Menya Neza Uwo uriwe-EP1
Abantu benshi barwanira ibintu, abandi bakarwanira imyanya, kandi byose birahita vuba, bikibagirana. Ariko umunyabwenge aharanira ibitinda, kandi nta ahandi wabisanga, cyeretse mu Imana. Imibanire y’umuntu n’Imana bitangirira m’urugendo rwe hamwe na Yesu. Uwo, icya mbere kimu baho, uhereye umunsi wa mbere yiyemeje kugendana na Yesu, n’uguhabwa ububasha bwo guhinduka Umwana w’Imana, ndetse umuturage wo m’ubwami […]
Nigeria: Tinubu yashyizeho abayobozi bashya b’umutekano w’imbere n’ubutasi
Kuri uyu wa Mbere, itariki 26 Kanama, Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, yashyizeho abayobozi bashya, ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu (Homeland Security) ndetse n’umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Iperereza (National Intelligence Agency). Ni nyuma y’icyumweru kimwe abari bariho beguye ku buryo butunguranye, mu gihe iki gihugu gituwe kurusha ibindi muri Afurika gihanganye n’inyeshyamba mu majyaruguru y’uburasirazuba ndetse […]
Ibihugu 9 bya Afurika biteraniye mu mahugurwa y’abapolisi i Gishari
Abapolisi 36 bo mu bihugu bitandukanye by’Afurika, kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Kanama, batangiye amahugurwa azamara ibyumweru bibiri, abera mu Ishuri rya Polisi ry’amahugurwa (PTS) riherereye i Gishari mu Karere ka Rwamagana . Ni amahugurwa yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Umutwe w’ingabo z’Afurika y’Iburasirazuba zihora ziteguye gutabara (EASF), hagamijwe guteza imbere […]
Nigeria: Gariyamoshi yagonze umunyamaguru bimuviramo urupfu
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Kanama 2024, humvikanye inkuru y’impanuka idasanzwe; aho umunyamaguru utaramenyekana yagonzwe na gariyamoshi, bakamusanga yangiritse bikomeye ndetse yanapfuye. Iyi mpanuka yabereye mu gace kitwa Oshodi gaherereye muri leta ya Lagos ho mu gihugu cya Nigeria. Ababonye iyi mpanuka iba, bavuga umugabo yari ari kugendera mu nzira […]
U Rwanda rwahaye ibihugu 4 byo muri Amerika yo hagati imfashanyo y’arenga Frw miliyari 1.5
U Rwanda ibihugu bine byo mu birwa bya Carraïbes imfashanyo ingana na $ miliyoni 1.2 (arenga Frw miliyari 1.5), nk’imfashanyo yo kubigoboka kubera imvura y’amahindu idasanzwe yiswe Beryl yabyibasiye mu kwezi gushize. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane yatangaje ko buri gihugu muri ibi bine byahawe imfashanyo ya $300,000. Birimo Grenada, Jamaica, Barbados na St. Vincent […]