Uganda: Anita Among wahoze ayobora abadepite afungiwe iwe mu rugo

Kohereza abashinzwe umutekano kugota urugo ruherereye i Nakasero rw’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Annet Among byakomeje kuri iki Cyumweru, aho amakuru menshi avuga ko kwinjira no gusohoka muri urwo rugo byahagaritswe mu gihe akomeje gukorwaho iperereza ku kwikungahaza mu buryo butemewe n’iyezandonke. Amakuru aturuka mu begereye iyi dosiye avuga ko abasirikare […]

Kinshasa: Inkongi y’umuriro yibasiye urusengero

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 17 Gicurasi 2026, ahagana saa kumi n’imwe za mu gitondo yibasiye urusengero rw’Itorero rya Shekinah Tabernacle, riyoborwa na Pasiteri Richard Diyoka Nsanguluja, riherereye mu gace ka Debonhomme kuri Lumumba Boulevard i Kinshasa mu murwa mukuru wa RDC. Amakururu aturuka muri ako gace aravuga ko ku bw’amahirwe, nta bantu bahasize ubuzima, […]

EU na Kigali mu Ntambara ya Dipolomasi: TotalEnergies Iri hagati y’Umutekano n’Akaga

Mu gihe Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) uri kuganira ku guhagarika cyangwa kudasubizaho inkunga yahaga ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo gucunga umutekano muri Mozambike, haribazwa ibibazo bikomeye ku hazaza h’umutekano wa Cabo Delgado ndetse n’ishoramari rinini rya sosiyete y’Abafaransa Total Energies. Iyi nkunga yatangwaga binyuze muri gahunda ya European Peace Facility, yafashaga mu […]

Minembwe: Drones zibasiye ibice bituwe bya Bidegu, Kalingi na Mikenke

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Gicurasi 2026, guhera saa moya n’igice z’ijoro kugeza ku isaha ya saa kumi za mugitondo kuri iki Cyumweru, itariki ya 17 Gicurasi 2026, ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye igitero cy’amabombe ku turere dutuwe cyane twa Bidegu, Kalingi, na Mikenke muri Minembwe. Ibi bitero byakorewe icyarimwe hakoreshejwe drone za […]

FARDC yahagaritse urujya n’uruza hagati ya Bukavu na Uvira

Urujya n’uruza hagati ya Bukavu na Uvira, imijyi ibiri minini yo muri Kivu y’Amajyepfo, rwongeye guhungabana kuva ku wa Gatanu, itariki 15 Gicurasi 2026. Nk’uko abatwara abagenzi bakoresha iki gice cy’umuhanda w’igihugu nimero ya 5 babitangaza, imodoka zahagarikiwe ahitwa Nganganiro muri Luvungi. Amakuru agera kuri mediacongo.net avuga ko, abasirikare ba FARDC babujije kugera mu gice […]

Rubavu: Umupaka uhuza u Rwanda na RD Congo wafunzwe

Umupaka uhuza Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, hagati y’imijyi ya Goma na Gisenyi, wafunzwe kuva mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki ya 17 Gicurasi, nk’uko amakuru menshi aturuka aho abitangaza. Nta tangazo rirashyirwa ahagaragara n’ubuyobozi bw’u Rwanda cyangwa inyeshyamba za M23 zigenzura Umujyi wa Goma. Gusa, iri funga rije nyuma y’ubukangurambaga bw’ubuzima […]

Gako: Inama nyunguranabitekerezo ku mutekano yasabye Afurika kwigira

Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda ku bufatanye na Kaminuza y’u Rwanda, bateguye inama nyunguranabitekerezo y’umunsi umwe ku mutekano w’igihugu yabereye mu Ishuri rya Gisirikare ry’u Rwanda i Gako. Iyo nama yitabiriwe n’abayobozi bakuru muri Guverinoma barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, ndetse n’abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano. Yahuje abasirikare, […]

Comoros: Imyigaragambyo ikaze yatumye leta ihagarika ibiciro bishya lisansi

Ku wa Gatandatu, Comoros yatangaje ihagarikwa ry’agateganyo ry’ibiciro bishya bya peteroli byashyizweho mu rwego rwo guhangana n’intambara yo muri Iran, nyuma y’uko izamurwa ryabyo ryateje imyigaragambyo ikomeye yiciwemo abantu hirya no hino muri ibi birwa byo muri Afurika y’Iburasirazuba. Ibi byatangajwe nyuma y’uko umuntu umwe yishwe abandi batanu bagakomereka mu guhangana hagati y’abigaragambyaga n’inzego z’umutekano […]