Niba ushaka kongera ibiro gerageza ntukabure aya mafunguro ku meza yawe
Abantu benshi usanga bifuza kunanuka bitewe n’amahitamo yabo ariko kandi hakaba hari n’abifuza kongera ibiro bitewe n’impamvu zigiye zitandukanye. Abahanga mu by’imirire usanga batanga inama y’imirire haba ku bashaka kunanuka cyangwa ku byibuha. Urubuga Medical news to day igaragaza amwe mu mafunguro umuntu yafatanga akongera ibiro.Muri ibyo harimo; 1 – Imineke Ushobora kurya umuneke nyuma […]
Police VC ihagarariye u Rwanda, yateye mpaga VGR yo muri Congo
Ikipe ya Police VC ihagarariye u Rwanda mu mikino Nyafurika iri guhuza amakipe ava mu ibihugu bitandukanye yateye mpaga VGR (Volleyball Club Garde Republicaine) yo muri Congo. Mu misiri hakomeje imikino nyafrika ihuza amakipe yo mu bihugu bitandukanye (African Volleball Club Championships) yitabiriwe n’amakipe arimo Gisagara VC na Police VC yo mu Rwanda. Kuri uyu […]
RDC: Uwahoze ari minisitiri arashinjwa kwica umugore we ukomoka muri Madagascar
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 14 Mata 2024, ubutabera bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwataye muri yombi uwahoze ari Minisitiri wungirije wa Hydrocarbures ku butegetsi bwa Joseph Kabila, Moussa Mondo, ukurikiranweho kwica umugore we ukomoka muri Madagascar. Nk’uko amakuru menshi abishimangira, uyu muyobozi ukiri muto mu ishyaka ry’Abaturage riharanira Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD) yakubise […]
Nkurunziza Jean Paul n’umugore we bibarutse imfura
Nkurunziza Jean Paul wahoze avugira ikipe ya Rayon Sports n’umugore we Nkusi Gogo wihebeye APR FC, bibarutse imfura. Nyuma y’amezi agera ku 9 aba bombi barushinze baje kwibaruka umwana wabo w’imfura. Jean Paul na Gogo bibarutse imfura y’umukobwo nyuma y’igihe kingana n’amezi 9 bamutegereje. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Nkurunziza Jean Paul yatangaje ko […]
Ubazanyeho intambara akabyicuza – Perezida Kagame

Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kugira umutima wo kwanga agasuzuguro no guharanira ko hatagira ubasuzugura ndetse ko no mu gihe byaba ngombwa ko bapfa bakwiye gupfa bahangana. Umukuru w’Igihugu yabivuze kuri uyu wa 15 Mata 2024 ubwo yagezaga ijambo ku basirikare bashya bo ku rwego rwa Sous- Lieutenant binjiye mu ngabo z’u Rwanda (RDF). Yifashishije urugero […]
Minani Samuel ni umugabo wihinduye umugore ku ngufu – Amafoto

Aho ageze hose bamwamaganira kure bamwita umutinganyi gusa we ahamya ko atari we aho yemeza ko ari umugabo kuko anafite umugore n’abana. Uwo ni uwitwa Samuel Minani wo mu Burundi usanzwe ari umugabo gusa yitwara nk’abagore kuko yambara imyenda y’abo ndetse kandi yisiga n’ibirungo by’ubwiza bizwi ku bagore. Aho ageze hose bamwamaganira kure kubera imico […]
Perezida Kagame yashimiye ababyeyi bashishikarije abana babo kwinjira muri RDF
Umukuru w’Igihugu akaba n’umugaba mukuru w’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Kagame yashimiye ababyeyi bashyigikiye bakanashishikariza abana babo kwinjira mu mwuga w’Igisirikare. Yabivugiye mu kigo cy’ishuli rikuru rya gisirikare rya Gako mu ntara y’Uburasirazuba kuri uyu wa Mbere taliki 15 Mata 2024, ubwo yari mu muhango wo kwinjira kw’aba ofisiye bashya basaga 600 binjiye mu ngabo […]
London: Itegeko ryo kohereza abimukira mu Rwanda rigiye kongera guhanganisha abasenateri n’abadepite
Kuri uyu wa Mbere, abadepite mu Bwongereza bari biteguye kujugunya ku bwinshi ubugororangingo burindwi bwakozwe n’abasenateri ku mushinga w’itegeko rya Minisitiri w’Intebe Sunak ushaka ko wemezwa mu Nteko mu mpera z’iki cyumweru. Abadepite bavuye mu kiruhuko cya pasika kandi ikintu cya mbere cy’ingenzi kuri gahunda y’umunsi ni umushinga w’itegeko utavugwaho rumwe cyane minisitiri w’intebe yashimangiye […]
Biravugwa ko Davido yaba ari guca inyuma umugore we
Davido uzwi cyane nk’icyamamare mu muziki mu njyana ya Afrobeats, biravugwa ko yaba ari mu munyenga w’urukundo hamwe n’umunyamideli wibera muri Amerika. Uyu muhanzi Davido ukomoka mu gihugu cya Nigeria, ni umwe mu bahanzi nyafurika bafite ibikorwa bikomeye by’umwihariko mu muziki, aho afatwa nk’umwe mu batunze agatubutse ku mugabane wa Afurika, ari no mubavuga rikijyana. […]
Ibihugu 10 bifite abagabo bibitseho ibitsina binini ku isi

Abagabo bo muri Ecuador bari kwishimira ubushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi b’Abadage bwabashyize ku mwanya wa Mbere w’abafite ibitsina binini ku isi. Mu bushakashatsi bugera kuri 40 bwakozwe kuri iyo ngingo, bwerekanye ko abagabo bo muri Ecuador bibitseho ibitsina bya rutura kurusha abandi ku isi yose. Mu nyandiko y’ikinyamakuru The Mirror, yerekana ibihugu 10 biza imbere ku […]
Nigeria: Imyaka 10 irashize abakobwa ba Chibok bashimuswe
Ku ya 14 Mata 2014, intagondwa z’abayisilamu zagabye igitero ku ishuri ryisumbuye rya Leta ry’abakobwa mu mudugudu wa Chibok muri Leta ya Borno maze bashimuta abakobwa bagera kuri 300 mu gihe biteguraga ibizamini bya siyansi. Kuri iki cyumweru abagize ingaruka kuri ibyo bitero n’abandi baturage bateraniye I Lagos mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 […]
Burundi: Umunyamakuru Sandra Umuhoza wahoze akorera Bonesha Fm akomeje kubura
Sandra Muhoza, umunyamakuru w’ikinyamakuru “La Nova-Burundi” mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu, yaburiwe irengero kuva ku wa Gatandatu nyuma ya saa sita. Yabuze nyuma yo kwitabira rendez-vous yari afitanye n’umunyemari wegereye CNDD-FDD wamuhamagaye ngo amuhe amakuru. Abapolisi baho ngo baba barabwiye umugabo we ko bamufunze ariko ntibamuha ibisobanuro birambuye. Ikiganiro cyagombaga kubera mu Mujyi wa Ngozi, aho […]
Mu myaka itanu hamaze kuboneka imibiri isaga ibihumbi 125 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside
Kuva mu myaka itanu ishize hirya no hino mu gihugu, hamaze kuboneka imibiri isaga ibihumbi 125 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside muri Mata 1994. Umuryango urengera inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ‘IBUKA’ ivuga ko ari imibiri y’abatutsi bishwe ikajugunywa mu bice bitandukanye ariko mu myaka itanu ishize isaga ibihumbi 125 ikaba yarabashije kubonwa.Iyi mibiri yabonetse ahanini […]
Eddy Kenzo yabyaranye na Minisitiri
Umuhanzi Edirisa Musuuza wamenyekanye nka Eddy Kenzo, yemeje umubano we udasanzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, Phiona Nyamutoro. Hahize iminsi Eddy Kenzo ahakana ko yaba ari mu rukundo na Minisitiri Phiona Nyamutoro. Ku wa Gatatu w’icyumweru gishize ubwo yari ari mu gitaramo Eid Show cyabereye ahazwi nka Comedy Store muri Uganda, […]
Byifashe bite mu burasirazuba bwa Congo?

Amakuru y’uko ibintu byifashe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko mu Ntara ya Kivu ya Ruguru iherereye mu Burasirazuba bw’icyo gihugu ahakomeje intambara hagati ya M23 n’igisirikare cya Leta y’icyo gihugu gifatanyije n’abafatanyabikorwa barimo SADC, Ingabo z’Uburundi, Inyeshyamba za FDLR, WAZALENDO n’abacanshuro. Uko ibintu byifashe kugeza kuri uyu wa 15 Mata 2024: 1. Icyumweru […]
Myugariro Evan yaguye mu kibuga bitunguranye

Myugariro wa AS Roma, Evan Ndicka yaguye mu kibuga mu mukino wahuzaga AS Roma na Udinese Imana ikinga akaboko ntiyapfa. Evan Ndicka yaguye mu kibuga abantu bagira ubwoba ko na we yaba agiye kuba nk’abandi bakinnyi batandukanye bagiye bagwa mu kibuga bakahasiga ubuzima, gusa we yaje kurokoka. Ku munota wa 71 myugariro wa AS Roma, […]
Amerika yavuze ko ititeguye kwifatanya na Israel mu kwihorera kuri Iran
Abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuze ko ibiro bya Perezida Joe Biden, byaburiye ko iki gihugu kitazajya mu gitero na kimwe cya Israel cyo kwihorera kuri Iran, nyuma y’aho iki kigabye kuri Israel igitero cya mbere giturutse ku butaka bwacyo nyuma y’imyaka myinshi ishize. Indege za drones na za misile byose hamwe birenga […]
APR FC yaciwe arenga Miliyari ku mukinnyi wa Yanga
Ikipe y’ingabo z’igihugu, APR FC yakomanze muri Yanga Africans yo muri Tanzania ishakamo umukinnyi maze bayica amafaranga arengaho gato Miliyari y’amafaranga y’u Rwanda. Hashize ibyumweru bigera kuri Bibiri APR FC isabye Yanga Africans kuyiha umukinnyi wayo ukina mu kibuga hagati, Stephane Aziz Ki w’imyaka 28 gusa uyu mukinnyi bamushyize ku biciro bihanitse. Binyuze mu bashinzwe […]
Uganda: CMI yahahamuye Abanyarwanda mu myaka ishize yahindutse DIS
Ubuyobozi bukuru bw’ubutasi bwa gisirikare muri Uganda (CMI) buherutse guhindura izina bwitwa Defence Intelligence and Security (DIS) mu mpinduka ziheruka gukorwa muri UPDF. Mu itangazo ryashyize ahagaragara, Minisiteri y’Ingabo n’ibikorwa by’abavuye ku rugerero yerekanye ko bitewe n’ishyirwaho rya UPDF ryatangijwe na Perezida Museveni muri Gashyantare, amazina y’ibiro bimwe na bimwe muri UPDF yahindutse, guhera ku […]
DRC: Abarenga 50 baridukiwe n’umusozi baburirwa irengero
Ku wa Gatandutu w’icyumweru gishize nibwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hamenyekanye amakuru y’umusozi waridukiye abantu barenga 50 baburirwa irengero. Uku kuriduka kwaturutse ku buhehere bwatewe n’imvura nyinshi yaguye mu mpera z’icyo Cyumweru aho abarenga 50 bakoraga imirimo itandukanye aribo byamenyekanye ko baburiwe irengero, naho abagera kuri 12 bahasiga ubuzima. Umusozi waridutse ni uwo […]
Tariki 15 Mata 1994: Abatutsi bahungiye mu yari Komini Muhazi babanje kwirwanaho
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 15 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 mu cyahoze ari Komini Muhazi, ubu ni mu Karere ka Rwamagana, […]
Masisi: Rukomeje kwambikana hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo
Kuri uyu wa Mbere mu gitondo, imirwano yongeye kuba hagati y’Ingabo za Congo (FARDC) zishyigikiwe n’abarwanyi ba wazalendo na M23 muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka aha agararagara kuri X avuga, iyi mirwano iravugwa i Nyamubingwa, muri Gurupoma ya Mupfunyi Shanga, muri Teritwari ya Masisi. Ku Cyumweru, hari habaye […]
Umwaka ushize Uganda yakiriye impunzi zisaga ibihumbi 130
Uganda ni cyo gihugu cya mbere muri Afrika gicumbikiye impunzi nyinshi ku buryo mu mwaka ushize wonyine, yakiriye abarenga 130,000. Akenshi baba bahunga intambara muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Sudani, Sudani y’Epfo, na Somaliya.Ubwinshi bw’izi mpunzi butuma ibihugu bitandukanye bitanga inkunga kugirango irengere izi mpunzi. Leta zunze ubumwe z’Amerika iherutse gutanga inkunga y’inyongera y’amadolari […]
Niger: Abaturage bariye karungu kubera igisirikare cya Amerika kiri ku butaka bwabo
Mu gihugu cya Niger ababarirwa mu magana bitabiriye imyigaragambyo yo kwamagana ingabo z’amahanga muri Niger, harimo n’ingabo z’Amerika zifite ibirindiro bya gisirikare mu majyaruguru y’iki gihugu. Abigaragambyaga bateraniye mu murwa mukuru wa Niamey mu mpera z’icyumweru gishize batabaza imiryango itegamiye kuri leta kubabishyigikira mu kumvisha ubutegetsi ko bakwiye kwamagana ingabo z’amahanga zafashe ibirindiro muri iki […]
Goma: Undi murambo wasanzwe ureremba hejuru y’amazi
Impfu za hato na hato mu mujyi wa Goma zikomeje kwiyongera umunsi ku munsi ,aho bikomeje guteza umwuka mubi hagati y’ubiyobozi n’abaturage. Byarushijeho gukara ku munsi w’ejo hashize taliki 14 Mata 2024, ubwo umurambo w’umusore warerembaga mu kiyaga cya Kivu ku mwaro w’ahazwi nka Bisengimana port. Aya makuru yamenyekanye nyuma y’uko umuyobozi wa sosiyete Sivili […]