Ntabwo turi ubusa: Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yasabye inzego zifite ubutabera mu nshingano zazo gukoresha amategeko ziha Abanyarwanda ubutabera, bitaba ibyo hakazagira ibindi bikorwa. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Ukuboza, ubwo yari amaze kwakira indahiro ya Perezida mushya w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla na Visi-Perezida warwo, Hitiyaremye Alphonse. Perezida Kagame mu ijambo rye yagarutse ku […]
Umunsi wa cumi na rimwe w’imirwano mu majyepfo ya Lubero

Kuva saa kumi n’imwe za mugitondo kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Ukuboza, imirwano ikaze yahuje n’inyeshyamba za M23, zishyigikiwe n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) na Wazalendo, muri Kaseghe. Ku munsi w’ejo nyuma ya saa sita, amakuru ava muri Congo avuga ko amakamyo 18 arimo inyeshyamba za M23 zahagurutse Kiwanja zerekeza […]