Umugaba mukuru na Minisitiri w’Ingabo za Ukraine bigiriye ku rugamba kureba uko byifashe

Kuri iki Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ukraine, Oleksandr Syrskyi na Minisitiri w’Ingabo, Rustem Umerov, yatangaje ko basuye ibirindiro by’ubuyobozi bw’ingabo hafi y’umurongo w’imbere w’urugamba kugira ngo basesengure uko ibintu byifashe. Igisirikare cya Ukraine kirimo guhangana n’Ingabo z’u Burusiya ku murongo w’imbere mu gihe igitero simusiga cya Moscou kimaze kurenga imyaka ibiri. Syrskyi yanditse kuri […]

Abavoka mpuzamahanga batangiye gutegura ibirego ku gisa nka jenoside iri gukorerwa Abatutsi muri RDC

Abanyamategeko barimo Me Bernard Maingain baravuga ko ibirimo kubera mu burasirazuba bwa Congo bijya gusa neza n’ibyabaye mu Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse batangiye gutegura ibirego bigomba kugezwa mu butaberanyuma yo kwakira ubuhamya butandukanye butabaza. Ati: “Ku wa gatanu ushize, itariki ya 16 Gashyantare, ubwo twakoraga ikiganiro n’abanyamakuru i Buruseli kugira ngo tugaragaze ihohoterwa […]

ECOWAS yakuyeho ibihano yari yafatiye Niger, Mali na Burkina Faso

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 24 Gashyantare, Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS) wakuyeho ibihano by’ubukungu n’ingendo kuri Niger, Mali, na Burkina Faso. Komisiyo ya ECOWAS yakuyeho ibihano by’ingendo, ubucuruzi n’ubukungu byafatiwe ibihugu uko ari bitatu byari bigamije guhindura icyemezo cyo guhirika ubutegetsi kwa gisirikare kwabaye muri ibi bihugu mu 2023, 2022, na 2021, […]

Kuki hari ba Minisitiri bajyaho hakagaragara impinduka abandi ukabumvira mu mazina?

Hari abaminisitiri bashyirwaho mu Rwanda nyuma y’ukwezi ukumva izina rye riravugwa kurusha minisiteri ayobora. Akenshi bigaterwa n’impinduka zihita zigaragara. Abandi bakajyaho ukibuka izina ryabo barahira, ukazongera kuryibuka bavuye muri uwo mwanya. Mbese ntumenye impinduka basize. Ibi bigatera kwibaza niba gukora ibigaragara byaba biterwa n’ubushobozi Minisitiri yifitemo cyangwa biterwa n’inshingano zihariye ahabwa n’uwamushyizeho? Kutabikora se bo […]

Namibia: Ramaphosa, Tshisekedi na Ndayishimiye bakomeje kunoza umugambi wo kumara bamwe mu Banyekongo

Perezida wa Afurika y’Epfo, CyrilRamaphosa yakoranye inama na Perezida Felix Tshisikedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Perezida w’u Burundi, à‰variste Ndayishimime, ndetse na Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera wa Malawi. Aba bakuru b’ibihugu bose bohereje ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufasha FARDC kurwanya inyeshyamba za M23, babonanye mu gitondo cyo […]

M23 irashinja FARDC, FDNB, SADC na MONUSCO kuramuka bibasira ibice bituwe muri Masisi

«  Kuva saa kumi n’imwe za mugitondo, ingabo zifatanyije n’ubutegetsi butemewe bwa Kinshasa by’umwihariko, FARDC, FDLR, Abacanshuro, inyeshyamba, Ingabo z’u Burundi n’Ingabo za SADC, zishyigikiwe na MONUSCO binyuranyije n’amasezerano mpuzamahanga yose n’imyanzuro y’Umuryango w’Abibumbye, bateye uturere dutuwe cyane muri Nyenyeri, Bitare no mu nkengero, bakoresheje imbunda zirasa kure nini n’ibifaru by’intambara  », uyu ni Umuvugizi […]

Nyamasheke: Umubyeyi yahanutse ku mukingo ahita apfa

Uwitwa Umazekabiri BĂ©atha w’imyaka 60, wo mu Mudugudu wa Butare, Akagari ka Butare, Umurenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke, biravugwa ko yahubutse ku mukingo agahita apfa ubwo yajyaga mu mahugurwa ku kagari, ajyanye no kwiteza imbere binyuze mu kwizigamira bahabwa n’umushinga ubibahuguramo. Niyitegeka JerĂ´me, uyobora Umurenge wa Gihombo, yabwiye Imvaho Nshya, dukesha iyi nkuru, […]

Komanda w’Ingabo za MONUSCO arishimira uko ibikorwa byo kurinda Sake biri kugenda

Komanda w’ingabo za MONUSCO, General Diouf Khar, yavuze ko anyuzwe, n’uko ibikorwa bya gisirikare biri kugenda mu karere k’imirwano i Sake muri Kivu y’Amajyaruguru. General Diouf Khar ku wa Gatanu, itariki ya 23 Gashyantare yabwiye abanyamakuru ubwo yari mu butumwa bw’ubugenzuzi mu mujyi wa Sake: Ati: “Nari mpari kugira ngo mbaze ibijyanye n’imikorere y’abasirikare. Nabonye […]

Donald Trump yakubitiye inshuro byoroshye Nikki Haley iwabo muri Caroline y’Amajyepfo

Donald Trump arabura gato ngo atsindire kandidatire y’ishyaka ry’Abarepublikani nyuma yo gutsinda cyane Nikki Haley amutsindiye iwabo muri Caroline y’Amajyepfo. Uwahoze ari perezida yatsindiye uwo bahanganye w’ibanze iwabo amurusha amajwi 20, mu ntsinzi ye ya kane yikurikiranya. Donald Trump ntacyo yavuze ku mukeba we ubwo yishimiraga intsinzi, ahubwo ahanze amaso amatora rusange yo mu Gushyingo […]

Ngororero: Bane bafatanwe toni y’amabuye y’agaciro bacukuraga bakanagurisha magendu

Polisi y’u Rwanda yaburiye abishora mu bikorwa byo gucukura no gucuruza amabuye y’agaciro batabifitiye Uruhushya, ishimira abaturage bakomeje kugaragaza ubufatanye mu gukumira no kurwanya ibyaha. Ni nyuma y’uko ku bufatanye n’abaturage, kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Gashyantare, mu Kagari ka Kanyana, umurenge wa Sovu mu Karere ka Ngororero, hafashwe abantu bane bari bafite […]

Impaka hagati y’abanyeshuri na Kaminuza y’u Rwanda zabuze gica

Abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda, by’umwihariko abiga mu mashami arimo ay’ubuvuzi barasaba ko igihe bongereweho cyo kwiga cyakurwaho bagataha bakaruhuka, kuko igihe bongereweho babona cyaraje mu buryo budasobanutse ndetse ntabisobanuro banahabwa, kandi nyamara bari barasoje amasomo yose bagombaga kwiga mu mwaka w’amashuri wa 2023 – 2024. Mu itangazo ryasohotse taliki ya 16 Mutarama 2024, […]