Nigeria: Igisirikare cyasubije abaturage bamaze iminsi bagisaba gukora Coup d’état
Igisirikare cya Nigeria cyateye utwatsi icyifuzo cya bamwe mu baturage b’iki gihugu bamaze iminsi bagisaba guhirika Perezida Bola Tinubu ku butegetsi. Ku mbuga nkoranyambaga abanya-Nigeria bamaze iminsi bahamagarira igisirikare gukora Coup d’état, nyuma y’uko iki gihugu cyugarijwe n’ikibazo cy’ubukungu bwacyo bukomeje kuzamba. Umugaba Mukuru w’Ingabo za Nigeria, Gen Christopher Musa mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, yavuze […]
T.du Rwanda:Itamar Einhorn watwaye agace ka kabiri yatwaye n’akakarindwi
Itamar Einhorn ukinira Israel-Premier Tech ni we wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda kavuye mu Rukomo gasorezwa Kayonza no Uyu munyonzi yanatwaye agace ka kabiri kamuhesheje guhita anaba uwa mbere utwaye uduce tubiri muri iri siganwa ry’uyu mwaka rimaze iminsi irindwi rikinwa. Abakinnyi 74 bahagurutse i Rukomo, bakomeje guhatana mu mihanda ya Gicumbi-Kayonza, […]
RIB ifunze 8 bakekwaho uburiganya mu bizamini by’akazi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze abantu umunani, rukaba rubacyekaho ibyaha by’uburiganya mu ikorwa ry’ibizamini by’akazi. Abafunzwe barimo abagenzuzi b’imari bane; barimo n’uwo mu Kigo cy’Igihugu Gishinzwe Amakoperative (RCA), Uwo mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere mu Rwanda (RGB) uwo mu ka karere Ruhango ndetse n’uwo mu ka Ngoma. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yasobanuye ko […]
DRC:FARDC n’ihuriro ryayo badudubije ibisasu biremereye ku basivili b’i Sake
Ingabo za FARDC, FDLR, Abacanshuro b’abazungu, Abarwanyi ba Wazalendo, Ingabo z’Igihugu cy’u Burundi, n’ingabo za SADC bongeye kurasa ibisasu biremereye mu gice cy’Abasivili mu mirwano bahanganyemo n’Umutwe witwaje intwaro wa M23. Ni igitero iri huriro ryagabye, kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Gashyantare 2024, mu masaha y’igitondo, mu bice bitandukanye by’umujyi wa Saké no mu […]
Nka Amerika nta ntwaro tugiha u Rwanda: Lucy Tamyln
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zimaze igihe zarahagaritse ubufasha bwa gisirikare zajyaga ziha Igisirikare cy’u Rwanda. Byatangajwe na Ambasaderi wazo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lacy Tamyln, ubwo ku wa Gatanu tariki ya 23 Gashyantare yagiriraga uruzinduko mu mujyi wa Goma. Aha i Goma yahakiririwe na Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Général-Major […]
M23 yavuze ku makuru avuga ko yacitsemo ibice
Umutwe wa M23 Ku wa Gatanu yanyomoje amakuru yavugaga ko abawugize bacitsemo ibice, nyuma yo kunanizwa n’umuriro w’amasasu y’Ingabo za RDC. Kuva ku wa Kane w’iki cyumweru ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko iz’abanyamakuru bakorera mu kwaha kwa leta ya Congo, hakwirakwijwe “itangazo rihimbano” ryavugaga ko M23 yacitsemo ibice. Iryo tangazo bigaragara ko ryandikiwe ahitwa i Rubare […]
Inkuru nziza kuri Rudasingwa wa Rayon Sports wajyanwe kwa muganga ikitaraganya
Rutahizamu Rudasingwa Prince wa Rayon Sports yamaze gusezererwa mu bitaro, nyuma yo kugirira ikibazo mu mukino ikipe ye yaraye itsinzwemo na Musanze FC. Ku munota wa 85 w’umukino ubwo Rayon Sports yarimo yotsa igitutu Musanze FC ngo yishyure igitego yari yayitsinze ku munota wa 72, Rudasingwa Prince yakubitanye umutwe na myugariro Muhire Anicet ‘Gasongo’ birangira […]
Charly na Nina bongeye kugaragara mu ruhame
Abahanzikazi Charly na Nina nyuma y’igihe batagaragara yewe nta na makuru yabo azwi mu ruhando rw’imyidagaduro, bongeye kugaragara mu ruhame. Amafoto yabo yagaragaye ubwo barikumwe n’abagaragiye Aurore Kayibanda Mutesi, nyuma yo gushyingiranwa kumugaragaro n’umukunzi we Jacques Gatera. Aba bahanzikazi bamenyekanye mu ndirimbo “indoro”n’ubundi babarizwaga mu itsinda bitiriye amazina yabo(Charly &Nina) , bari baraburiwe irengero abenshi […]
Burundi: Abasirikare barenga 200 barafunzwe
Abasirikare babarirwa muri 220 b’u Burundi, bafungiye mu bice bitandukanye by’icyo gihugu bazira kwanga kujya kurwanya inyeshyamba za M23. SOS Médias Burundi ivuga ko abo basirikare bamaze ukwezi kurenga bafungiye muri gereza za Bururi, Rumonge, Ruyigi na Ngozi. Iki gitangazamakuru kivuga ko hashize ibyumweru bibiri abo muri Bururi na Rumonge bitabye ubushinjacyaha bwa gisirikare kugira […]
Mu mpera za Werurwe abatuye mu duce dusaga 200 bazaba bimuwe
Mu rwego rwo kwirinda ko ibiza bishobora guturuka ku mvura yo mu itumba, Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi ivuga ko yamaze kubarura ahantu 226 hirya no hino mu gihugu hashobora gushyira mu kaga ubuzima bw’abahatuye kugirango bimurwe. Iyi Minisiteri itangaza ko mu mpera z’ukwezi kwa 3 abahatuye bazaba bahakuwe hirindwa ko imvura y’itumba yabagiraho ingaruka. Ikigo gishinzwe […]
Nyuma y’imyaka ine asezeye mu ikipe y’Igihugu y’Ubudage Toni Kroos yisubiyeho
Toni Kroos wari wari umaze imyaka ine asezeye mu ikipe y’Igihugu cy’iwabo mu Budage, yisubiyeho, yemera kongera kuyigarukamo. Uyu mukinnyi w’imyaka 34, asanzwe akina hagati mu ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, akaba yari yasezeye mu ikipe y’Igihugu muri 2020. Nk’uko yabitangaje, Toni Kroos yemeje ko agiye kugaruka mu ikipe y’Igihugu nyuma y’imyaka ine […]
Urunturuntu ku mubano wa Shakib na Zari
Hakomeje kuvugwa urunturuntu ku mubano wa Zari n’umugabo wa Zari Hassan, Shakib Cham, nyuma yo gusiba amashusho yose bari kumwe ku mbuga nkoranyambaga ze bivugwa ko baba bashaka gutandukana. Ku wa kane, tariki ya 22 Gashyantare 2024, Shakib yateje impaka ashyira ku mbuga nkoranyambaga amagambo adasanzwe asa n’uwicuza kuba yarashyingiranwe na Zari Hassan gusa akaba […]
Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye ‘chérie’ we kuri Saint-Valentin
Umunyeshuri wigaga muri muri Koleji ya Nkanka mu Karere ka Rusizi, yirukanwe burundu n’ubuyobozi bw’iri shuri bumuhora kuba ku wa 14 Gashyantare (ku munsi w’abakundana) yarerekanye umukobwa bakundanaga. Uyu musore w’imyaka 22 y’amavuko wigaga Ishami ry’Imibare, Ubutabire n’Ibinyabuzima (MCB), yirukanwe mu gihe yiteguraga gukora ikizamini cya leta gisoza amashuri yisumbuye. Amakuru avuga ko Saint-Valentin yahuriranye […]