RRA izagurisha mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye i Masaka doubai port
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 28 Kamena 2024, hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa biri ku mugereka wiri tangazo , bibitse i Masaka doubai port. Iyi cyamunara izabera ahakorera ishami ry’ikigo cy’imisoro n’amahoro rishinzwe kurwana magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda i Masoro saa tatu za mu gitondo (09h00 am) . Abifuza kugura […]
Diyosezi Gatorika za Bukavu na Cyangungu ntizishaka kwivanga mu bibazo bya RDC n’u Rwanda
Komisiyo zishinzwe ubutabera n’amahoro (CDJP) za Diyosezi Gatolika ya Bukavu muri DRC na Cyangugu mu Rwanda ziyemeje ko amakimbirane ya politiki hagati y’ibihugu byabo atazagira ingaruka ku mibanire hagati ya diyosezi zombi zituranye. Iyi mihigo yemejwe mu nama nyunguranabitekerezo yo kubungabunga ibidukikije, amahoro n’umutekano ibera i Bukavu, muri Kivu y’Amajyepfo, yatangiye ku wa Gatatu, itariki […]
Haruna Niyonzima yavuje umugore w’inshuti ye wari urwaye kanseri
Haruna Niyonzima yashimiwe bikomeye n’umwe mu bakunzi be kuba yaramuhaye ubufasha bumwunganira kuvuza umugore we wari urembejwe na kanseri yaje gukira burundu kubera ubufasha yahawe n’uyu musore. Uyu mukinnyi ukinira Al Ta’awon yo muri Libya ari mu Rwanda aho ari mu kiruhuko ndetse akaba ari gukina irushanwa ritegura umwaka utaha w’imikino ku bakinnyi babyifuza rya […]
Birinda kugona! Ibyo wamenya ku byiza byo kuryamira ibumoso
Hari ibyiza byinshi bitangaje iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo bikamufasha gusinzira neza, kandi akagira ubuzima butarimo ibizazane. Ubushakashatsi bwerekanye ko hari ingaruka nziza bigira ku mikorere y’igifu iyo umuntu aryamiye uruhande rw’ibumoso, nubwo bimeze gutya ariko ku muntu ufite ibibazo by’umutima agirwa inama yo […]
Diane Rwigara yijunditse Perezida Kagame
Umunyapolitiki Shima Diane Rwigara yijunditse Perezida Paul Kagame, amushinja kuba ari we watumye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yanga kumutangaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena ni bwo Komisiyo y’amatora yatangaje Diane Rwigara mu bakandida batemerewe kwiyamamaza, nyuma yo gusanga hari bimwe mu byangombwa basabwaga ngo bemererwe […]
Rayon Sports yatakaje abandi bakinnyi
Nyuma y’uko Rayon Sports itandukanye n’abakinnyi batanu barimo umunyezamu Hategekimana Bonheur, umurundi Emmanuel Mvuyekure, ba rutahizamu babiri AlsĂ©ny Camara Agogo, Paul Alon Gomis ndetse n’umunya-Maroc Youssef Rharb yongeye gutandukana n’abandi. Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukanya n’abakinnyi babiri barimo umugande Simon Tamale na Ndekwe FĂ©lix, bombi bari basoje amasezerano. Amakuru yo gutandukana n’aba bakinnyi yemejwe […]
Yemen: Inyeshyamba z’abahuthi zashimuse abakozi ba Loni
Ku wa gatanu, inyeshyamba z’aba Houthi zo muri Yemeni zashimuse abakozi barenga icumi b’abatabazi, barimo n’abakozi b’umuryango w’abibumbye bagera kuri cumi n’umunani, mu buryo bugaragara ko bwari bwateguwe,abo bakozi bashimutiwe mu bice bine byigaruriwe n’izo nyeshyamba, nk’uko byatangajwe n’umuryango w’ububanyi n’amahanga ndetse n’umuryango utegamiye kuri Leta wa Yemeni. Kugeza ubu ntabisobanuro biratangwa n’abahuthi ku ishimutwa […]
Kinshasa: 53 bashinjwa gushaka gukora Coup d’Etat bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare
Abantu bagera kuri 53 bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi bagejejwe imbere y’urukiko rwa Gisirikare rwabereye muri gereza ya Ndolo kuri uyu wa Gatanu taliki 07 Kamena 2024. Aba bakekwaho kuba baragize uruhare muri coup d’Etat yapfubye . Bashinjwa ibyaha birindwi birimo kugaba igitero, iterabwoba, gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko, gushaka kwica, umugambi mubisha, […]
M23 yungutse amaboko mashya
Ishyaka Front Citoyen pour la DignitĂ© du Congo (FCDC) rwatangaje ko ryahisemo kwiyunga ku ihuriro AFC ribarizwamo umutwe wa M23, mu rwego rwo gushyira iherezo ku bikorwa bibi by’ubutegetsi bwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi. Iri shyaka ryemeje ko ryahuje amaboko na AFC/M23 biciye mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi waryo, AMANI Steven. FCDC ni ishyaka rigizwe na bamwe […]
Nyagatare: Umwana w’imyaka 10 yabeshye ko abonye mugenzi we agwa mu bwiherero buhita busenywa
Ubuyobozi bw’ urwunge rw’amashuri cya Rukomo ruhereye mu Murenge wa Rukomo mu Karere ka Nyagatare bwemeje ko kuwa Kane tariki 6 Kamena 2024 hari umwana wiga mu mwaka wa Kabiri mu mashuri abanza , wabeshye ko hari umwana muto uguye mu bwiherero ariko nyuma yo kubusenya avuga ko yabeshyaga . Amakuru avuga ko nyuma y’uko […]
Perezida Kagame yahawe igihembo cy’ishimwe na ALU
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Kamena, yahawe igihembo cy’ishimwe na Kaminuza Kaminuza Mpuzamahanga y’Imiyoborere ya African Leadership University. Ni igihembo Umukuru w’Igihugu yashyikirijwe ubwo yari yitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri babarirwa muri 400 barangije muri iriya Kaminuza. Umuyobozi Mukuru wa ALU akanaba uwayishinze, Fred Swaniker. Perezida Kagame yashyikirijwe iki […]
IsraĂ«l-Hamas : 33 baguye mu iraswa ry’ikigo cy’ishuri
Abashinzwe ubuzima bavuga ko igitero cya Isiraheli giherutse kwibasira ishuri ry’impunzi z’Abanyapalestine rwagati muri Gaza cyahitanye byibuze abantu 33, barimo abagore n’abana 12. Ingabo za Isiraheli zavuze ko abarwanyi ba Hamas bakoreraga imbere mu ishuri. Uru ni rumwe mu ngero rugaragaza akaga k’abanyapalestine bagerageza gushaka ubuhungiro mu gihe Isiraheli yaguye ibitero byayo. Nyuma y’umunsi umwe, […]
Senateri Mupenzi yeguye
Mupenzi George wari umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yeguye ku mirimo ye. Amakuru y’ubwegure bwe yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko mu butumwa yanditse ku rubuga rwayo rwa X. Iti: “Ku wa 6 Kamena 2024, Perezida wa Sena yakiriye ibaruwa y’ubwegure ku murimo w’Ubusenateri ya Mupenzi George ku mpamvu ze bwite.” Mupenzi yari umusenateri muri […]
Zimbabwe: Bakatiwe imyaka 40 bashinjwa gufata ku ngufu umukecuru basanze asinziriye
Mu gihugu cya Zimbabwe hari kuvugwa inkuru y’abasore babiri bari mu kigero cy’imyaka 23 na 21, aho urukiko rwabahamije icyaha cyo gufata ku ngufu umukecuru w’imyaka 76 ubwo bamusangaga iwe asinziriye. Urukiko rw’i Harare rwatangaje ko abasore babiri bahamijwe icyaha nyuma y’uko muri Gicurasi tariki 28 2024 ari bwo binjiraga mu rugo rw’umukecuru bwije bakabanza […]
Abasirikare 7 ba Bénin biciwe mu gitero muri Parike ya Pendjari
Abantu bitwaje imbunda bishe abasirikare barindwi ba BĂ©nin mu gitero cyagabwe muri parike y’igihugu ya Pendjari mu majyaruguru y’igihugu, hafi y’umupaka na Burkina Faso nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano kuwa Gatatu. Amakuru ntagaragaza abo bantu bitwaje intwaro abo ari bo, ariko igitero cyo ku wa Kabiri nicyo giheruka mu gace k’umupaka aho Benin ikomeje gu n’ubwiyongere […]
Niba umara kurya bigafata igihe kinini ngo kugirango wongere gusonza fata iri funguro
Abantu benshi by’umwihariko muri Afurika usanga bafata amafunguro runaka ariko bamwe ugasanga barataka bavuga ko bagugaye bityo bikabagora kongera gusonza. ku bahura n’icyo kibazo rero usanga abahanga mu mirire babagira inama gufata amafunguro atandukanye ariko by’umwihariko ibishyimbo n’imboga zirimo imiteja. Nk’uko tubikesha urubuga rwa interineti lesjardinslaurentiens.com, ibishyimbo bimaze imyaka ibihumbi bivumbuwe n’abashakashatsi, bavuga ko byagaragaye […]
Karongi: Abimuwe kubera ibiza ntibavuga rumwe n’ubuyobozi ku ngingo yo kubatuza

Abaturage bo mu karere ka Karongi bimuwe mu byabo n’ibiza, ntibavuga rumwe n’Ubuyobzoi bw’akarere ku ngingo yo kubatuza, dore ko bavuga ko batishoboye bakaba barasabwe kwigurira ibibanza kugira ngo bubakirwe. Aba baturage bavuga ko batishoboye ni abakomoka mu miryango 48 yimuwe mu butaka bwibasiriwe n’Ibiza izuba riva, ubutaka aho bwiyashije bugatangira kugenda, ho mu mudugudu […]
RDC: Hagaragajwe umukomando wahawe akazi ko kwica Corneille Nangaa

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ku wa Kabiri, itariki ya 4 Kamena 2024, yashyize ahagaragara ifoto y’umuntu wambaye gisirikare bivugwa ko ari umukomando wahawe akazi ko kwica Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo, Corneille Nangaa. Uyu mugabo ufite imbunda ya mudahusha bahaye izina rya Ndayisaba Rodrigue uvuga ko yiteguye gukuraho Corneille Nangaa. […]
Musanze: Hamuritswe ibikorwa remezo u Rwanda rwubatse rufatanyije n’u Bubiligi (Amafoto)

Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena 2024, mu karere ka Musanze hamuritswe imishinga y’iterambere ry’ibikorwa remezo bitandukanye byubatswe na Leta y’u Rwanda ibifashijwemo n’iy’u Bubiligi. U Bubiligi bwafashije u Rwanda kubaka ibi bikorwa remezo binyuze mu kigo cyabwo gishinzwe iterambere, Enabel. Ibikorwa remezo byamuritswe harimo Ikigo cy’urubyiruko cya Musanze giherereye mu murenge wa Muhoza, […]
Abarenga 2600 bakoreye ibizamini mu kigo cya Busanza bamaze gutsindira ‘Perimi ‘
Abantu bagera ku bihumbi 2621 bangana na 40% bamaze gutsindira Perimi yo gutwara ibinyabiziga nyuma y’ukwezi kumwe Ikigo cya Busanza gifunguwe. Byatangajwe na Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda kuri uyu wa Kane. Aba batsinze bamaze gukorera ibizamini byo gutwara ibinyabiziga mu kigo cya Polisi y’u Rwanda gishinzwe gukoresha ibizamini n’impushya zo […]
Ingabo za Sudani zijeje igisubizo gikaze ku gitero cya RSF cyahitanye abasaga 100
Kuri uyu wa Kane, Igisirikare cya Sudani cyavuze ko kizatanga “igisubizo gikaze” ku gitero cy’umutwe witwara gisirikare wa Rapid Support Forces, kuwa Gatatu, bivugwa ko cyahitanye abantu barenga 100. Iki gitero nicyo kinini mu bitero byinshi by’abarwanyi ba RSF ku midugudu mito yo hirya no hino muri leta ikungahaye ku buhinzi nyuma yo kwigarurira umurwa […]
Ngoma: Bahangayikishijwe n’imbwa zizerera ku gasozi zirya abaturage
Abaturage batuye mu tugari twa Musya na Rwikubo ,mu Murenge wa Rurenge mu karere ka Ngoma, bavuga ko bahangayikishijwe n’imbwa zizerera ku gasozi zikarya bamwe muri bo cyangwa abana babo mu gihe basaba ubuyobozi kubatabara izo mbwa zikicwa . Umwe mu baturage avuga ko imbwa y’umuturanyi we yamuririye umwana, asabye nyiri iyo mbwa kumufasha kuvuza […]
U Rwanda rwafunguye ambasade i Jakarta muri Indonesia

Igihugu cy’u Rwanda cyari gisanzwe gihagarariwe muri Indonesia na Ambasaderi Jean de Dieu Uwihanganye, ufite icyicaro muri Singapore, cyafunguye ku mugaragaro ambasade yacyo muri Indonesia, mu murwa mukuru, Jakarta. Iyi ambasade yafunguwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta na mugenzi we wa Indonesia, Retno Marsudi, ku wa Kane, itariki ya 6 Kamena […]
U Bufaransa bugiye kugurisha kuri Ukraine indege kabuhariwe za Mirage 2005
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko Ukraine igomba kwemererwa gukoresha intwaro yahawe n’ibihugu by’inshuti by’iburengerazuba kugira ngo ihagarike ibitero by’u Burusiya. U Bufaransa bwatangaje ibi nyuma y’umunsi u Burusiya butangaje ko bugiye kwibasira ingabo zabwo ziri muri Ukraine zirimo abarimu ba gisirikare. Kuri uyu wa Kane ushize, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko […]
Abashoferi b’Abarundi baguriraga Lisansi ku mupaka ubahuza na Congo bakomanyirijwe
Ikibazo cyo kubona Lisansi ku bashoferi b’Abarundi cyabaye ingume nyuma y’uko bakumiriwe kuyigurira ku mupaka wa Kavimvira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ubu bucuruzi bwa Lisansi bwabujijwe n’Urwego rushinzwe abinjira n’Abasohoka bakorera ku mupaka wa Kavimvira, umwe mu mipaka ihuza icyo gihugu n’Uburundi. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’uko kuri uyu mupaka habereye impanuka y’ikamyo […]
Amavubi yatsinzwe umukino wa mbere mu itsinda

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yatsinzwe umukino wa Mbere mu itsinda C mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026. Kuri uyu wa Kane taliki ya 6 z’ukwezi kwa 06 2024 kuri sitade ya FĂ©lix HouphouĂ«t Boigny yo muri Cote d’Ivoire Benin yari yakiriye u Rwanda mu mukino w’Umunsi wa Gatatu mu itsinda. Uyu mukino watangiye […]
Espagne yinjiye mu idosiye ya Afurika y’Epfo na Israel
Igihugu cya Espagne kibinyujije kuri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga , Jose Manuel Albares, cyatangaje ko igihugu cyasabye kwinjira mu rubanza Afurika y’Epfo yarezemo Israel mu rukiko mpuzamahanga rw’ubutabera kubera intambara yo muri Gaza . Espagne yiyongeye ku itsinda ry’ibindi bihugu bishaka kwinjira muri urwo rubanza birimo Irlande, na Norvege mu cyumweru gishize byatangaje ko byemera leta […]