Walikale: M23 yigaruriye duce dushya

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu wigaruriye uduce dushya two muri Teritwari ya Walikale, nyuma y’imirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi Teritwari imaze iminsi itandatu iberamo imirwano ikomeye. Amakuru anemezwa na Sosiyete Sivile y’i Walikale aravuga ko imirwano yo kuri uyu wa Gatandatu yasize M23 yigaruriye uduce turimo […]

CAF yateye Libya yitegura gusura Amavubi mpaga

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yateye mpaga ikipe y’Igihugu ya Libya yitegura gukina n’ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ mu kwezi gutaha. Libya yatewe mpaga izira kuburabuza ikipe y’Igihugu ya Nigeria bagombaga guhura muri uku kwezi k’Ukwakira bashaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025. The Super Eagles ya Nigeria yagombaga gusura Libya mu mukino wa kane wo […]

Burundi: Polisi yarashe mu kico 3

Polisi y’u Burundi mu ijoro ryacyeye yarasiye abantu batatu mu ntara ya Ngozi ho mu majyaruguru y’u Burundi, parapfa. Byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu tariki ya 26 Ugushyingo 2024. Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko uru rugomo rwatewe n’“ubusinzi ndetse n’imyitwarire mibi y’abapolisi bakorera kuri Sitasiyo ya Ngozi”. Kuri […]

U Bufaransa bwijunditse M23

Leta y’u Bufaransa yamaganye umutwe wa M23, nyuma yo kubura imirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasize winjiye muri Teritwari ya Walikale. Kuva ku Cyumweru gishize ni bwo imirwano yagati ya M23 n’ingabo za Leta ya Congo yatangiye muri iriya Teritwari. Ku Cyumweru gishize M23 yigaruriye agace ka Kalembe yaje […]

RED-Tabara irigamba kwivugana abasirikare barenga 40 b’u Burundi barimo Lt. Col

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi uravuga ko wiciye muri Kivu y’Amajyepfo abasirikare 45 b’u Burundi, ubwo impande zombi zasakiraniraga mu mirwano. Patrick Nahimana uvugira uyu mutwe yavuze ko imirwano bariya basirikare biciwemo yari imaze icyumweru n’igice ibera mu biturage bya Kaberukwa, Ngumiyano na Ibaciro byo muri Itombwe ho muri Kivu y’amajyepfo. Ni imirwano […]

Umuraperi Lil Durk ufite Grammy Award yatawe muri yombi ashinjwa ubwicanyi

1900x1900-000000-80-0-0.jpg

Mu bintu bitangaje, Umuraperi w’Umunyamerika Lil Durk yatawe muri yombi akurikiranweho icyaha cyo gukodesha abicanyi, bo kwica umuhanzi mugenzi we Quando Rondo, bikaviramo urupfu mubyara wa Rondo mu 2022. Mu ijoro ryo ku wa Kane, ku itariki 24 Ukwakira 2024, Durk, amazina ye nyakuri ni Durk Banks, yajyanywe gufungirwa muri Florida, akaba afungiye muri gereza […]

Israel yihimuye kuri Iran

Israel kuri uyu wa Gatandatu yatangaje ko yarashe ibikorwa remezo bya gisirikare bitandukanye muri Iran, mu rwego rwo kwihimura ku bitero iki gihugu kimaze igihe kigaba ku butaka bwayo. Israel yemeje aya makuru biciye mu muvugizi w’Igisirikare cyayo (IDF). Yavuze ko “mu gusubiza ibitero ubutegetsi bwa Iran bumaze amezi bugaba kuri leta ya Israel, muri […]