Goma: Igisirikare cya Congo kiravugwamo abajura bibisha imbunda mu baturage

gztxkwpwua4ywhd-860x484.jpg

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma bwagaragaje abantu 10 bakekwaho ubujura butandukanye, muri bo harimo abasirikare ba FARDC. Aba bantu bafashwe mu mukwabu umaze icyumweru wiswe gushyiraho bariyeri “Road Bloc”. Mu bafashwe harimo abasirikare ba Congo, FARDC, abasivile bitwaza intwaro zicira umuriro, abashimuta abantu n’amabandi. Komiseri wa Polisi, Kapend Kamand Faustin umuyobozi w’umujyi wa Goma, yavuze ko […]

RDC: Ishyamba si ryeru hagati ya Minisitiri w’Ubutabera n’Umushinjacya Mukuru

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rw’Iremezo rw’umurwa mukuru, Kinshasa, arasaba ko hashakishwa byimazeyo abatorotse bava muri Gereza Nkuru ya Makala ku itariki ya 1 Nzeri 2024. Bagomba “gufatwa” no “kuzanwa imbere y’inkiko zibifitiye ububasha ”nk’uko yabisabye umucamanza. Ni Umuhamagaro uje mu gihe havugwa amakimbirane hagati y’ubucamanza na Minisitiri w’ubutabera, […]

Ministri w’Intebe wa Isirayeli arasaba ONU gukura ingabo zayo muri Libani

Ministri w’Intebe wa Isirayeli, Benjamin Netanyahu, kuri iki cyumweru,tariki ya 13 Ukwakira 2024, yasabye Umuryango w’Abibumbye gukura ingabo zawo mu duce tuberamo intambara muri Libani. Netanyahu yavuze ko ingabo za Isirayeli zasabye kenshi Umuryango w’Abibumbye gukura ingabo zawo muri ibyo bice zivuga ko kuhakorera bizigira ingwate z’abarwanyi ba Hezbollah. Hagati aho abategetsi bo muri Leta […]

Gatsibo: Ukekwaho kwica Karangwa amukubise, yatawe muri yombi

Mu Karere ka Gatsibo,Umurenge wa Muhura,akagari ka Mamfu mu mudugudu wa Akamugenge haravugwa inkuru y’urupfu rw’uwitwa Karangwa wari usanzwe uzwiho gukora akazi ko gutunda amafumbire no gutindura imisarane, bikekwa ko yakubiswe inkoni bikamuviramo urupfu. Inkuru y’urupfu yamenyekanye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, taliki 12 Ukwakira 2024, aho bivugwa ko yakubiswe ku wa Gatanu, taliki […]

Tshisekedi yaba yaranze guhura n’Intumwa Idasanzwe ya EU ku bwende?

gzooxwdwmaot6hf.jpg

Inama zose zari ziteganijwe zari zigijweyo, kandi inama ya Johan Borgstam na FĂ©lix Tshisekedi yemejwe. Icyakora, uhagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Biyaga Bigari na perezida wa RD Congo ntibabonanye, kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 10 Ukwakira, ku munsi wa nyuma w’uruzinduko rwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Perezidansi ya Congo […]

Ese Mirage z’Abafaransa zizamura ubwirinzi bwo mu kirere bwa Ukraine ?

U Bufaransa bugiye kohereza indege z’intambara za Mirage muri Ukraine nyuma yo kongererwa ubushobozi, ariko amezi make nyuma y’igihe cyari giteganyijwe. Muri Kamena, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yasezeranyije ko indege za mbere z’intambara za Mirage 2000 zizashyikirizwa Ukraine mbere y’impera z’umwaka wa 2024. Ubu ariko, Kyiv ntizakira izi ndege kugeza mu mwaka utaha. Ku […]

Hezbollah yigambye kuba inyuma y’imvura ya missiles yibasiye Haifa

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko warashe urufaya rw’ibisasu bya misile ku nkambi y’ingabo za Israel kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 12 Ukwakira, mu gihe abasirikare bayo bari bahanganye n’uyu mutwe muri Libani no mu Ntara ya Gaza, ku munsi wa Yom Kippur ufatwa nk’umutagatifu mu ngengabihe y’Abayahudi . Imijyi yo muri Israel yari ituje, […]

Polisi yafashe amabalo 24 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafashe amabalo 24 y’imyenda ya caguwa, hafatwa n’umugabo w’imyaka 33 y’amavuko, ucyekwaho kugira uruhare mu kuyinjiza mu gihugu mu buryo bwa magendu . Yafatiwe mu cyuho afite amabalo 13 y’imyenda ya caguwa mu isoko rya Nyabugogo mu murenge wa Kimisagara, akarere ka Nyarugenge, ahagana saa […]