho kuryoherwa. Ubuyobozi bw’aka karere bwabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo, ubwo bwagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru. Ni ikiganiro cyabereye ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, kamwe mu duce tugendererwa n’abantu b’ingeri zitandukanye mu […]

Tory splits deepen as Sunak’s plan to sign Rwanda treaty hit by delay

Rishi Sunak’s attempts to save his flagship asylum plan have been dealt a fresh blow after it emerged Rwanda is refusing to sign a treaty that includes British involvement in its legal system. The Prime Minister made upgrading the Rwanda deportation deal to a formal treaty the first key stage in his plan to save […]

Les rebelles du M23 avancent vers Sake, Goma

Les rebelles du M23 ont intensifiĂ© leurs attaques contre les unitĂ©s militaires congolaises près de la ville stratĂ©gique de Sake, dans le territoire de Masisi, dans ce qui semble Ă ÂŞtre une tentative de s’emparer de la ville de Goma, dans la partie orientale du pays riche en minerais. D’intenses combats ont repris dimanche à  Kilolirwe, […]

Uganda:Padiri wari umwe mu bakunzwe yishwe n’impanuka

Kiliziya Gatolika muri Uganda, iri mu marira nyuma y’urupfu rutunguranye rwa nyiricyubahiro Fr. Dr. Lawrence Yawe Mudduse wabaye umupadiri muri paruwasi ya Kiyinda Mityana ndetse akaba n’umwarimu wa tewologiya muri Seminari Nkuru ya Mutagatifu Pawulo Kinyamatsika i Port Port. Iyi mpanuka yabaye mu gihe uyu mupadiri yari avuye mu birori byo kwibuka byabereye i Mityana, […]

RDC: Urujijo ku rusaku rw’amasasu yumvikanye hafi y’Ikigo cya gisirikare

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere mu ma saa yine, muri Centre ya Rutshuru humvikanye urusaku rw’amasasu rwateje urujijo mu bahatuye, aho bamwe bakeka ko rwaba rwavugiye mu kigo cya gisirikare kihegereye abandi bakemeza ko ari M23 irimo gutoza abarwanyi ba yo. Nk’uko amakuru agera ku rubuga Kivumorningpost avuga, urujijo rwatewe n’amasasu yumvikanye hafi […]

Uwarokotse jenoside yasobanuriye urukiko uko yagizwe umugore afite imyaka 11

Urubanza rwa Dr Munyemana Sosthène uburana ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu mu rukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa, rwakomeje kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2023 humvwa ubuhamya. Ubuhamya bwa mbere bwumviswe ni ubw’umugore w’imyaka 40, akaba ari mu batangabuhamya b’umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umwe mu baregera indishyi. Uyu mutangabuhamya […]

Inteko ya EAC yatangaje ko itakwivanga mu bibazo by’u Rwanda na RDC

Imirimo ya EALA iri gukorerwa mu Rwanda kuva ku wa 23 Ugushyingo kugeza ku wa 7 Ukuboza

Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EALA), Ntakirutimana Joseph, yatangaje ko we na bagenzi be badashobora kwivanga mu bibazo by’umutekano biri ku rwego rwa Repubulika ya demukarasi ya Congo n’u Rwanda. Ibi yabivuze kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2023 mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, ubwo yabazwaga ku mwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na […]

Mu bujurire bwa Yongwe hongeye kugarukwa kuri video yafashwe yaka amaturo

Harelimana Joseph uzwi nka Apotre Yongwe yongeye kujya imbere y’Urukiko aho yaburanye ku bujurire ku ifungurwa ry’iminsi 30 y’agateganyo aho mu by’ibyifashishijwe muri urwo rubanza harimo n’amashusho yafashwe yaka amaturo. Ni urubanza rwabereye mu rukiko rwisumbuye rwa Gasabo,aho uyu mugabo yageze mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 27 Ugushyingo 2023. Yongwe ubwo yatangaga […]

Rutshuru: Imitwe ibiri igize Wazalendo yasubiranyemo ipfa imisoro itemewe

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 26 Ugushyingo, mu Mujyi wa Kibirizi, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, habaye imirwano hagati y’imitwe ibiri y’inyeshyamba zigize ikiswe Wazalendo. Amakuru yatangajwe n’igipolisi avuga ko iyo mitwe ibiri y’inyeshyamba yarwaniraga kugenzura ahantu ndetse n’imisoro, ari iyoborwa n’uwitwa Kasuka n’undi uyoborwa n’uwiyise Commander Rouge. Ubwo barasanaga, […]

Rutsiro:Bamaze imyaka 6 batarahabwa ibyangombwa by’ingurane z’amazu bahawe

Mu murenge wa Kivumu mu karere ka Rutsiro hari abaturage batabaza inzego zibishinzwe nyuma y’uko ngo bahawe ingurane z’amazu ntibahabwa ibyangombwa byazo none imyaka itandatu ikaba yirihiritse. Bavuga ko ngo bakuwe mu mazu babagamo bakaguranirwa izindi nzu mu mudugudu w’icyitegererezo wa Karungu imyaka ikaba ibaye itandatu batarahabwa ibyangombwa byayo mazu baguraniwe. Ibi ngo byabaye ubwo […]

Thailand: Umugabo yishe umugore we, nyina na mushiki we ku munsi w’ubukwe bwe

Umukinnyi w’imikino ngororamubiri y’abamugaye ndetse wahoze ari umusirikare yarashe umugeni we n’abandi batatu mbere yo kwiyahura ku munsi w’ubukwe bwe nk’uko polisi yabitangarije BBC. Ku wa Gatandatu ushize, nibwo Chaturong Suksuk w’imyaka 29 na Kanchana Pachunthuek w’imyaka 44 bashyingiranwe mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Thailand. Nk’uko amakuru abitangaza, yavuye mu bukwe mu buryo butunguranye agaruka yitwaje […]

Salva Kiir yataramwe ku bwo kwita Samia Suluhu Perezida w’u Rwanda, Tshisekedi uwa Uganda

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo akomeje kuba igitaramo ku bakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kumvikana avuga ko Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ari Perezida w’u Rwanda, na ho FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa RDC akaba uwa Uganda. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Perezida Kiir yaramukijwe kuyobora umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), asimbuye […]

U Rwanda na RDC birashimirwa uko biri kwitwara mu kibazo cy’impunzi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR, rirashimira u Rwanda na Repubulika ya demukarasi ya Congo ku buryo byakiriye impunzi z’Abanyekongo n’iz’Abanyarwanda no kuba byariyemeje gufasha izifuje gutaha. Ni nyuma y’aho ibihugu byombi bihuriye mu biganiro byiga ku kibazo cy’izi mpunzi, byabereye i Nairobi muri Kenya tariki ya 23 n’iya 24 Ugushyingo 2023, ku butumire […]

Gaza: Agahenge kagomba kurangira kuri uyu wa Mbere gashobora kongerwa

Hamas iravuga ko ishaka kongera agahenge k’iminsi ine kariho muri iki gihe mu mirwano na Israel no kongera umubare w’imbohe zirekurwa. Minisitiri w’intebe wa Israel yavuze ko amasezerano y’umwimerere ashobora kongerwa, ariko ibikorwa bya Israel muri Gaza bizakomeza n’ingufu zose nyuma y’igihe cy’agahenge. Hagati aho, Abandi Banya-Israel benshi bafashwe bugwate n’imfungwa z’Abanyapalestine bagomba kurekurwa kuri […]

Abavandimwe ba Twahirwa babwiye urukiko ko nta ruhare rwe bazi muri jenoside

Abavandimwe ba Twahirwa SĂ©raphin, Nyirasafari EspĂ©rance, Nkuyinzira Jean Baptiste na mwene se Ruzindana Tharcisse babwiye urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi ko nta ruhare rwe bazi muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Urubanza rwa Twahirwa SĂ©raphin rwakomeje tariki ya 24 Ugushyingo 2023, aburana ibyaha bya jenoside n’iby’intambara. Humviswe ubuhamya bw’abarimo aba bavandimwe be babiri […]

RDC:Kiliziya Gatolika yiteze imvururu nyuma y’amatora bitewe n’ubushobozi bucye bwa CENI

Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntiyemera ko Komisiyo y’Amatora muri iki gihugu (CENI) ifite ubushobozi bwo kuyobora amatora ku rwego rwiza rukurikije amategeko. Ibi byagarutsweho na Karidinali Fridolin Ambongo wabaye Archbishop wa Kinshasa kuva 2018, aho ngo asanga iyi komisiyo idafite ubushobozi bwuzuye bwo kugenzura amatora bityo ko hakabaye hari urundi rwego […]

OMS yashyizeho ingamba nshya mu kurwanya kwigunga n’agahinda gakabije

Mu gihe ikibazo cyo kwiheba, kwigunga n’agahinda gakabije bizengereje benshi mu batuye isi, OMS iratangaza ko irimo kuvugutira umuti abafite ibi bibazo aho yatangiye gushyiraho itsinda rishinzwe kugabanya ubwiyongere bw’iki kibazo. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima OMS/WHO, rivuga ko iki kibazo gikomeje gukaza umurego bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo amakimbirane yo mu muryango, amikoro macye […]

Biden ari gucungira hafi ivugururwa ry’amasezerano y’u Rwanda n’u Bwongereza

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, ari gucungira hafi ivugururwa ry’amasezerano ya guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Bwongereza mu gihe byitezwe ko ashobora kujyana no kwikura mu bubasha bw’urukiko rw’i Burayi rushinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Urukiko rw’ikirenga rwo mu Bwongereza tariki ya 15 Ugushyingo 2023 rwatesheje agaciro gahunda y’iki gihugu yo kohereza abimukira mu […]

Biden na Qatar baraswe ibyubahiro ku bw’umwana muto wari warashimuswe na Hamas warekuwe

Ababyeyi b’umwana uri mu bari barashimuswe na ‘umutwe wa Hamas barashimira Perezida wa Amerika Joe Biden n’ubuyobozi bwa Qatar bwagize uruhare mu gutuma umwana wabo wari warashimuswe na Hamas arekurwa ubu akaba ameze neza. Umwana w’umukobwa w’imyaka ine ufite ubwenegihugu bwa Israel n’Amerika washimuswe na Hamas mu gitero cyayo mu majyepfo ya Israel cyo ku […]

I Goma humvikanye amasasu menshi

Urusaku rw’amasasu menshi rwaraye rwumvikanye mu mujyi wa Goma, ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 26 Ugushyingo 2023. Ni urusaku rwumvikanye mu bice bitandukanye byo muri uyu mujyi. Bikiba amakuru yavugaga ko harimo haba imirwano hagati y’inyeshyamba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yise Wazalendo n’itsinda ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. […]

Israel iravugwaho gukora ubwicanyi muri Gaza bushobora gukoma mu nkokora agahenge

Umuhinzi w’Umunyapalestine yapfuye undi arakomereka nyuma yo kwibasirwa n’ingabo za Issrael mu nkambi y’impunzi ya Maghazi yo mu karere ka Gaza, nkuko byatangajwe na Croix Rouge y’Abanyapalestine, ikintu gisa nk’igishobora guhungabanya agahenge hagati ya Israel na Hamas. Nta bisobanuro byatanzwe na Israel kuri aya makuru ariko hari impungenge ko bishobora guhungabanya icyiciro cya gatatu cy’umugambi […]